Latest post

Mwishya wa Donald Trump yavuze ko Abanyamerika badakwiye kongera kumutora – IMPAMVU

Share this:

Fred C. Trump III umwishywa wa Donald Trump uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora USA, yamwibasiye amutangazaho byinshi ndetse anasaba Abanyamerika ko batakongera kumuha icyizere cyo kubayobora kuko atabikwiriye. Mu gihe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta…

Share this:
Posted on

Umukunzi wa Eddy Kenzo yakoze ibirori byo gushimira Imana byitabirwa na Perezida Museveni

Share this:

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro yakoze ibirori byo gushima Imana byabereye mu gace avukamo ka Nebbi ku kibuga cya Nebbi Town SS, byitabirwa na Perezida Museveni. Perezida Museveni yavuze ko Nyamutooro yamaze gutanga umwitangirizwa…

Share this:
Posted on

Atletico Madrid irashaka kugura rutahizamu Julian Alvarez wa Manchester City

Share this:

Atletco Madrid yamaze kwemera ko izatanga Miliyoni 81.5£ kuri rutahizamu wa Manchester City Julian Alvarez. Nyuma y’uko Atletico Madrid imaze iminsi igaragaza ko yifuza umunya Argentina watakira Manchester City Julian Alvarez, iyi kipe yo mu murwa mukuru wa Esipanye, yamaze…

Share this:
Posted on

Reba ubusobanuro bw’inzozi 14 abantu bakunze guhuriraho harimo no kurota uvuza induru ukabura umwuka

Share this:

Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko baba babyibagiwe naho ubundi umuntu wese ufite ubwonko ararota. Bamwe bavuga ko umuntu arota ibyo yiriwemo nka ya mvugo ngo:”Umutindi arota arya.” Nyamara siko biri kuko ushobora…

Share this:
Posted on

Umwana w’imyaka 13 yatawe muri yombi akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3

Share this:

Ku mugoroba wo ku wa 03 Kanama 2024, ni bwo umwana w’imyaka 13 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gusambanya mugenzi we w’imyaka itatu. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Musasa…

Share this:
Posted on

Umugabo yishwe n’umugore we yari agiye gucyura nyuma yo kwahukanira ku muturanyi

Share this:

Amakuru avuga ko ibi byabaye ku wa 30 Nyakanga 2024, bibera mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Cyerezo mu Mudugudu Kamabuye. Nyakwigendera yitwa Ndagijimana Jacques yari afite imyaka 25 y’amavuko, abakekwa kugira uruhare mu rupfu…

Share this:
Posted on

Ibyerekana ko umukobwa arimo gusaba umusore ko bakora imibona1no

Share this:

Hafi ku isi yose bazi ko umukobwa cyangwa umugore adapfa gutinyuka gusaba umusore ko bakora imibonano ibi bigatuma hari na bamwe bahohoterwa kuko abagabo benshi bishyiramo ko niyo umukobwa yaba yahakanye ku munwa muri we aba yemeye. Nyamara hari ibimenyetso…

Share this:
Posted on

Ibintu 8 bitera bamwe mu bakobwa kumera ubwoya bwinshi

Share this:

Hari igihe ubona abakobwa bafite ubwoya ku mubiri cyane cyane mu maso, ku nda no ku maguru. Ibi hari impamvu zitandukanye zishobora kubitera cyane cyane impamvu ya mbere ikaba ari imisemburo iba itari ku murongo nk’uko byagakwiye, ariko hari n’izindi…

Share this:
Posted on

Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda?

Share this:

Ahari hari abo wigeze ubona urikanga cyangwa bigutera ubwoba, ariko muri iyi nkuru turagufasha gusobanukirwa n’impamvu nyamukuru itera abagore bamwe kugira ubwoya ku mukondo n’ahandi. Akenshi iyo umugore atwite, akunda kugira ubwoya ku mubiri we ariko bukaza ahantu atari abufite…

Share this:
Posted on

Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye – Imitoma 12 watera umukunzi wawe

Share this:

Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane…

Share this:
Posted on