Latest post

Ikipe Mutsinzi Ange akinamo yasezerewe muri Europa Leauge hitabajwe za Penaliti

Share this:

Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange yatsinzwe na FC Sheriff yo muri Moldova penaliti 5-4, nyuma kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi yo mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’amatsinda ya…

Share this:
Posted on

Kigali: Umu-Dasso witwa Kalisa arashinjwa gusenyera umuturage nyuma y’uko amwatse fanta(ruswa) akayibura

Share this:

Mu murenge wa Gatsata ho mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umuturage wasenyewe inzu azizwa ko yasimbuje amabati yashaje, akanga gutanga Fanta. Uyu muturage avuga ko inzu ye imaze igihe kinini yubatswe, ndetse ko amabati yasimbuje ari amabati kabiri yari…

Share this:
Posted on

Abaturage bariye Karungu kubera urupfu rw’umukobwa w’imyaka 20 bivugwa ko yagaburiwe inyama z’injangwe

Share this:

Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024, ni bwo umukobwa witwa Musengamana wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare yashyinguwe, ni nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho…

Share this:
Posted on

Ese umugore ashobora kwikuramo intangangabo zamaze kumugeramo nyuma yo kuryamana n’umugabo? Sobanukirwa

Share this:

Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n’abantu benshi cyane. Bamwe bati:”Ese niba umugabo aryamanye n’umugore , umugabo akarangiza atakoresheje agakingirizo , byashoboka ko izo ntanga zamaze kugenda zagarurwa nyuma?”. Ni ikibazo ariko muri iyi nkuru urabona igisubizo. Iki kibazo kigoye…

Share this:
Posted on

“Kuki yatwaye abagabo bacu bose agasiga amagweja n’ibimonyo ?” Amagambo Inkindi Aisha yakoresheshe atuka abagabo batari muri CTU, yananiwe kwihanganirwa na benshi

Share this:

Ku mbuga nkoranyambaga abantu ntibari kuvuga kimwe ku magambo yakoreshejwe n’umukinnyi wa filime Inkindi Aisha, asa nkunenga abagabo badakora muri CTU ndetse ashima abasore bakora muri department ishinzwe umutekano ya CTU. Mu kiganiro aheruka kugirana na MIE ikorera ku murongo…

Share this:
Posted on

Ubuzima bw’umuhanzi Dorimbogo buri mu kaga – yatangiye gusaba imbabazi abo yahamagaye

Share this:

Umugore umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga, bitewe n’udutendo twinshi akora, Vava uzwi nka Dore Imbogo, arwariye mu bitaro. Uyu Mugore wamamaye kubera indirimbo ye yiswe Bore imbongo , dore impara, arwariye mu bitaro bikuru bya Kibogora mu karere ka Nyamasheke  iwabo …

Share this:
Posted on

Polisi yamukoreye ibya mfura mbi: Amakuru mashya kuri wamugabo ushinjwa kwica abagore n’abakobwa 42

Share this:

Umugabo watangajwe na polisi ya Kenya ko ari “umwicanyi ruharwa” yakorewe iyicarubozo kugira ngo yemere icyaha, nkuko umunyamategeko umwunganira yabibwiye urukiko ku wa kabiri mu murwa mukuru Nairobi. Polisi yavuze ko nyuma yuko imutaye muri yombi ku wa mbere, Collins…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame ayanga urunuka: Intwaro FARDC yatangiye gukoresha ngo itsinde M23 ikomeje kuvugisha benshi

Share this:

Urubyiruko rubarirwa mu magana rukaba rwamaze guhabwa iyi miti ibafashya gutsinda M23 no kuyitangira ntibashye kwinjira mu mujyi wa Butembo. Abahabwa iy’i miti n’urubyiruko rwo mubwoko bw’Abandandi. Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga n’uko iyo miti uru rubyiruko rwayihawe tariki ya…

Share this:
Posted on

Uwari akinira Rayon Sports akurikiranweho kwiba arenga miliyon 35

Share this:

Amakuru dukesha ISIMBI aravuga ko uyu mukinnyi wasinyiye Rayon Sports muri 2019 avuye muri Marines, nyuma akajya muri Bugesera FC, amaze iminsi ari mu mabako y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma yo kwiba Kwizera Olivier na we wakiniye Rayon Sports, APR…

Share this:
Posted on

Umukobwa yagiye gusura umusore muri ghetto yanga kumurongora ibyakurikiyeho ni agahomamunwa

Share this:

Amakuru avuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa munani (14h00), zo ku wa 14 Nyakanga 2024, ubwo umusore usanzwe ukora akazi k’ubuzamu yasuwe n’umukobwa, babana mu gihe kitarenze ukwezi bacumbitse maze umusore biba ngombwa ko asaba umukobwa gutaha iwabo…

Share this:
Posted on