NEC yateguje abanyarwanda igihe amajwi ya mbere y’agateganyo atangarizwa
Abanyarwanda ingeri zitandukanye baramukiye mu matora y’umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024, aho biteganyijwe ibyayavuyemo by’agateganyo biri butangazwe saa yine z’ijoro. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ’NEC’ yitezweho gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo bitarenze saa yine z’ijoro…
Ibisobanuro 8 byo kurota uhanuka, mu giti, ku nzu, ingazi kugwa mu mwobo…
Twifashishije inyandiko zitandukanye, muri iyi nkuru twabateguriye ibisobanuro by’inzozi zo kurota uhanuka ! Akenshi izi ni inzozi ziza umuntu agitangira gusinzira ndetse nko muninota 10 yambere y’ibitotsi aho uhita ushigukira hejuru usa nusimbuka ndetse unafite ubwoba bwinshi. 1. Nkuko bivugwa…
Abagabo: Wari uzi ko kugeza kure igits1na cyawe igihe ukora imibona1no bishobora kwangiza umugore wawe mu buryo bukomeye? Sobanukirwa
Benshi mu bagabo batekereza ko kugeza kure igits1na aribyo bigaragaza ko bazi gutera akabariro, nyamara ni ukwibeshya cyane. Ibi byangiza umugore wawe cyane ku rwego utari uzi ko byageraho. Muri iyi nkuru uragirwa inama yo kutageza kure igitsi1na cyawe, mu…
Bamwe babikora bagirango bemeze abandi bakabiterwa no kutamenya. Dore ibice 5 umugabo adakwiye gukoraho ku mugore mu gihe cy’akabariro
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bemeza ko mu gihe abantu bari mu gikorwa cy’Imibon1no Mpuzabits1na, bashobora gutwarwa kugeza ubwo bumva nta rutangira igihari haba mu magambo bavuga cyangwa ahantu bashobora gukoranaho. Ku rundi ruhande abari muri icyo gikorwa bagirwa inama…
Ukraine yemerewe kurasa imbere mu Burusiya ikoresheje intwaro za Amerika aho ivuga ko byatangiye gutanga umusaruro
Nyuma y’imyaka irenga ibiri y’urugamba, kera kabaye Ukraine yemerewe na Amerika n’abambari bayo gukoresha intwaro yayihaye n’izindi yahawe n’abo mu Burengerazuba bw’Isi igaba ibitero imbere mu Burusiya. Ni icyemezo cyantangiye no gushyirwa mu bikorwa, aho uruhande rwa Ukraine rutangaza ko…
Euro2024: Espagne yatsinze Ubwongereza yegukana iki gikombe ku ncuro ya kane
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yegukanye Igikombe cya Euro 2024 ku nshuro ya kane nyuma yo gutsinda ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wakinwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Nyakanga 2024. Umukino watangiranye imbaraga ariko amakipe yombi akinira mu kibuga…
Argentine yegukanye Copa America ya 16 Iba iya mbere ibikoze Di Maria asezera neza
Argentine yabaye ikipe ya mbere yegukanye irushanwa rya Copa América inshuro nyinshi (16) nyuma yo gutsinda bigoranye Colombia igitego 1-0 cya Lautaro Martínez, mu mukino wa nyuma wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024….
Trump Yari abaye uwa kabiri wishwe kuwa Gatandatu. Ihuriro ry’iri raswa n’iry’abandi baperezida 4 bose ba USA bishwe barashwe
Mu baperezida 45 bategetse Leta zunze ubumwe za Amerika bane (4) barishwe kandi bicirwa muri Amerika barashwe, batatu muri bo bishwe ari kuwa gatanu, undi umwe ari kuwa gatandatu. Ku wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga ni bwo Donald Trump…
Mudahusha w’imyaka 20 gusa niwe wari wivuganye Donald Trump
Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe iperereza (FBI) rwashyize ahabona imyirondoro y’umusore w’imyaka 20 y’amavuko, wagerageje kwica Donald Trump uhatanira kongera kuyobora iki gihugu. Trump yarashwe ku gutwi ubwo yari amaze umwanya muto ageze ijambo ku bamushyigikiye muri…
Indirimbo “Azabatsinda Kagame” yanditswe muri 2017 ntirenge umutaru yaciye ibintu mu kwiyamamaza 2024. Byinshi kuri yo
Ibihe byo kwiyamamaza byari biteganijwe hagati ya 22 Kamena 2024 bikaba byashyizweho akadomo ku ¹wa 13 Nyakanga 2024 byaranzwe n’udushya twinshi ariko indirimbo ‘Byari Byabananiye’ ikaba yaranditse amateka avuguruye. Biragoye kuba wasanga umunyarwanda utazi aka gace k’indirimbo ngo ‘Ni intumwa…