Perezida Neva yahishuye icyatumye Amadorari na Peteroli bibura mu Burundi
Kuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru y’ikibazo cy’ibura rya peteroli kivugwa mu Burundi, asanga ari ibinyoma. Yagize ati “Burya…
Umuhungu wa Gen. Mubarakh Muganga yerekeje muri Kiyovu Sports
Umuhungu w’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Gen Mubarakh Muganga, Niyonshuti Hakim Mubarakh, wari umaze imyaka ine muri APR FC ariko akabura umwanya uhagije wo gukina yerekeje muri AS Kigali, ndets ari mu bazifashishwa n’iyi kipe mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Niyonshuti…
Birababaje: Umugabo yafashwe arimo kugerageza kwica umwana w’imyaka 8 akoresheje ibitaka
Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gahara, akagari ka Muhamba mu mudugudu wa Kabeza, haravugwa umugabo w’imyaka 40 wafashwe ari kugerageza kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 8 ariko umugambi we ukaburizwamo. Ku munsi wejo tariki 12 Kanama 2024, mu masaha…
Perezida Tshisekedi yahinduye intekerezo ku kibazo cya M23
Ni kenshi cyane mu mbwiraruhame Perezida Félix Tshisekedi wa Republica Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yumvikana Kenshi avuga ko atazigera yicara ku meza amwe na M23, ndetse kenshi yumvikanaga ashinja u Rwanda kuba arirwo ruri inyuma y’intambara ziri mu Burasirazuba…
Dore ibintu 4 umugabo wese yicuza akuze ubuzima bwe bwose. Niba utarasaza ni cyo gihe ngo ubyirinde
Urugendo rw’umugabo, nirwo rugendo ruba rikomeye, muri iyo nzira ye ahura na byinshi ndetse agakoramo amakosa menshi. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru yizewe ku bintu umugabo yicuza mu buzima bwe. DORE IBINTU 4 UMUGABO YICUZA MU…
Confederation Cup: Police FC yagiye muri Algeria. Gusa ngo kuvuga ibyo kujya mu matsinda byaba ari ukubeshya
Ikipe ya Police FC yerekeje mu gihugu cya Algeria aho igiye gukina na CS Constantine muri CAF Confederation Cup, Kapiteni wayo Nsabimana Eric avuga ko aramutse avuze ibyo kujya mu matsinda nonaha yaba abeshye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa…
Ibya mbere byayobowe na Meddy! Ibirori bibera mu bwato byagarutse mu isura nshya-AMAFOTO
Dj Innox yatangaje ko agiye gukora ku nshuro ya Gatatu ibirori bisanzwe bibera mu bwato hagamijwe kwidagadura abantu bumva umuziki ucurangwa na ba Dj banyuranye. Ibi birori byiswe ‘Sunset Cruise White Party’ bizaba ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2024, kandi…
Mu mvugo ikakaye, KNC yaburiye Munyantwali wa FERWAFA ku mwanzuro w’abanyamahanga
Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ntiyumva ukuntu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ritarafata umwanzuro ku bakinnyi b’Abanyamahanga bemerewe gukina kandi shampiyona ibura amasaha make igatangira. Kimwe mu bintu bimaze iminsi bigarukwaho cyane mu bakunzi b’umupira w’amaguru…
Yolo The Queen yameje ko yabyaye umwana w’umuhungu abajijwe Se aryumaho
Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise. Hari hashize iminsi havugwa amakuru avuga ko Umunyamudeli, Kirenga Phiona uzwi nka “Yolo The Queen”, avuga ko yibarutse ariko nyiri…
Padiri Yohani Bosiko Ntagungira yagizwe Musenyeri wa Diyoseze ya Butare
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Butare. Ni ibikubiye mu itangazo ryo kuri…