Latest post

Ikiganiro URUKIKO RW’UBUJURIRE cyongeye gutambuka kuri Radio Fine FM gihita gica agahigo gakomeye

Nyuma y’igihe gito biteguzwa abakunzi babo ndetse bararika n’abandi bashaka kuzajya babakurikira, isaha nyirizina yageze, ku nshuro ya mbere ikiganiro gishya ‘Urukiko rw’Ubujurire’ gitambuka ku nshuro ya mbere kuri Fine FM, kinakora amateka akomeye mu Rwanda.   Kuri uyu wa…

Posted on

Amazing things about a city inhabited by one person

Monowi is a city located in the state of Nebraska in the United States of America (USA), inhabited by a single person; 87-year-old Elsie Eiler.   The 54-hectare (540,000-square-foot) city was counted in the cities of Nebraska in the 2010…

Posted on

Ntibisanzwe: Hagaragaye umugi utuwe n’umuntu umwe rukumbi – AMAFOTO

Monowi ni umujyi uherereye muri Leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), ukaba utuwe n’umuntu umwe rukumbi; umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko witwa Elsie Eiler.   Uyu mujyi ufite ubuso bwa hegitari 54 (metero kare 540,000) wabaruwe mu…

Posted on

Abapadiri bo mu Bufaransa bakoreye abana ibihumbi 216 ihogoterwa rishingiye ku gitsina kuva mu 1950-Raporo

Abana bagera ku 216,000 bakorewe ihohoterwa n’abapadiri ba Kiliziya Gatolika mu Bufaransa kuva mu 1950, nk’uko byavuzwe n’ukuriye komisiyo yakoze iperereza ku byaha nk’ibi muri Kiliziya.   Jean-Marc Sauvé yabivugiye mu gusohora raporo ndende ku ihohotera rishingiye ku gitsina muri…

Posted on

Ibihugu 6 bifite ubushobozi bwo kurasa aho ariho hose ku isi byibereye iwabo n’ibisasu bitunze

Ibihugu birindwi byonyine nibyo kugeza ubu bifite ubushobozi bwo kurasa ahantu aho ari ho hose ku Isi byifashishije ibisasu bya missiles byakoze byambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missiles), birimo ibifite ubushobozi bwo kugera mu birometero 16,000.   . Ibihugu bishobora kurasa…

Posted on

Zimbabwe yavuze ko yiteguye koherereza u Rwanda abarimu rwayisabye

Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko yishimiye kuba Perezida w’u Rwanda yarayisabye abarimu, ivuga ko yiteguye kubohereza kandi yatangiye imyiteguro ku bufatanye bw’ibihugu byombi. Mu ijambo yavugiye mu Nama y’ishoramari n’ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi iherutse kubera I Kigali mu cyumweru gishize,…

Posted on

Yahengereye umukobwa we agiye ku bitaro kubyara ajya kwiramanira n’umukwe we – UBUHAMYA

Umukobwa yahishuye uko nyina w’imyaka 40 yamucunze agiye kubyara kwa muganga akamuca inyuma, akajya iwe akaryamana n’umukwe we (umugabo we) w’imyaka 25.   . Umugore yahishuye uko nyina yamuciye inyuma akaryamana n’umugabo . Ubwo yari ku bise umugabo we yahisemo…

Posted on

Itangishatse Jean Paul araka Sunrise akayabo ka 6,000,000RWF nyuma yo kwirukanirwa kuri Whatsapp

Umuzamu wari umaze igihe mu ikipe ya Sunrise FC, Itangishatse Jean Paul, ari kwishyuza iyi kipe Miliyoni 6 n’ibihumbi 200 y’u Rwanda kubera kutubahiriza amasezerano bari bafitanye. . Sunrise yirukanye umuzamu wayo  Itangishatse Jean Paul ibinyujije kuri Whatsap .  Itangishatse…

Posted on

Mark Zuckerberg at $ 7 Billion Loss: What’s Behind WhatsApp, Instagram and Facebook temporally shut down?

Yesterday, Monday, October 4, 2021, at 6:00 pm local time, social media, WhatsApp, Facebook and Instagram went offline and many were first asked about the type of brand they were using. or their phones are dead, only yet these companies…

Posted on

Wari uzi ko Kwihagarika mu bwogero, Kurya inzara no kutoga buri munsi ari byiza mu buzima bwawe? IMPAMVU

Hari imico ikiremwamuntu kiba gihuriyeho ariko kitajya gipfa kuvuga mu ruhame, kubera kugira isoni n’ibindi. Hari imico watangiye utabizi ariko uko ubwije n’uko bukeye igenda ikura ukayishidikanyaho kandi ari myiza kuri wowe. Uyu munsi turakubwira imwe muri yo.   ….

Posted on