Abakobwa: Dore ibintu byoroshye wakora ukigarurira umutima w’umusore ukunda utavuze
Mukobwa niba koko hari umuhungu wakunze byimazeyo ukamukunda ariko ugatinya kumubwira cyangwa ukabura uburyo umwegera, uyu ni wo mwanya Inyarwanda.com yaguteguriye wo kumenya icyo wakora ngo umwigarurire agukunde nk’uko ubyifuza. Iyi nkuru ni uruhererekane ariko izagusiga umaze kumenya neza uko…
Miss Mwiseneza Josiane yaba yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye – AMAFOTO
Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yakoze ubukwe mwibanga rikomeye cyane. Miss Miwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Miss Popularity yaciye ibikuba shyira hanze amafoto ye agaragaza yambaye imyenda y’abageni ndetse bikaba bivugwa ko…
Byiringiro Lague agiye kumara amezi 6 atagera mu kibuga ndetse nagaruka azajya akina yambaye casque
Rutahizamu wa APR FC n’Amavubi, Byiringiro Lague, yaraye avunikiye mu mukino u Rwanda rwanganyije na Kenya igitego 1-1 bituma ajyanwa mu bitaro bya Kanombe kuko ngo igufwa rye ryangiritse. Amakuru aravuga ko uyu rutahizamu azamara hagati y’amezi atatu n’atandatu…
Agukunda urw’igice! Kandi wenda utekereza ko azahinduka? Niwisanga ukora ibi bintu uzamenye ko uri mu rukundo rw’igice. Icyo ukwiye gukora mu maguru mashya
Cia umwe mu bakobwa bazi imvune iba mu rukundo, yatanze inama ku bantu baba mu rukundo rukora igice kimwe, urukundo rwahengetse umunzani, ukaryamira uruhande rumwe kugeza rubabajwe cyane.Ahari ni wowe ukora byose mu rukundo rwanyu, ukora buri kimwe ariko umeze…
Perezida Kagame yavuze ku bucuti bivugwa ko yagiranye na Paul Rusesabagina ukurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko yahuye na Paul Rusesabagina inshuro imwe gusa, ubwo yamwerekwaga, akanamubwirwa n’uwabaye Minisitiri w’Intebe, Faustin Twagiramungu. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro ari kugirira ku kigo cy’igihugu gishinzwe itangazamakuru, RBA, ahakana ibivugwa ko…
Imiryango 10 ikize kurusha iyindi ku isi kandi iyoboye isi mu ibanga
Amafaranga agira agaciro gusa bitewe n’agaciro abantu bari ku butegetsi biyemeje kuyaha, mu buryo rero ategeka Isi ku rwego runaka. Amafaranga ntaguha umunezero cyangwa urukundo, ariko ashobora kugufasha kubigeraho witonze. Dore imiryango 10 ya mbere ikize ku Isi wavuga ko…
Perezida Kagame yahaye igisubizo abajya muri Uganda bagahohotererwayo
Perezida Kagame yavuze ko abajya muri Uganda bagahohotererwayo umuti wakemura iki kibazo ari uko bareka kujyayo kuko ni cyo cyonyine gishobora gukorwa mu gihe u Rwanda rudashobora gutegeka abanya – Uganda uko bitwara mu gihugu cyabo. Perezida Kagame kandi…
Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha PEGASUS mu gutata telefoni z’abayobozi bakomeye anakomoza ku cyatumye u Rwanda rwemererwa gukora inkingo
Kuri iki cyumweru,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda gitambuka ku kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru RBA kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021 guhera Saa 11:00. Perezida Kagame ari gusubiza ibibazo by’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye aho yavuze kuri Covid-19, ikoranabuhanga rya Pegasus,…
Perezida Alpha Conde wa Guinea Konakry yahiritswe ku butegetsi
Kuri iki cyumweru, abasirikare bakomeye muri Guinea Conakry, batangarije mu kiganiro gito cyaciye kuri televiziyo y’igihugu ko basheshe itegeko nshinga ndetse bahirika ku butegetsi Perezida Alpha Conde na guverinoma ye. Icyakora, minisiteri y’ingabo yavuze ko igitero cyagabwe ku ngoro…
Amarira menshi ni yo yaranze umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Jay Polly – AMAFOTO
Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima. . Umuhanzi Jay Polly yasezeweho bwa nyuma . Jay Polly…