Latest post

Uri mwiza kandi uri uw’igikundiro: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe ukamukora ku mutima buri munsi

Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko…

Kayonza: Umusore yagiye gukiza abarwanaga umugore amutera icyuma arapfa

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 37 wari utuye mu Kagari ka Musumba, mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, yishwe atewe icyuma n’umugore witwa Uwase bivugwa ko yicuruza, Ubuyobozi buvuga ko ukekwaho iki cyaha yahise ajyanwa kuri RIB.  …

Volleyball: U Rwanda rushinjwa gukinisha abanya-Brazil badafite ibyangombwa rushobora kwirukanwa mu irushanwa

Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball ku isi,FIVB, ryanze kumva ugutakamba k’u Rwanda risaba ko ruterwa mpaga mu mikino 2 rwakinnye mu irushanwa ry’Igikombe cy’Afurika cya Volleyball cyaberaga muri Kigali Arena ndetse rukanirukanwa mu irushanwa.   Mu ibaruwa FIVB yandikiye perezida wa…

Ibitaro bya BAHO international Hospital byafunzwe nyuma y’amakosa y’abaganga yatumye umubyeyi abipfiramo

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ivuriro ryigenga ryitwa Baho International Hospital risanzwe rikorera i Nyarutarama mu karere ka Kicukiro rifungwa yuma y’iminsi micye haguye umurwayi.   Ibi bitaro byagiye bishinjwakurangwa na serivisi zitanoze zagiye zinubirwa n’abatari bake byafunzwe nyuma y’icyumweru gishize…

Uncategorized

Ihere ijisho amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.   Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho…

Amagambo 4 y’urukundo wabwira umukunzi wawe muri iyi weekend ikarangira umwigaruriye burundu

Iyo abantu bakimena bifuza ku rushinga, usanga hari byinshi bwirana mu rwego kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo.   . Imitoma ya mugitondo wabwira umukunzi wawe . Ubutumwa…

Rwigara’s house is set to be auctioned off

The 4-storey building, valued at more than Rwf1 billion owned by the Rwigara Assinapol family, is set to be auctioned off.   . Rwigara’s spouse was not satisfied with the commercial court decision   The decision was made by the…

Dr Emmanuel Ugirashebuja has been appointed Minister of Justice

Dr Ugirashebuja replaces Busingye Johnston, who was recently appointed Rwandan Ambassador to the United Kingdom.   . Who Is Dr. Emmanuel Ugirashebuja, The New Justice Minister? . What you should know about Minister Emmanuel Ugirashebuja   Dr Ugirashebuja, 45, was…

Dr Ugirashebuja Emmanuel wagizwe Minisitiri w’ubutabera ni muntu ki?

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yagize Dr Emmanuel Ugirashebuja Minisitiri mushya w’ubutabera akanaba intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda.   . Dr Ugirashebuja Emmanuel ni we wasimbuye Busingye Johnston . Minisiteri y’Ubutabera  yabonye umuyobozi mushya ….

Iyo umuntu aguhaye ibiguhagije asagurira n’abandi – Mukarujaganga avuga impamvu umukunzi we atamufuhira

Umukinnyi wa filime Nyarwanda, Mujawamariya Hyacinthe uzwi nk Mukarujanga yabyaranye mu kwezi gushize n’umuhanzi ukizamuka Sano Adolphe ’True Boy’ yafashaga mu muziki.   . Mukarujanga yabyaranye n’umusore urangije amashuri yisumbuye . Mukarujanga ateganya kubaka urugo mu myaka 5 iri imbere…