Umusore wiga ubuganga yahuye n’isanganya ubwo yasanga umurambo bamuhaye kwigiraho ari uw’umukunzi we yabuze
•
Birashavuza kumara imyaka n’imyaka ushakisha umukunzi wawe wari warabuze uzi ko uzongera kumubona kuko utazi irengero rye uti ‘wenda azaza’, gusa ibyabaye ku musore w’umunyeshuri witwa Enye Egbe wo muri Nigeria, ni agahomamunwa nyuma yo guhabwa umurambo w’umukunzi we ngo awigireho isomo. . Yahawe umurambo w’umukunzi we ngo awigireho kuvura . Umusore yahuye…
Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi mu nzira zo kwisubiza amatware ya Se
•
Saif al-Islam, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, bamwe bafataga nk’umunyagitugu abandi bakamufata nk’intwari ya Afurika, yatangiye urugendo rwo gushaka uko yakongera kunga abaturage ba Libya nyuma y’imyaka isaga 10 iki gihugu kiri mu kavuyo ka politiki, aho ndetse ateganya no guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu. . Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi arashaka kwisubiza ingoma ya se…
Uwari Minisitiri w’ingabo muri Tanzania yitabye Imana
•
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania uri mu ruzinduko rw’akazi hano mu Rwanda, yatangaje ko Elias John Kwandikwa wari Minisitiri w’Ingabo za Tanzania yitabye Imana. . Elias John Kwandikwa wari Minisitri w’ingabo muri Tanzaniya yapfuye . Elias John Kwandikwa yatabarutse . Perezida Samia Suhulu yihanganishije umuryango wa Min. Elias John Kwandikwa watabarutse Perezida Samia yemeje urupfu…
Mozambique: Ingabo za RDF zaba zivuganye izindi nyeshyamba 70
•
Bivugwa ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zaba zivuganye abandi barwanyi 70 b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu. . Amakuru y’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique . RDF yongeye kwica inyeshyamba muri Mozambique Igitangazamakuru Upstream gifite umwihariko wo gutangaza amakuru ajyanye n’ubucukuzi bw’ibikomoka kuri peteroli…
Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye
•
Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. . Ibitaramo by’abanyarwana i Burundi byasubitswe . Israel Mbonyi yasubitse ibitaramo yagombaga kugirira i…
Kera kabaye Vestine & Dorcas basinye amasezerano na M.I Entertainment ya Murindahabi Irene
•
Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E y’Umunyamakuru Murindahabi Irénée. . M.I.E na Vestine & Dorcas basinye amasezerano y’imikoranire . Gusinya amasezerano hagati ya MIE na Vestine & Dorcas byatwaye umunsi wose .…