Latest post

Umurinzi wa Perezida Captain Ibrahim Traoré wa Burkina Faso yahishuwe akayabo k’amadorari n’ibindi yahawe ngo amurase

Share this:

Umwe mu basirikare barinda Perezida Captain Ibrahim Traoré, wa Burkina Faso, yemeje ko yigeze gushakishwa n’abantu bakomoka mu bihugu bikomeye, bamwemerera miliyoni 5 z’amadolari n’ubwenegihugu bwabo mu rwego rwo kumushishikariza kurasa Perezida amuturutse inyuma, cyane cyane mu gihe asenga.  …

Share this:
Posted on

Ntajya ataka: Ibimenyetso 7 bigaragaza ko umugabo atitwara neza mu rukundo rwo mu buriri bikabuza abagore kugera ku byishimo bye bya nyuma

Share this:

Abagabo benshi bibwira ko bazi gushimisha abagore babo mu rukundo rwo mu buriri. Ariko nyuma yo gusoma iyi nkuru, ushobora gusanga ibyo wibwiraga atari ko biri. Kutitwara neza mu rukundo rwo mu buriri si ikibazo gikomeye. Ikibazo ni ukwanga kwemera…

Share this:
Posted on

Amabuye y’agaciro ya RDC yaba agiye kujya atunganyirizwa mu Rwanda

Share this:

Mu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti.   Iyubakwa ry’urugomero rwa Ruzizi…

Share this:
Posted on

Abasore: Ntuzahirahire ngo uterete umukobwa ufite bene iyi mico

Share this:

Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore…

Share this:
Posted on

Nubona ibi bintu 7 uzamenye ko umuntu atagukunda nubwo atabivuga

Share this:

Hari igihe umuntu aba atagukunda ariko ntabivuge mu magambo. Gusa imyitwarire ye ya buri munsi ishobora kukwereka ukuri. Dore bimwe mu bimenyetso 7 byagaragaza ko uwo muntu atagufitiye urukundo cyangwa inyungu mu mubano mufitanye: 1. Ntareba mu maso yawe: Iyo…

Share this:
Posted on

Amashusho y’umwana wa The Ben na Pamella bamusize Makeup (maquillage) akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga – Amafoto

Share this:

Nyuma y’igihe gito havuzwe amakuru y’uko umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, noneho igaragaza uwo mwana iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kubera ko yayigaragaje asize maquillage (makeup), ibintu byatumye abantu benshi batangara ndetse bamwe batangira…

Share this:
Posted on

Igisubizo cya Gen Muhoozi ku wari umusabye kugira Miss Jolly Mutesi umugore wa kabiri cyatitije imbuga nkoranyambaga

Share this:

Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusubiza umuntu wamugiriye inama yo gushaka Miss Jolly Mutesi akamugira umugore wa kabiri.   Mu gusubiza, Gen Muhoozi yavuze ko umugore we, Charlotte, yamwica aramutse…

Share this:
Posted on

Imirwano ikomeye yadutse hagati y’ingabo za FARDC n’iza MONUSCO

Share this:

Ku rubuga nkoranyambaga rwa X (rwahoze ari Twitter), hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyamiranye n’abasirikare b’umuryango w’abibumbye ushinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO.   Aya mashusho yakwirakwiye vuba, atuma abantu batandukanye batanga ibitekerezo bitandukanye, bamwe…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye ibyo AFC/M23 iri gukorera abasirikare 3000 ba FARDC yari yaragoteye i Goma

Share this:

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, imodoka zari zitwaye abasirikare n’abapolisi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye gusohoka mu mujyi wa Goma zijya mu murwa mukuru Kinshasa.  Aba ni abasirikare…

Share this:
Posted on

Yabanje kumwereka aho bayishyira! Umugabo wubatse w’imyaka 53 wasambanyije umwana w’imyaka 16 akamutera inda amushukishije 5000 Frw yahuye n’uruva gusenya

Share this:

Mu karere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 53 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 16, amutera inda, aho imaze kugira amezi atandatu, amushukishije amafaranga 5000 Frw.   Uyu mugabo, usanzwe ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana, yafatiwe mu…

Share this:
Posted on