Latest post

Zari yavuze ku buzima bwe bw’ahahise yibutsa abantu ikintu bibeshya kuri Diamond babyaranye

Zarinah Hassan ari mu bari n’abategarugori nyafurika bahiriwe n’imyidagaduro akayisaruramo agatubutse nubwo urugendo rutari rworoshye. Izina Zari hari abaryumva bakumva rikomejwe no kuba yarakundanye na Diamond Platnumz gusa siko kuri ahubwo hari abemeza ko amafaranga y’uyu mugore yafashishije uyu muhanzi…

Posted on

Donald Trump yarasiwe aho yarimo kwiyamamaza agiye kuvuga ijambo

Umuherwe w’umunyapolitiki, Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yarasiwe mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania,abashinzwe umutekano bahita batabara bamukura aho nyuma yo kuvirirana amaraso ku matwi . Mbere yo guhungishwa, Trump yasabye abashinzwe umutekano we…

Posted on

Iyo atandukanye n’umukobwa bakundana baryamanye ahita ahinduka ihene – Umusore byamuyobeye

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana inkuru y’umusore wagiye gusura umukobwa bakundana batandukanye ahinduka ihene. Uyu musore wagishije inama kuri Facebook ya Kiss FM, yavuze ko iyo atandukanye n’umukunzi we, uyu mukobwa ahita ahinduka inkoko cyangwa ihene. Mu butumwa bwanyuze mu…

Posted on

Birababaje: Rulindo Umugabo w’imyaka 22 yishe umugore we w’imyaka 30 bapfa amafaranga y’ubukwe

Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Gicurasi rishyira kuwa Mbere tariki 22 Gicurasi 2017, umugabo yishe umugore we amukebye ijosi hanyuma nawe ahita yimanika mu mugozi ariyahura arapfa. Uyu mugabo w’imyaka 22 y’amavuko wivuganye umugore we w’imyaka 30 ni…

Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Micheline ndetse n’uko ba Micheline bitwara

Micheline ni izina rihabwa abana b’abakobwa rifite inkomoko mu giheburayo ku izina Mīkhāʼēl rika ari ikibazo kibaza ngo “Ni nde umeze nk’Imana”. Hari amazina menshi asobanura kimwe na Micheline, twavugamo Michele, Michela Michelline, Michelina n’ayandi. Iyo ari umuhungu bamwita Michel,…

Posted on

Inkuru ya Killaman yakoze benshi ku mutima: Kuva mu nzu y’ibyondo kugeza ku nzu y’asaga miliyoni 150RWF ntibyabasha kumvwa na buri wese

Umukinnyi wa filime Niyonshuti Yannick Morgan wamenye nka Killaman, yagaragaje ko kwihangana ku mugore we Umuhoza baherutse kurushinga, ariko kwagejeje ku kuba barabashije kwiyubakira inzura y’arenga Miliyoni 150 Frw ushingiye ku mibare itangwa n’abahanga mu kubaka inzu zigezweho muri iki…

Posted on

CECAFA Kagame Cup: APR FC yatsinze ikipe ya kabiri biyongerera amahirwe yo kugera muri 1/4

Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa Kabiri mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ya 2024 riri kubera muri Tanzania ikomeza kuyobora itsinda C irimo. Ni mu mukino wabaye kuri uyu Wa Gatanu Saa Mbili z’ijoro kuri Azam Complex…

Posted on

Kuba abarangije amashuri yisumbuye bakwigishwa igisirikare byabamarira iki? Dr. Biruta arabisobanura

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, Dr Vincent Biruta, yasobanuye ko bifuza ko nibura urubyiruko rw’u Rwanda rusoza amashuri yisumbuye rwajya rukora igisirikare umwaka umwe kugira ngo rukomeze kwigishwa indangagaciro no gukorera igihugu. Dr Vincent Biruta yagaragaje ko kwigisha…

Posted on

Perezida Kagame yahishuye uko yigeze kwirukankanwa n’umujandarume i Kigali kugirango ategera inzu nyuma akisanga ayituyemo

Kandida-Perezida, Paul Kagame yumvikanishije ko ntawe umenya aho bwira ageze, kuko aho Umujandarume yigeze kumwirukana ariho yatuye nyuma yo gutangira ishingano nk’Umukuru w’Igihugu. Ni inkuru yabaze mu kumvikanisha ko Politike ya FPR ishyira mu ngiro ‘uko amateka akwiye kuba yandikwa’….

Posted on

Ingaruka mbi za WiFi ku buzima bw’umuntu abantu batajya babwirwa harimo n’izitera urupfu

Wi-Fi ni ubwoko bwa konegisiyo (Connection) ya internet bugezweho kandi bukoreshwa n’abatari bake. Iri huzanzira ridufatiye runini bitewe n’aho Isi igeze ariko rikanagira ingaruka mbi ku buzima bwacu zitagaragarira amaso kandi ziteye inkeke. Muri iyi nkuru ntabwo turi bugaruke ku…

Posted on