Latest post

Ukraine yemerewe kurasa imbere mu Burusiya ikoresheje intwaro za Amerika aho ivuga ko byatangiye gutanga umusaruro

Share this:

Nyuma y’imyaka irenga ibiri y’urugamba, kera kabaye Ukraine yemerewe na Amerika n’abambari bayo gukoresha intwaro yayihaye n’izindi yahawe n’abo mu Burengerazuba bw’Isi igaba ibitero imbere mu Burusiya. Ni icyemezo cyantangiye no gushyirwa mu bikorwa, aho uruhande rwa Ukraine rutangaza ko…

Share this:
Posted on

Euro2024: Espagne yatsinze Ubwongereza yegukana iki gikombe ku ncuro ya kane

Share this:

Ikipe y’Igihugu ya Espagne yegukanye Igikombe cya Euro 2024 ku nshuro ya kane nyuma yo gutsinda ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wakinwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Nyakanga 2024. Umukino watangiranye imbaraga ariko amakipe yombi akinira mu kibuga…

Share this:
Posted on

Argentine yegukanye Copa America ya 16 Iba iya mbere ibikoze Di Maria asezera neza

Share this:

Argentine yabaye ikipe ya mbere yegukanye irushanwa rya Copa América inshuro nyinshi (16) nyuma yo gutsinda bigoranye Colombia igitego 1-0 cya Lautaro Martínez, mu mukino wa nyuma wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024….

Share this:
Posted on

Trump Yari abaye uwa kabiri wishwe kuwa Gatandatu. Ihuriro ry’iri raswa n’iry’abandi baperezida 4 bose ba USA bishwe barashwe

Share this:

Mu baperezida 45 bategetse Leta zunze ubumwe za Amerika bane (4) barishwe kandi bicirwa muri Amerika barashwe, batatu muri bo bishwe ari kuwa gatanu, undi umwe ari kuwa gatandatu. Ku wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga ni bwo Donald Trump…

Share this:
Posted on

Mudahusha w’imyaka 20 gusa niwe wari wivuganye Donald Trump

Share this:

Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe iperereza (FBI) rwashyize ahabona imyirondoro y’umusore w’imyaka 20 y’amavuko, wagerageje kwica Donald Trump uhatanira kongera kuyobora iki gihugu. Trump yarashwe ku gutwi ubwo yari amaze umwanya muto ageze ijambo ku bamushyigikiye muri…

Share this:
Posted on

Indirimbo “Azabatsinda Kagame” yanditswe muri 2017 ntirenge umutaru yaciye ibintu mu kwiyamamaza 2024. Byinshi kuri yo

Share this:

Ibihe byo kwiyamamaza byari biteganijwe hagati ya 22 Kamena 2024 bikaba byashyizweho akadomo ku ¹wa 13 Nyakanga 2024 byaranzwe n’udushya twinshi ariko indirimbo ‘Byari Byabananiye’ ikaba yaranditse amateka avuguruye. Biragoye kuba wasanga umunyarwanda utazi aka gace k’indirimbo ngo ‘Ni intumwa…

Share this:
Posted on

Zari yavuze ku buzima bwe bw’ahahise yibutsa abantu ikintu bibeshya kuri Diamond babyaranye

Share this:

Zarinah Hassan ari mu bari n’abategarugori nyafurika bahiriwe n’imyidagaduro akayisaruramo agatubutse nubwo urugendo rutari rworoshye. Izina Zari hari abaryumva bakumva rikomejwe no kuba yarakundanye na Diamond Platnumz gusa siko kuri ahubwo hari abemeza ko amafaranga y’uyu mugore yafashishije uyu muhanzi…

Share this:
Posted on

Donald Trump yarasiwe aho yarimo kwiyamamaza agiye kuvuga ijambo

Share this:

Umuherwe w’umunyapolitiki, Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yarasiwe mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania,abashinzwe umutekano bahita batabara bamukura aho nyuma yo kuvirirana amaraso ku matwi . Mbere yo guhungishwa, Trump yasabye abashinzwe umutekano we…

Share this:
Posted on

Iyo atandukanye n’umukobwa bakundana baryamanye ahita ahinduka ihene – Umusore byamuyobeye

Share this:

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana inkuru y’umusore wagiye gusura umukobwa bakundana batandukanye ahinduka ihene. Uyu musore wagishije inama kuri Facebook ya Kiss FM, yavuze ko iyo atandukanye n’umukunzi we, uyu mukobwa ahita ahinduka inkoko cyangwa ihene. Mu butumwa bwanyuze mu…

Share this:
Posted on

Birababaje: Rulindo Umugabo w’imyaka 22 yishe umugore we w’imyaka 30 bapfa amafaranga y’ubukwe

Share this:

Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Gicurasi rishyira kuwa Mbere tariki 22 Gicurasi 2017, umugabo yishe umugore we amukebye ijosi hanyuma nawe ahita yimanika mu mugozi ariyahura arapfa. Uyu mugabo w’imyaka 22 y’amavuko wivuganye umugore we w’imyaka 30 ni…

Share this:
Posted on