Latest post

Umutoza mukuru wa APR FC ntiyemerewe gutoza imikino ya Champions League

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yamaze kumenyesha ikipe ya APR FC ko umutoza mukuru wayo ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, atemerewe gutoza imikino ya Champions League kubera kutagira ibyangombwa bihuye n’ibyo CAF yifuza.   Kuri uyu wa Gatatu…

Kwizera Olivier yavuze ukuri kose ku mukobwa watumye asezererwa mu mwiherero w’Amavubi

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu,Amavubi,Kwizera Olivier uheruka gusezererwa n’umutoza Mashami Vincent mu mwiherero wa mavubi , kubera yagaragaye aganira kuri ‘Instagram live’ na Kayesu Shalon uzwi ku izina rya Shazzy ,yavuze byose byatumye ava mu mwiherero anavuga uburyo yarenganye.   Ibi yabitangaje…

Abakobwa: Dore icyo wakorera umusore mukundana bigatuma agusaba kumubera umugore

Ibijyanye n’ubukwe ni ikintu gikomeye ndetse no kugifataho umwanzuro biragorana kuko usanga abantu bashobora kumarana imyaka myinshi mu rukundo ariko bakananirwa kwemeranya niba umwe aza umugabo undi akaba umugore.   Usanga iyo umukobwa amaranye igihe kinini n’umusore ntacyo abivugaho bimuyobera…

Dore incuti 5 ugomba kwirinda kugisha inama ku by’urukundo rwawe

Kugira inshuti ni byiza ariko si ko zose ugomba kuzibwira ibyawe cyagwa kuzigisha inama kuri byose cyane cyane iby’urukundo kuko hari igihe zagusenyera kandi wowe uzizera zikaba arizo ziguhemukira.   . Abantu utagomba kugisha inama mu rukundo . Incuti ugomba…

Cristiano yatangiye guca uduhigo mu Bwongereza ataratangira gukina ndetse afasha Manchester United kugaruza ayo yamutanzeho

Rutahizamu w’umunya-Portugal, Cristiano Ronaldo, uherutse gusinyira Manchester United amasezerano y’imyaka ibiri, yatangiye guca uduhigo mu Bwongereza atarakinira iyi kipe umukino n’umwe, nyuma y’uko umwenda azambara ukubye kabiri amafaranga yaguzwe mu masaha 12 gusa ushyizwe ku isoko.   Ku wa Kane…

Uburyo Neymar yahemukiye Mbappe agatuma aterekeza muri Real Madrid nk’uko yabyifuzaga

Ubwo isoko ryari rigiye gusozwa,ikipe ya Real Madrid yakoze ibishoboka byose itanga amafaranga menshi kugira ngo ibone Kylian Mbappe ariko byarangiye PSG iyanze nubwo ibizi neza ko uyu mukinnyi ari kuyikinira umwaka wa nyuma.   Nubwo benshi bibajije impamvu PSG…

Sobanukirwa byinshi ku kuba mukagatare n’uko wabirwanya

Kumagara mu gitsina ari nabyo bakunze kwita kuba mukagatare, ni ikibazo gikunze kuba ku bagore n’abakobwa mu buzima bwabo gusa bikaba akarusho iyo ageze mu gihe cyo gucura.   Nubwo rero bamwe bajya bibeshya ko ibi bidakira, nyamara kandi iki…

Impamvu 5 z’ingenzi ugomba kunywa amazi ukibyuka mu gitondo

Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo…

Uncategorized

Miss Josiane yavuze ku byo gukora ubukwe mu ibanga n’ibyavuzwe ko yatandukanye n’umukunzi we wamwambitse impeta

Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yahishuye ibyihishe inyuma ku mamafoto yagiye hanze amugaragaza yambaye nk’umugeni wasezeranye anakomoza ku byavuzwe by’uko yatandukanye n’umukunzi we wamwambitse impeta akamusaba kuzamubera umugore.   . Miss Mwiseneza Josiane…

RIB yahishuye icyahitanye Jay Polly ndetse n’ibyago bikomeye uwo basangiye yahuye nabyo

Kuri iki cyumweru nibwo umuraperi Tuyishime Joshua wari uzwi nka Jay Polly yashyinguwe nyuma yo gupfira mu bitaro bya Muhima mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’icyumweru gishize.   Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangarije IGIHE ko isuzuma ryakorewe muri Laboratwari, ryagaragaje…