Latest post

Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ubucuruzi cyo guteza cyamunara igorofa y’umuryango wa Rwigara

Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ubucuruzi cyo guteza cyamunara igorofa y’umuryango wa Rwigara Assinapol wabaye umunyemari ukomeye mu mujyi wa Kigali, igeretse kane.   Ni nyuma yo kwakira ubujurire bw’uruganda Premier Tobaco Company Ltd rw’uyu muryango, busaba uru…

Posted on
Uncategorized

Dore icyo wakora mu gihe woherereza ubutumwa umukobwa ukunda ntagusubize

Ese ibi byigeze bikubaho? Niba uri hano ndizera ntashidikanya ko byakubayeho nibura rimwe mu buzima. Ni ibintu buri mugabo wese ahura na byo kuba yaba arimo gutereta umukobwa basanzwe bandikirana ariko rimwe yamwandikira ntamusubize. Ibi mu by’ukuri ni ibisanzwe kandi…

Uncategorized

Cristiano Ronaldo yarokoye Manchester United ku munota wa nyuma ahita anaca akandi gahigo

Ikipe ya Manchester United ibifashijwemo na rutahizamu Cristiano Ronaldo, yaraye itsinze Villarreal bigoranye ibitego 2-1 mu mukino wa UEFA Champions league wabaye mu ijoro ryakeye. Man United yari yakiriye Villarreal yaherukaga kuyitwara Europa league i Old Trafford, mu mukino wa…

Uncategorized

Kicukiro: Umugore yamatanye n’umusore basambanaga nyuma yo guca inyuma umugabo we

Umugore waciraga inyuma umugabo we muri icumbi (lodge) ahitwa Sodoma mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 29 Nzeri 2021 yafashwe yamataniye n’umusore ku gitanda basambaniragaho.   . Umugore yamatanye n’umusore . Umugore…

Uncategorized

Sobanukirwa byinshi utari uzi ku intanga ngabo

Kuva umuhungu ageze mu bugimbi, ni ukuvuga atangiye kwiroteraho, kugeza abaye umusaza rukukuri, intanga ngabo  ze buri munsi zirakorwa zigakura. Muri iyo myaka yose aba ashobora gutera inda, mu yandi magambo, yabyara.   Dore ibintu bitandukanye ushobora kuba utari uzi…

Uncategorized

Abakobwa: Dore ibintu 6 bikorwa n’umusore wabonye umukobwa w’inzozi ze ! Nabikora uzahite umenya ko ari wowe yahoze yifuza

Kubona uwo muzakomezanya ubuzima kandi akaba ari uwa nyawe biragora. Kureka uwo muntu w’ingenzi akagenda na byo birababaza cyane. Ntabwo hari hakwiriye kubaho iryo kosa mu buzima, n’ubwo abenshi bisanga barakoze ayo makosa igihe cyararenze. Umusore uzagukorera ibi bintu uzamenye…

Umugore utagiraga aho aba yahwereye ubwo shebuja yamuhaga inzu yo kubamo

Umubyeyi witwa Angel ukomoka muri Nigeria,yatunguwe na shebuja wamuhaye inzu ya miliyoni zisaga 102 z’amanaira ubwo yamenyaga ko uyu mugore wamukoreraga atagiraga aho aba.   Kugira ngo amenye ikibazo cy’uyu mugore, shebuja yihinduye nk’umukozi mushya muri sosiyete itanga amahugurwa bikozwe…

Bwa mbere Anita Pendo avuze uko yatandukanye na Ndanda bahoze bakundana ubu akaba yarishakiye undi mugore

Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru Anita Pendo yahishuye icyatumye atandukana n’uwari umukunzi we, Nizeyimana Alphonse uzwi nka Ndanda babyaranye abana babiri, ari uko uyu mugabo yari asigaye agaragaza ko atakimwitayeho uko byari bisanzwe.   Mu Gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki…

Abifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo mu mashuri yisumbuye bahawe urubuga

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu rwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu rwego rw’ubuzima, HRHS, zafunguriye urubuga abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo. Itangazo rya REB ryo kuri uyu wa 29…

Abagandekazi 2 bafungiye mu Rwanda ku mpamvu zitaramenyekana

Amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko hari abarimukazi babairi b’Abagande bigisha mu Rwanda baherutse gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu gihe biteguraga kujya mu biruhuko mu gihugu cyabo. Abo Bagandekazi bivugwa ko bafunze ni Gloria Ayebare na Annet Kabanyena, bakomoka…