Ibimenyetso 8 bica amarenga ko wanduye SIDA. Ukibibona uzihutire kwipimisha
Ubushakashatsi bwemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, rugaragaza ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Philippe ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Philippe ni izina rihabwa abana b’abahungu, rifite inkomoko mu Kigereki ku izina Philippos risobanura ‘ukunda ifarasi.’ Ni izina ryandikwa mu buryo bwinshi nubwo risobanura kimwe, bamwe bandika Philip, Philippus, Philippos, Filip n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Phillipe: Ni umuntu udapfa…
Igisobanuro n’inkomoko y’izina Baptiste n’uko abitwa iri zina bitwara
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, twafashe icyemezo cyo kujya tubagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Baptiste ni izina rihabwa umwana w’umuhungu rikaba rikomoka ku ijambo ry’Ikigereki baptizein, risobanura kwiyandikisha mu…
Ombolenga Fitina yasinyiye Rayon Sports
Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije, myugariro Fitina Ombolenga uherutse gutandukana na APR FC, amasezerano y’imyaka ibiri. Ombolenga byigeze bitangazwa ko yasinyiye iyi kipe ariko biza gutangazwa ko batararangizanya. Nyuma yo gusinya yagize Ari:”Si njye uzabona ngeze imbere ya biriya…
Eddy Kenzo Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we usanzwe ari Minisitiri
Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’ingufu n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutooro. Uyu muhango wabaye ku wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024 i Buziga aho umuryango…
Ubwongereza bwatsinze Slovakia bigoranye cyane
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yatsinze bigoranye Slovakia ibitego 2-1,ikatisha itike ya 1/4 cy’irangiza mu mikino y’igikombe cy’u Burayi. Nyuma y’iminota 95 y’umukino,nibwo Ubwongereza bwagaruye ubuzima bwishyura Slovakia ndetse bubona itike mu minota 30 y’inyongera. Mu ikipe umutoza w’Ubwongereza yabanje mu kibuga,Kobbie…
Imyidagaduro Platini P yavuze kuri gatanya we n’umugore we bagiye guhabwa
Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Platini P cyangwa Baba yanyomoje amakuru avuga ko yitabaje Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, mu gusaba gatanya n’umugore we, Ingabire Olivia bari barasezeranye mu 2021. Ni amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye…
Umunyarwanda Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye yo mu Bwongereza
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Standard de Liège mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye i Burayi harimo na Leicester City yo mu Bwongereza. Uyu mukinnyi w’imyaka 19 w’ikipe y’igihugu Amavubi wagaragaje impano idasanzwe mu mwaka…
M23 yafashe Kanyabayonga n’utundi duce tuyegereye
Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike, Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo…
APR FC yasinyishije umunya-Ghana ukina hagati
APR FC yasinyishije Richmond Lamptey, umunya-Ghana ukina hagati mu kibuga, avuye muri Asante Kotoko S.C y’iwabo. Yasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko asanzwe akina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. APR FC yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri…