Latest post

Umunyarwanda Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye yo mu Bwongereza

Share this:

Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Standard de Liège mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye i Burayi harimo na Leicester City yo mu Bwongereza. Uyu mukinnyi w’imyaka 19 w’ikipe y’igihugu Amavubi wagaragaje impano idasanzwe mu mwaka…

Share this:
Posted on

M23 yafashe Kanyabayonga n’utundi duce tuyegereye

Share this:

Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike, Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo…

Share this:
Posted on

APR FC yasinyishije umunya-Ghana ukina hagati

Share this:

APR FC yasinyishije Richmond Lamptey, umunya-Ghana ukina hagati mu kibuga, avuye muri Asante Kotoko S.C y’iwabo. Yasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko asanzwe akina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. APR FC yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri…

Share this:
Posted on

Trump yarushije cyane Perezida Biden mu kiganiro mpaka kibanziriza amatora

Share this:

Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike,Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo ku…

Share this:
Posted on

Gen. Bunyoni wari mu bujurire yakatiwe gufungwa burundu anacibwa ihazabu ya miliyari zisaga 23 z’amarundi

Share this:

General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, yatsinzwe mu rubanza bujurire,akatirwa gufungwa ubuzima bwose. Urukiko rukuru rw’ubujurire rwemeje igihano uyu wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Uburundi yari yahawe bwa mbere cyo gufungwa ubuzima bwose. Urubanza rwari rumaze ukwezi…

Share this:
Posted on

Abaduteye ‘tuzabakurikirana iwabo’ – Minisitiri w’intebe wa RDC

Share this:

Minisitiri w’intebe wa DR Congo ubwo yari mu ruzinduko rwe rwa mbere mu ntara ya Kivu ya Ruguru iri mu ntambara, yatangaje ko abateye igihugu cye – atavuze abo ari bo -bazabakurikirana kugera iwabo. Abategetsi ba Congo bashinja u Rwanda…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye umubare w’abaguye mu mpanuka yahitanye abari bagiye kwamamaza Kagame i Huye

Share this:

Abantu bagera kuri bane bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yagonze abantu benshi bari mu muhanda bajya kwamamaza umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi,mu karere ka Huye mu majyepfo y’u Rwanda. Mu ijambo rye muri ako karere, Paul Kagame yihanganishije imiryango…

Share this:
Posted on

Urarushywa n’ubusa niba uwo ukunda umubonaho ibi bimenyetso kuko ntagukunda na gato

Share this:

Ni kenshi usanga abantu mu rukundo bahura na byinshi rimwe na rimwe ugasanga uwo ukunda uziko nawe agukunda mbese mukundana, ariko ugasanga waribeshye ahubwo we mukundana gusa kugira ngo agukoreshe mu byo we ashaka. Hano hari ibimenyetso bizakwereka ko ari…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 6 byagufasha gusukura umwijima wawe no gutuma ukora neza

Share this:

Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi. Iyo umwijima udakora…

Share this:
Posted on

Umutoza Julien Mette yatandukanye na Rayon Sports ahishura byinshi bibaje yabonye muri iyi kipe atigeze abona ahandi

Share this:

Umutoza ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa, Julien Mette wamaze gutandukana na Rayon Sports, yatangaje ko yajyaga akora akazi ko gutoza akagerekaho n’ak’ubuyobozi bw’ikipe asobanurira abakinnyi impamvu batahembwe. Yabitangaje ubwo yaganiraga na B&B Kigali FM kuri uyu wa Gatatu taliki ya…

Share this:
Posted on