Dore udushya twaranze ubukwe bw’umuhanzi Mico The Best – AMAFOTO
Nkiko Turatsinze Prosper benshi bazi nka Mico The Best, uri mu bahanzi batangiye umuziki mu mwaduko wawo akora injyana by’umwihariko ya Afrobeat, kuwa 26 Nzeri 2021 yasezeranye kubana akaramata na Clarisse mu birori byasusurukijwe n’abahanzi batandukanye, byanabaye hubahirizwa amabwiriza yo…
Ikintu abagabo bakunda gukora mu gitondo gishobora gutuma batabyara
Abagabo benshi usanga bafite umuco wo koga amazi ashyushye buri gitondo nyamara ibi bishobora kugira ingaruka ku ikorwa ry’intanga ngabo. Nubwo koga amazi ashyushye bifte akamaro ntashidikanywaho nko kugabanya stress, gusukura utwengeruhu dutuma ruhumeka neza…, ku mugabo utarabyara kandi akaba…
Covid-19: Umuyobozi wa Pfizer, Albert Bourla yavuze ko isi izaba yasubiye mu buzima busanzwe nyuma y’umwaka umwe ariko ko abantu bazakenera kujya bikingiza buri mwaka
Umuyobozi wa Pfizer ikora urukingo rwa Covid-19, Albert Bourla yatangaje ibi kuri iki cyumweru aho yavuze ko abantu bashobora kuba basubiye mu buzima busanzwe mu gihe cy’umwaka umwe gusa yongeraho ko bishoboka ko abantu bazakenera kujya bikingiza buri mwaka. Impamvu…
Ifoto ya Zari wabyaranye na Diamond asoma byimbitse umugore mugenzi we iri kwibazwaho byinshi – Amafoto
Zari yibajijweho byinshi nyuma y’uko hagiye hanze ifoto imugaragaza asomana n’umugore mugenzi we ku munwa. Iyi foto yafashwe mu birori bikomeye Zari yateguriwe n’inshuti ze muri Africa y’Epfo ubwo yizihizaga isabukuru ye y’imyaka 41. Uyu muherwekazi ukomoka muri Uganda…
Amateka y’igisirikare cy’u Rwanda kuva rwabonye ubwigenge kugeza ubu
Mbere y’uko Igisirikare cy’u Rwanda, tuzi uyu munsi nka RDF (Rwanda Defence Forces), gifata iri zina, cyabanje kwitwa FAR (Forces Armées Rwandaises ), kikaba cyarashinzwe imyaka 2 mbere y’uko u Rwanda rubona ubwigenge mu 1962, tugiye kubavira imuzingo amateka yacyo…
Uko wahagarika ikibazo cyo kurangiza vuba udakoresheje imiti
Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza. Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi kurya amavuta akayamaramo akamenya kwinikiza akabishimirwa, nta kabuza n’ikosa yakoze araribabarirwa. Nyamara kandi biba ikibazo gikomeye iyo mu buriri…
Cristiano Ronaldo yahishuye ikintu gikomeye agiye gukora kugirango afashe umuhungu we kuba umukinnyi w’ikirangirire
Rutahizamu Cristiano Ronaldo arashaka kumanikira inkweto muri Manchester United yasinyiye amasezerano y’imyaka 2 ishobora kongerwaho uwa 3 hanyuma akerekeza mu bindi bikorwa. Uyu mukinnyi ukomoka muri Portugal arifuza gutoza muri iyi kipe – kugira ngo bimworohere gukurikirana iterambere ry’umuhungu…
Dore ibiribwa bifasha ubwonko bwawe gukora neza
Mu buzima bwacu bwa buri munsi ibyo dukora byose biyoborwa nuko dufite ubwenge buzima kandi bukora neza. Iyo ubwenge bwayobye ni ukuvuga igihe umuntu afite uburwayi bwo mu mutwe, usanga ibyo akora nta bwenge ashyiramo, ariho usanga agenda mu muhanda…
Niba wibonaho ibi bimenyetso menya ko ufite udusebe mu gifu wihutire kujya kwa muganga
Udusebe ku gifu (cg gastric ulcers) ni indwara ibabaza cyane, irangwa n’udusebe dushobora kuza mu gifu cg amara mato. Utu dusebe tuza ahanini bitewe n’uko ururenda rurinda igifu aside nyinshi ruba rwagabanutse, nuko ya aside igatangira kwibasira ingirangingo z’igifu no…
Rayon Sports yasinyishije umunya-Maroc Rharb Youssef
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko yasinyishije rutahizamu Rharb Youssef wakiniraga Raja Cassablanca yo muri Maroc, ku ntizanyo y’umwaka umwe ushobora kongerwa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Nzeri 2021, ni bwo Rayon Sports…