Latest post

Umugore w’uburanga yaciye ibintu nyuma yo kuzenguruka umugi afite icyapa cyanditseho ko ashaka umugabo

Umugore wo mu gihugu cya Tanzania witwa Baby Nai, amaze iminsi itanu azenguruka umujyi wa Dar es Salaam yambaye ikanzu y’ubukwe ngo arebe ko yabona umugabo barushingana, gusa avuga ko namubura azaza no gushakira mu Rwanda.   . Umugore w’uburanga arimo…

Umunyeshuri yateye icy’inyuma yishimira ko asoje amasomo ya Kaminuza ahita apfa

Umunyeshuri witwa Abdul Majeed Sani, wari usoje amasomo muri Kaminuza ya Winneba (UEW), yapfuye nyuma yo gukora siporo (backflipping) yishimira ko akoze ikizamini cya nyuma cya kaminuza.   . Yakoze sport yishimira ko arangije Kaminuza akuba ijosi . Umunyeshuri yateye…

Inyubako y’abo kwa Rwigara igiye gutezwa cyamunara

Igorofa igeretse kane ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari imwe y’umuryango wa Rwigara Assinapol wabaye umunyemari ukomeye mu Mujyi wa Kigali, igiye gutezwa cyamunara. Uyu mwanzuro watanzwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi nyuma yo gutesha agaciro ikirego cy’uruganda rwa Premier Tobacco…

Buri gitondo kijye kiba umuhamya w`urukundo rwacu – Amagmabo y’urukundo wabwira umukunzi wawe mu gitondo akirirwa agutekereza

Rukundo rwanjye, nkoherereje iyi ndamutso ikikijwe n`uturabo 1000 dufite amabara igihumbi kugirango mbone uko nkwifuriza umunsi muhire n`ubuzima bwiza. . Amagambo y’urukundo aryohera umukunzi mu gitondo . Imitoma ya mu gitondo iyo uyibwiye umukunzi yirirwa agutekerezaho . Uko wasuhuza umukunzi…

Uncategorized

Volleyball: U Rwanda rwarezwe gukinisha abakinnyi badafite ibyangombwa mu ikipe y’igihugu y’abagore

Umukino w’ u Rwanda na Senegal mu gikombe cya Afurika cya Volleyball mu bagore,wari uteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane saa 18:00 wasubitswe nyuma y’uko Morocco ireze u Rwanda ko rwakinishije abakinnyi bakomoka muri Brazil, kandi barakiniye icyo gihugu bavukamo….

Gen. Milley yisobanuye ku bugambanyi ashinjwa bwo guca inyuma Donald Trump yafataga nk’umusazi nyuma yo gutsindwa amatora

Umugaba w’ingabo za USA, Gen. Milley, yisobanuye ku makuru yasohotse mu gitabo kiswe “Peril – Akaga gakomeye” avuga ko yagiranye ibiganiro rwihishwa n’umugaba mukuru w’ingabo z’Ubushinnwa, Gen. Li Zuocheng. Ubwo Donald Trump yatsindwaga amatora yegukanwe na Joe Bidden, benshi batangiye gukemanga…

Abakobwa banjye bari bagiye kunyica ntagejeje imyaka 100 – Perezida Museveni

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko yizeye kuzageza ku myaka 100, nyuma y’uko abakobwa be avuga ko bari bagiye gutuma atayigezaho bisubiyeho bakareka kotsa imisatsi yabo.   . Perezida Museveni yizihije isabukuru y’imyaka 77 . Museveni yavuze ko…

Ibitabo by’amashuri abanza byatwaye leta hafi miliyari 2Rwf bigiye gupfa ubusa – PAC

Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yo mu 2019/2020 igaragaza ko ibitabo by’Imibare byanditswe mu rurimi rw’Ikinyarwanda, byatwaye Leta amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari 1.8 bizapfa ubusa. Byatangajwe na komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga…

Kigali: Jay Polly yitiriwe umwe mu mihanda yo mu mugi wa Kigali

Umuhanda wo muri Kigali abantu benshi batangiye kuwitirira Jay Polly umaze iminsi yitabye Imana nyuma y’igishushanyo kinini umunyabugeni witwa Rwigema Abdul yahashushanyije cy’ifoto y’uyu muraperi utazibagirana mu mitima ya benshi.   . Jay Polly yakorewe igishushanyo cyatumye yitirirwa umuhanda kiriho…

Uncategorized

Kigali: Umusore yiyahuriye ku nyubako iri mu mu rwagati – AMAFOTO

Umugabo utaremenyekana imyirondoro yiyahuriye ku nyubako ya La Bonne Adresse iherereye mu mujyi rwagati, aho bivugwa ko yasimbutse iyi nyubaho ahagana saa yine zo kuri uyu wa Kane tariki 16 Nzeri 2021, agwa ku mudoka, aranegekara cyane ahita ajyanywa kwa…