Umugabo yishe umuturanyi we wahoraga amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 yose
Umugabo wo muri Indonesia witwa Parlindungan yishe umuturanyi we w’imyaka 60 , wamuhozaga ku nkeke amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 nk’uko yireguye. Ku myaka 60 , nyakwigendera yahoraga abaza umuturanyi we Parlindungan impamvu agejeje ku myaka 45…
Shakib Cham yavuze impamvu adashobora kubyarana na Zari Hassan
Shakib Cham Luutaya yavuze ko umugore we Zarinah Hassan yamaze kugera mu myaka yo gucura bityo ko batazigera babyarana ngo bagure umuryango wabo. Intonganya za Zari Hassan n’umugabo we Shakib Cham zirakomeje aho kugeza ubu umugabo yavuze ko umugore we…
Hari ibihugu 2 bya Afurika byahejwe mu muhango w’irahira rya Perezida Kagame
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yemeje ko ibihugu 52 muri 54 bigize umugabane wa Afurika byatumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 11 Kanama ni bwo Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda…
Umugore n’abana be bane bapfiriye mu mpanuka ikomeye
Abagize umuryango w’abantu batanu bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu gace ka Mbaruk hafi y’umuhanda wa Nakuru-Nairobi. Aba uko ari batanu bari barimo umugore n’abana be bose babahungu. Iyi mpanuka yabaye saa moya za mugitondo kuri uyu wa Kabiri tariki…
Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente Edouard wongeye kugirwa Minisitiri w’intebe w’u Rwanda
Mu myaka irindwi amaze muri izi nshingano ashimirwa kuba muri Guverinoma icyuye igihe hashyizwe imbere kubazwa inshingano bidasanzwe ku bagize Guverinoma, ndetse abitwaye nabi bagahita bakurwa mu myanya kandi bikamenyeshwa abaturage. Dr. Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Mutovu mu…
Dr. Edouard Ngirente yashimiye Perezida Kagame wongeye kumugirira icyizere
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimiye Perezida Paul Kagame wongeye kumugirira icyizere cyo gukomeza kuba umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda, amwizeza gukomeza gukorana umurava mu rwego rwo guteza imbere u Rwanda. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 13…
Umuganga yategetswe gufasha ababyeyi kurera umwana kugera ku myaka 18 nyuma yo gufunga se nabi
Umuganga wo mu gihugu cya Colombia yategetswe n’Urukiko kwishyura za Miliyoni z’Amapeso akoreshwa muri icyo gihugu akanafasha kurera umwana kugeza agize imyaka 18, nyuma y’uko ababyeyi be bamubyabe bitarateganyijwe, aho yari yarakoreye se igikorwa cyo gufunga intanga ngabo kizwi nka…
Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare yavuze ku kuba abapadiri bashaka abagore ndetse no guhabwa umugisha w’abatinganyi
Muri kiliziya inkundura imaze iminsi y’abasaba ko abapadiri bajya bashaka abagore, ni nyuma yuko mu bihugu by’u Burayi na Amerika abihaye Imana bakomeje kugabanyuka, ndetse n’ababijyamo bakagabanuka. Ibi Musenyeri Jean Bosco Ntagungira wagizwe umupeskopi wa Diyoseze ya Butare, yabigarutseho mu…
Ibyo wamenya ku mudugudu wa Mpazi wubatswe hakoreshejwe ikoranabuhanga rigezweho
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yatangaje ko Umudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri kubakwa mu Murenge wa Gitega uzatwara amafaranga make ugereranyije n’indi yubatswe mbere bitewe n’ikoranabuhanga mu by’imyubakire n’ibikoresho byahindutse. Imidugudu yubatswe mu bice bitandukanye by’igihugu yiganje mu bice by’byaro ahakorerwa imirmo…
Burundi: Dore uko Perezida Ndayishimiye asobanura impamvu Amarundi atataye agaciro
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabujije Abarundi kuvuga ko ifaranga ryabo ryatakaje agaciro kuko ngo baba barituka, anyomoza abavuga ko ibikomoka kuri peteroli byabuze mu gihugu cyabo ndetse yibasira abakomeye batuma amadolari abura. Kuri uyu wa 12 Kanama 2024, Ndayishimiye…