Latest post

Uncategorized

Ibintu bitangaje ushobora kuba utari uzi ku ntanga ngore n’itandukaniro rikomeye hagati yayo n’iyi ingabo

Intanga ngore niko karemangingo fatizo kanini (cell) mu mubiri w’umuntu. Buriya iraboneka utifashishije mikorosikopi. Imwe ingana n’intanga ngabo 15,000 uziteranyije.   . Ibyo intanga ngore itandukaniyeho n’intanga ngabo . Ibyo ukwiye kumenya ku ntanga ngore akanyangingo gashobora kuboneshwa amaso ….

Posted on
Uncategorized

Ibyo kurya bifasha imisatsi gukura vuba cyane no gukomera

Ibanga ryo kugira imisatsi ikomeye, idapfukagurika kandi ikura vuba inabyibushye burya ntiriri mu byo usiga mu mutwe cyangwa se za shampoo zinyuranye kimwe n’imiti inyuranye iboneka muri za saloon de coiffure ahubwo riri mu byo turya.   Burya uko urya…

Posted on

Kuva imyuna: ikibitera, ibimenyetso n’uko wakwirinda kuva imyuna

Kuva imyuna bishobora kuba ikibazo gikomeye k’uyifite, ariko ku bw’amahirwe akenshi ntago aba ari ikibazo gikomeye kandi gishobora gukemurwa mu buryo bworoshye.   Imyuna igabanyije mu byiciro 2; kuva bishobora guturuka imbere cyane mu mazuru cg mu gice cy’inyuma mu…

Posted on
Uncategorized

Reba inyogosho 15 zitangaje kurusha izindi ku isi – AMAFOTO

Umusatsi w’umuntu ni umutako ukomeye kandi mwiza.Usibye kuwogosha cyangwa kuwutereka, benshi bawifashisha mu buryo bunyuranye bagamije kurimba no kugaragara neza.           Muri iyi nkuru turarebera hamwe amafoto agaragaza inyogosho 15 zitangaje kurusha izindi ku isi.  1….

Posted on

Umukobwa w’imyaka 22 yishe mugenzi we amuteye icyuma bapfa umusore

Igipolisi cya Kenya muri Kisumu kirimo guhiga bukware umukobwa w’imyaka 22 ushinjwa kwica mugenzi we mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuri uyu wa Kane amuziza kumutwarira umukunzi. Uyu mukobwa urimo guhigwa ni uwitwa Michelle bakunda kwita Natasha, uvugwaho gutera…

Posted on

Hagaragaye ifoto y’ibivejuru ku kwezi

Umushakashatsi mu by’isanzure Scott Waring, anyuze ku rubuga rwe rwitwa “ET Database” yatangaje ko yabonye amashusho yafotowe n’ibyogajuru bya NASA yaba yarashushanyijwe mu buryo bwa gihanga n’ibivejuru byabaga ku kwezi. Aya mafoto atangaje yashyize kuri uru rubuga rwe ni ayafashwe…

Posted on

Incuti z’umugeni zamujugunye mu kirere ku munsi w’ubukwe bwe agarutse ntizamusama avunika uruti rw’umugongo

Umusore yagiye mu bitaro nyuma y’aho ku munsi we w’ubukwe, abari bamuherekeje bamujugunye mu kirere mu byishimo, ariko bananirwa kumufata, yitura hasi, avunika uruti rw’umugongo.   Ubukwe bwatangiye neza ariko ibintu biza kuzamba ubwo umusore yajunywaga mu kirere mu gace…

Posted on
Uncategorized

Umugore yavuze impamvu ikomeye yatumye yihemba gushyingiranwa n’umuhungu we – AMAFOTO

Ni amahano kumva umubyeyi yashyingiranwe n’umwana we, akenshi mu muco Nyarwanda ni igitutsi n’amahano ndengakamere, ariko umugore witwa Njemani wo muri Malawi yahisemo gushyingiranwa n’umuhungu we, aho avuga ko impamvu nyamukuru ari uko yamureze bityo ko nta wundi mukobwa yamuha….

Posted on
Uncategorized

Wa mugore wishe ubukwe bugeze mu rusengero akomeje gutungurwa n’ibiri kumubaho – AMAFOTO

Umubyeyi witwa Dukuzumuremyi Janvière wasakaye ku mashusho ku mbuga nkoranyambaga mu rusegengero agahagarika ubukwe by’umugabo wamutanye abana batanu yakoranye n’umukunzi mushya yamusimbuje ,ari ibyishimo bikomeye nyuma yo guhabwa amafaranga y’igishoro n’ibikoresho byo munzu byo gutangiza, bizamufasha kurera abana batanu nyuma…

Posted on

RDF yatangaje umubare w’abasirikare b’u Rwanda bamaze gupfira ku rugamba muri Mozambique

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga, yahishuye ko abasirikare bane b’u Rwanda ari bo bapfiriye mu mirwano yabahuzaga n’ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, mu gihe hishwe ibyihebe byibuze 100. Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru…

Posted on