Abakozi ba APR fC bari bafunzwe kubera amarozi bafunguwe
Abakozi batatu ba APR FC baregwaga n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare gucura umugambi wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bibaca intege, barekuwe nyuma y’umwaka n’amezi abiri bafunzwe. Muri Gicurasi 2023 nibwo haje amakuru y’uko abakozi batatu ba APR FC, Mupenzi Eto’o…
Ruboneka Bosco, Manishimwe Djabel bari mu gahinda gakomeye
Umutoza Ntirenganya Jean de Dieu wazamuye abakinnyi nka Manishimwe Djabel, Ruboneka Bosco n’abandi yitabye Imana azize uburwayi. Ntirenganya yari amaze igihe arwaye aho yarwariye mu bitaro bya Kiziguro, avayo ajyanwa i Rwinkwavu, yitabye Imana ku mugoroba w’ejo hashize ku wa…
Impamvu 10 zishobora gutera ikibazo cyo guhagarara k’umutima n’uko wabyirinda
Guhagarara k’umutima (heart attack cg se myocardial infarction), bibaho mu gihe amaraso yajyaga mu mutima yifunze. Ni ha handi ubona umuntu wajyendaga neza, cg se utari uziho uburwayi budasanzwe umutima uhagaze ukumva yapfuye. Guhagarara k’umutima biterwa akenshi nuko cholesterol iba…
Euro2024: Ubufaransa bwasezereye Ububirigi bigoranye cyane
Ikipe y’Ubufaransa yasezereye bigoranye Ububiligi ibutsinze igitego 1-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza mu gikombe cya Euro 2024. Mu mukino utaryoheye ijisho, aya makipe yombi yabonye amahirwe menshi ariko kuboneza mu nshundura biba ikibazo. Ubufaransa bwabonye igitego nyuma yo kugerageza…
APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil ukiri muto
Ikipe ya APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil witwa Juan Baptista ukina afasha ba rutahizamu kugira ngo azayikinire mu mwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi wamaze kugera mu Rwanda, yagaragaye muri Stade Amahoro areba umukino APR FC yatsinzemo Police FC…
Cristiano Ronaldo yavuze kuri Penaliti yahushije mu minota y’inyendera Portugal ikina na Slovenia
Kizigenza Cristiano Ronaldo yahushije penaliti y’ingenzi mu mukino wa 1/8 Portugal yakinnye na Slovenia, bimutera agahinda amarira arisuka cyane. Ubwo umukino wa Portugal na Slovenia wari ugeze ku munota wa 104, myugariro wa Slovenia ategera Diogo Jota mu rubuga rw’amahina,…
Perezida Ndayishimiye yavuze imyato ingabo ze kubera ibyo zakoreye M23
Mu birori byo kwishimira Ubwigenge bw’u Burundi byabaye ku ya 1 Nyakanga kuri Stade Ingoma i Gitega, Perezida Evariste Ndayishimiya yavuze ko ingabo z’Abarundi mu burasirazuba bwa RDC zihagaze neza ndetse ko igihugu kiri gutera imbere. Imbere y’abaturage,Ndayishimiye yavuze ko…
Perezida Kagame yafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro abwira ijambo rikomeye abakiri bato
Perezida Paul Kagame ari kumwe na Patrice Motsepe wa CAF bafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro nyuma yo kuvugururwa igakurwa ku kwakira abantu 25000 ikagera kuri 45000 ndetse igahabwa ubwiza butangaje. Nyuma yo kuzenguruka iyi sitade ,bahise berekeza mu kibuga ahari…
Itangazo ryihutirwa rireba Ababyeyi bafite abana barwaye cyagwa bafite ibibazo by’umutima
Ababyeyi bafite abana barwaye umutima baramenyeshwa ko ku bitaro bya Kacyiru hazaba hari inzobere mu kuvura umutima zaturutse mu Buhinde kuri uyu wa kabiri talikiya ya 2/07/2024. Kuzana abana ni hagati ya saa 8:00 na 17:00. Iyi serivise izatangwa ku…
Umubyibuho udasanzwe ni iki? Dore ibibi byawo n’uko wawirinda
Umubyibuho udasanzwe uvugwa igihe umuntu igipimo cya BMI kirenze 30.BMI ni iki? Iki ni igipimo cyerekana uko uburebure bw’umuntu bujyana n’ibiro afite. Ushaka kubipima ufata uburemere bwawe muri kilogarama ukagabanya n’uburebure muri metero bwikube kabiri. BMI = mass(kg) /[height(m) x…