Latest post

Ibintu 8 bitera bamwe mu bakobwa kumera ubwoya bwinshi

Share this:

Hari igihe ubona abakobwa bafite ubwoya ku mubiri cyane cyane mu maso, ku nda no ku maguru. Ibi hari impamvu zitandukanye zishobora kubitera cyane cyane impamvu ya mbere ikaba ari imisemburo iba itari ku murongo nk’uko byagakwiye, ariko hari n’izindi…

Share this:
Posted on

Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda?

Share this:

Ahari hari abo wigeze ubona urikanga cyangwa bigutera ubwoba, ariko muri iyi nkuru turagufasha gusobanukirwa n’impamvu nyamukuru itera abagore bamwe kugira ubwoya ku mukondo n’ahandi. Akenshi iyo umugore atwite, akunda kugira ubwoya ku mubiri we ariko bukaza ahantu atari abufite…

Share this:
Posted on

Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye – Imitoma 12 watera umukunzi wawe

Share this:

Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane…

Share this:
Posted on

Kamonyi: Umukobwa yanzwe n’umusore wamuteye inda ahita akora ikintu cyababaje abatari bake

Share this:

Mu karere ka Kamonyi gaherereye mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda, umurenge wa Gacurabwenge mu kagari ka Gihinga haravugwa inkuru y’umukobwa wabyaye umwana hanyuma afatanya na nyina kumwica ndetse banamujugunya mu bwiherero. Biravugwa ko intandaro yo kwica umwana yabyaye byaturutse ku…

Share this:
Posted on

Amerika yahishuye abashaka kwica Donald Trump

Share this:

Inzego zitandukanye z’iperereza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rigaragaza ko Irani ifite ’umugambi wo kumwica kugirango ihorere General Qassem Soleimani wahoze ari komanda w’umutwe w’ingabo z’intarumikwa za Irani. Iperereza rivuga ko Trump aramutse arashwe bwaba ari uburyo bwiza…

Share this:
Posted on

NESA: Abanyeshuri mu byiciro bitandukanye baratangira ibizamini bisoza umwaka wa 2023/2024

Share this:

Minisiteri y’uburezi mu Rwanda ibinyujije mu kigo cyayo gishinzwe ibizamini bya leta no kugenzura amashuri ’NESA’, kuri uyu wa mbere yatangaje ko abanyeshuri barenga ibihumbi 200 ari bo bagiye gukora ibizamini bisoza umwaka w’amashuri wa 2023/2024 mu byiciro binyuranye. Abanyeshuri…

Share this:
Posted on

Muri Uganda hari kubera imishyikirano hagati ya M23 na RDC

Share this:

Guhera kuri uyu wa 22 Nyakanga 2024, ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko i Kampala muri Uganda hari kubera imishyikirano ihuza abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni amakuru Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya yahakaniye ku rubuga nkoranyambaga…

Share this:
Posted on

Igitera kuribwa amenyo igihe uriye cyangwa unyoye ibikonje

Share this:

Amenyo ari mu bice bigize akanwa kacu. Adufasha mu guhekenya ibiryo tuba turi kurya. Rimwe na rimwe tujya twisanga amenyo yacu aturya mu gihe turiye cyangwa tunyoye cyane cyane ibishyushye cyangwa ibikonje. Akenshi umuntu uzumva ataka akubwira ko adashobora kunywa…

Share this:
Posted on

Ibintu by’ingenzi wamenya kuri Kamala Harris ushobora kuba umugore wa mbere uyoboye Amerika

Share this:

Kamala Harris w’imyaka 59 ahabwa amahirwe yo kuba yayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora abura amezi 4 akaba mu gihe byaba bibaye bikaba byaba ari amateka avuguruye ku bari n’abategarugori ariko na none no kubirabura b’abanyamerika. Ubu ingingo…

Share this:
Posted on

CECAFA: Uko byagendekeye Arsene nyuma yo guhusha penaliti yatumye APR FC irata igikombe

Share this:

Tuyisenge Arsene avuga ko akimara guhusha penariti mu mukino ya CECAFA Kagame Cup yananiwe kwiyakira ariko umuryango wa APR FC ukaza kumuba hafi. Tuyisenge Arsene rutahizamu wa APR FC, ni we wahushije penariti yatumye APR FC ibura igikombe cya CECAFA…

Share this:
Posted on