Latest post

Umugore n’abana be bane bapfiriye mu mpanuka ikomeye

Share this:

Abagize umuryango w’abantu batanu bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu gace ka Mbaruk hafi y’umuhanda wa Nakuru-Nairobi. Aba uko ari batanu bari barimo umugore n’abana be bose babahungu. Iyi mpanuka yabaye saa moya za mugitondo kuri uyu wa Kabiri tariki…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente Edouard wongeye kugirwa Minisitiri w’intebe w’u Rwanda

Share this:

Mu myaka irindwi amaze muri izi nshingano ashimirwa kuba muri Guverinoma icyuye igihe hashyizwe imbere kubazwa inshingano bidasanzwe ku bagize Guverinoma, ndetse abitwaye nabi bagahita bakurwa mu myanya kandi bikamenyeshwa abaturage. Dr. Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Mutovu mu…

Share this:
Posted on

Dr. Edouard Ngirente yashimiye Perezida Kagame wongeye kumugirira icyizere

Share this:

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimiye Perezida Paul Kagame wongeye kumugirira icyizere cyo gukomeza kuba umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda, amwizeza gukomeza gukorana umurava mu rwego rwo guteza imbere u Rwanda. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 13…

Share this:
Posted on

Umuganga yategetswe gufasha ababyeyi kurera umwana kugera ku myaka 18 nyuma yo gufunga se nabi

Share this:

Umuganga wo mu gihugu cya Colombia yategetswe n’Urukiko kwishyura za Miliyoni z’Amapeso akoreshwa muri icyo gihugu akanafasha kurera umwana kugeza agize imyaka 18, nyuma y’uko ababyeyi be bamubyabe bitarateganyijwe, aho yari yarakoreye se igikorwa cyo gufunga intanga ngabo kizwi nka…

Share this:
Posted on

Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare yavuze ku kuba abapadiri bashaka abagore ndetse no guhabwa umugisha w’abatinganyi

Share this:

Muri kiliziya inkundura imaze iminsi y’abasaba ko abapadiri bajya bashaka abagore, ni nyuma yuko mu bihugu by’u Burayi na Amerika abihaye Imana bakomeje kugabanyuka, ndetse n’ababijyamo bakagabanuka. Ibi Musenyeri Jean Bosco Ntagungira wagizwe umupeskopi wa Diyoseze ya Butare, yabigarutseho mu…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya ku mudugudu wa Mpazi wubatswe hakoreshejwe ikoranabuhanga rigezweho

Share this:

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yatangaje ko Umudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri kubakwa mu Murenge wa Gitega uzatwara amafaranga make ugereranyije n’indi yubatswe mbere bitewe n’ikoranabuhanga mu by’imyubakire n’ibikoresho byahindutse. Imidugudu yubatswe mu bice bitandukanye by’igihugu yiganje mu bice by’byaro ahakorerwa imirmo…

Share this:
Posted on

Burundi: Dore uko Perezida Ndayishimiye asobanura impamvu Amarundi atataye agaciro

Share this:

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabujije Abarundi kuvuga ko ifaranga ryabo ryatakaje agaciro kuko ngo baba barituka, anyomoza abavuga ko ibikomoka kuri peteroli byabuze mu gihugu cyabo ndetse yibasira abakomeye batuma amadolari abura. Kuri uyu wa 12 Kanama 2024, Ndayishimiye…

Share this:
Posted on

Perezida Neva yahishuye icyatumye Amadorari na Peteroli bibura mu Burundi

Share this:

Kuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru y’ikibazo cy’ibura rya peteroli kivugwa mu Burundi, asanga ari ibinyoma. Yagize ati “Burya…

Share this:
Posted on

Umuhungu wa Gen. Mubarakh Muganga yerekeje muri Kiyovu Sports

Share this:

Umuhungu w’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Gen Mubarakh Muganga, Niyonshuti Hakim Mubarakh, wari umaze imyaka ine muri APR FC ariko akabura umwanya uhagije wo gukina yerekeje muri AS Kigali, ndets ari mu bazifashishwa n’iyi kipe mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Niyonshuti…

Share this:
Posted on

Birababaje: Umugabo yafashwe arimo kugerageza kwica umwana w’imyaka 8 akoresheje ibitaka

Share this:

Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gahara, akagari ka Muhamba mu mudugudu wa Kabeza, haravugwa umugabo w’imyaka 40 wafashwe ari kugerageza kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 8 ariko umugambi we ukaburizwamo. Ku munsi wejo tariki 12 Kanama 2024, mu masaha…

Share this:
Posted on