Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Umusore wiga ubuganga yahuye n’isanganya ubwo yasanga umurambo bamuhaye kwigiraho ari uw’umukunzi we yabuze

    Birashavuza kumara imyaka n’imyaka ushakisha umukunzi wawe wari warabuze uzi ko uzongera kumubona kuko utazi irengero rye uti ‘wenda azaza’, gusa ibyabaye ku musore w’umunyeshuri witwa Enye Egbe wo muri Nigeria, ni agahomamunwa nyuma yo guhabwa umurambo w’umukunzi we ngo awigireho isomo.   . Yahawe umurambo w’umukunzi we ngo awigireho kuvura . Umusore yahuye…

  • Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi mu nzira zo kwisubiza amatware ya Se

    Saif al-Islam, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, bamwe bafataga nk’umunyagitugu abandi bakamufata nk’intwari ya Afurika, yatangiye urugendo rwo gushaka uko yakongera kunga abaturage ba Libya nyuma y’imyaka isaga 10 iki gihugu kiri mu kavuyo ka politiki, aho ndetse ateganya no guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu.   . Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi arashaka kwisubiza ingoma ya se…

  • Uwari Minisitiri w’ingabo muri Tanzania yitabye Imana

    Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania uri mu ruzinduko rw’akazi hano mu Rwanda, yatangaje ko Elias John Kwandikwa wari Minisitiri w’Ingabo za Tanzania yitabye Imana. . Elias John Kwandikwa wari Minisitri w’ingabo muri Tanzaniya yapfuye . Elias John Kwandikwa yatabarutse . Perezida Samia Suhulu yihanganishije umuryango wa Min. Elias John Kwandikwa watabarutse   Perezida Samia yemeje urupfu…

  • Mozambique: Ingabo za RDF zaba zivuganye izindi nyeshyamba 70

    Bivugwa ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zaba zivuganye abandi barwanyi 70 b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu. . Amakuru y’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique . RDF yongeye kwica inyeshyamba muri Mozambique   Igitangazamakuru Upstream gifite umwihariko wo gutangaza amakuru ajyanye n’ubucukuzi bw’ibikomoka kuri peteroli…

  • Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye

    Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.   . Ibitaramo by’abanyarwana i Burundi byasubitswe . Israel Mbonyi yasubitse ibitaramo yagombaga kugirira i…

  • Kera kabaye Vestine & Dorcas basinye amasezerano na M.I Entertainment ya Murindahabi Irene

    Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E y’Umunyamakuru Murindahabi Irénée. . M.I.E na Vestine & Dorcas basinye amasezerano y’imikoranire . Gusinya amasezerano hagati ya MIE na Vestine & Dorcas byatwaye umunsi wose .…