Latest post

Umutoza wa Manchester united mu mazi abira nyuma yo gutsindirwa mu rugo

Umunya-Norvege utoza Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer ashobora kwirukanwa kubera umusaruro mubi iyi kipe iri kubona muri iyi minsi mu marushanwa atandukanye iri gukina, bikaba byahumiye ku mirari nyuma yo gutsindwa na Aston Villa muri shampiyona imusanze mu rugo igitego…

Amagambo meza y’urukundo 50 wabwira umukunzi ugatuma agukunda by’iteka ryose

Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi iwacumarket iragufasha.   . Amagambo…

Uncategorized

Umunyamakuru Bianca yihembye imodoka nziza cyane ku isabukuru ye – AMAFOTO

Umunyamakuru Bianca Baby umenyerewe cyane ku izina rya Queen B yerekanye imodoka yihembye ku isaburukuru ye y’amavuko. Iyi modoka Bianca yayerekanye ubwo yajyaga mu kiganiro yagiranye na Yago Tv Show akaba ari nayo yagiye atwaye ari kumwe na bagenzi be…

Uncategorized

Amafoto y’abanyarwandakazi yatwitse kurusha ayandi kuri instagram

Muri iki cyumweru turi kurangiza abanyarwandakazi baatandukanye bagiye bashyira amafoto yabo ku nkuta zabo za Instagram. Dore amwe mu mafoto yaciye ibintu kurusha ayandi kuri instagram muri iki cyumweru. 1. Sacha Kate   2. Kate Bashabe   3. Miss Ishimwe…

Theoneste Bagosora wari ufungiye ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye aguye muri Mali

Col. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.   Umuhungu wa Colonel Theoneste Bagosora witwa Achille Bagosora yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook ko Se yapfuye, amwifuriza iruhuko ridashira.   Ni…

Inkuru ishobora kuba ibaye impamo! Ya modoka ihagaze 1/4 cya Miliyari Frw ya Bruce Melodie yaba yamaze kugera mu Rwanda

Mu minsi micye ishize hatangajwe ko Bruce Melodie nyuma yo gusinya amasezerano ya Miliyari y’amanyarwanda yatumije imodoka rurangiranwa yo mu bwoko bwa Brabus itunze mbarwa ku isi kubera agaciro kayo nyamara benshi ntibabyizera.   Amakuru ahari ni uko iyi modoka…

Ibintu 3 byangiza uruhu cyane abantu bakunze kwisiga mu maso bagamije kwivura ibiheri cyangwa gusa neza

Hari ibintu usanga abantu barishyiriyeho bavuga ko bituma umuntu akira ibiheri no kugira uruhu rwiza ndetse bigakwira mu bantu bakabifata nk’ukuri kandi ataribyo. Ibyo bintu akenshi iyo bishyizwe ruhu rwo mu maso ushobora gukira ariko ukiteza ibindi bibazo.    …

Perezida Kagame yemeje ko hari abasirikare ba RDF bapfiriye ku rugamba muri Mozambique

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yemeje ko hari abasirikare bake ba RDF baguye ku rugamba Ingabo zayo ziriho rwo guhashya ibyihebe mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique. Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatanu…

Hamenyekanye uko amafoto y’ubwambure ya Kantengwa ari kujya ku karubanda – AMAFOTO

Hamenyekanye uko amafoto y’Umunyamideli wo muri Uganda ufite inkomoko mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, yongeye kuboneka ku mbuga nkoranyambaga cyane Twitter na Instagram ndetse n’abagabo bivugwa ko bagiye baryamana.   Uyu munyamideli avuga ko hari aba-hacker biniriye ububiko bwe bw’amafoto,…

Wari uzi ko abantu benshi bapfa hagati ya saa cyenda na saa kumi z’ijoro? Irinde

Wagiye wumva imibare myinshi y’abantu bapfuye hagati mu ijoro no mu masaha ya kare (mu rukerera), ukumva ngo kanaka yapfuye hagati ya saa Cyenda na saa Kumi z’ijoro, bamwe bati “Ni Amadayimoni yamwishe”, abandi bati “Ni umunsi we wageze”.  …