Latest post

Mark Zuckerberg mu gihombo cya Miliyari $7: Ni iki kihishe inyuma y’ihagarara rya WhatsApp, Instagram na Facebook?

Ejo kuwa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021 mu masaha ashyira isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku isaha yo mu Rwanda, imbuga nkoranyambaga, WhatsApp, Facebook na Instagram zavuye ku murongo ndetse benshi babanza kugira ngo ni ikibazo cy’ubwoko bwa murandasi…

Posted on

Abanyeshuri 60,000 batsinzwe ibizamini bya Leta basibijwe. Menya abanyeshuri bahize abandi

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza n’umwaka wa Gatatu w’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye.   Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021. Minisitiri w’Uburezi,…

Posted on

Ibintu 5 wakorera umukobwa mukundana agahora yifuza kwihorera iruhande rwawe

Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe.   . Ibintu byagufasha gukundwa byimazeyo n’umukobwa wihebeye . Dore uko wabigenza ugatuma umukobwa mukundana ahora agutekereza…

Posted on

Mozambique: Ingabo za SADC zishobora kuva muri iki gihugu kuwa 15 Ukwakira 2021

Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, uvuga ko ubutumwa bw’amahoro bw’ingabo zayo ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique buzwi nka SAMIM buzarangira tariki ya 15 Ukwakira 2021. Izi ngabo zatangiye kugera muri Mozambique tariki ya 21 Nyakanga 2021,…

Posted on

Ibiribwa 5 ugomba kugendera kure mu gihe urengeje imyaka 30 niba wifuza kuramba

Kugirango umuntu abeho neza agomba kugira imirire runaka yitaho ariko cyane cyane iyo umuntu arengeje imyaka 30 aba akeneye kwita ku mirire ye cyane cyane kureka ibiribwa byose bishobora gutuma abyibuha. Benshi ntibita kuri ibi gusa ingaruka bagira nyuma ntizishimishije…

Posted on

Ibintu 6 bitangaje byakubaho uramutse ufashe uruvange rw’amata n’ubuki buri munsi

Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu , ndetse bifite akamaro gakomeye. Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants), kurwanya bagiteri n’imiyege, ndetse no kurinda ububyimbirwe bw’umubiri. Amata yo akungahaye cyane…

Posted on

Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore

Umugore witwa madi Brooks wo muri USA yanyarukiye kuri Tiktok, avuga ko asangira umugabo we na nyina ndetse na murumuna we bagirana ibihe byiza, hagamijwe kumushimisha.   Avuga ko kugira ngo umugabo we yishime, amwemerera kuryamana n’uwo abonye muri abo…

Posted on

Facebook, WhatsApp, Instagram na Messenger byakwamye

Zimwe mu mbuga nkoranyamba zikoreshwa na benshi ku Isi zirimo urwa Facebook, WhatsApp, Instagram na Facebook Messenger, zagize ikibazo kuri uyu wa Mbere biba ngombwa ko zihagarara. Urubuga DownDetector rwatangaje ko izi mbuga nkoranyamba zahagaze ku Isi yose ku isaha…

Posted on

Ibimenyetso 7 byakwereka ko wugarijwe cg uwo mubana yugarijwe n’indwara zo mu mutwe ushobora gusanga udaha agaciro

Indwara zo mu mutwe, n’ubwo zirengagizwa na benshi, zikaba zidakunze kuvugwaho cyane, ndetse n’uzirwaye wese akitwa ‘umusazi’, nyamara ni indwara nk’izindi kandi zishobora kwibasira uwariwe wese. . Ikizakubwira ko wugarijwe n’uburwayi bwo mu mutwe . Ibimenyetso warebera ukamenya ko ufite…

Posted on

Amafoto y’ubwambure bw’umunyamakuru wa NTV yagiye hanze

Ubwambure bw’Umunyamakuru wa televiziyo NTV, Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon, yagiye hanze bikozwe na Edgar Luvusi, bahoze bakundana bakaba, banafitanye umwana w’umuhungu.   Luvusi yashyize hanze amafoto ya Annie bigaragara ko yari aryamye bikekwa ko yaba yari yasinze cyangwa…

Posted on