Abasore: Dore ibintu 5 byoroshye cyane wakora bigatuma umukobwa akwegurira umutima we mu kanya gato
Urukundo ruragorana rimwe na rimwe ndetse kenshi abasore baba bibaza icyo bakora kugirango urukundo rwabo n’uwo bihebeye rushinge imizi. Niba urimo gusoma iyi nkuru ni uko nawe ukeneye kumenya ibi bintu byoroshye byagufasha kugera ku ntsinzi ari na byo iwacumarket.xyz…
Prezida wa Zambia Hichilema yashyikirijwe “ikigega kirimo ubusa”
Umukuru w’igihugu mushyashya wa Zambia yabwiye BBC ko yashyikirijwe ikigega kiri ”gusa”, mu gihe hari amafaranga ” ateye ubwoba” yibwe. Prezida Hakainde Hichilema yavuze ati: “Abantu baracyagerageza kwimura amafaranga ku munota wa nyuma, amafaranga badafitiye uruhushya, amafaranga atari ayabo”….
Lionel Messi yarokotse by’amahirwe ikintu cyari kigiye gutuma ahagarika umupira burundu – VIDEO
Ku mugoroba w’ejo ni bwo Ikipe y’igihugu ya Argentine yakinaga na Venezuela mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizakinirwa muri Quatar mu mwaka wa 2022. Ni umukino Argentine yatsinzemo Venezuela ibitego 3-1. Mu gice cya mbere Lionel Messi yakiniwe…
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 10 bagenda mu ndege zihariye(Private jets) zihenze kurusha abandi
IwacuMarket igiye kubagezaho urutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 muri Afurika bafite indege zihariye zibatwara nziza cyane kandi zihenze kurusha abandi kuri uyu mugabane ruriho umuperezida umwe wo mu Karere ka Afurika y’iburasirazuba. . Abakuru b’ibihugu bagenda mu ndege zihenze kurusha abandi…
Uburanga bw’umukobwa w’ikizungerezi ukundana n’umuhanzi Christopher – AMAFOTO
Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe. . Amafoto y’umukunzi wa Christopher Muneza . Ikimero cy’umukobwa ukundana na Christopher Christopher ni…
Amagambo meza y’urukundo aryoheye amatwi wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibyo atunze byose
Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe. . Imitoma y’urukundo iryohereye cyane . Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero…
Umukobwa na Se bafatiwe muri hoteri batera akabariro bakubitwa iz’akabwana. Ibyo umukobwa yavuze kuri Se byatunguye benshi
Hajya humvikana ibisa n’amahano mu bihugu bitandukanye aho bamwe batera akabariro bafitanye isano kandi banabizi nk’uko umugabo wo muri Nigeria yakubwiswe kakahava nyuma yo gufatwa aryamanye n’umukobwa we muri Hotel. . Umukobwa yafashwe asambana na se muri hotel ….
Urwego rw’imfungwa n’abagororwa(RCS) rwatangaje icyavuye mu iperereza ryibanze ku kishe umuhanzi Jay Polly
Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS), rwatangaje ko amakuru y’ibanze rufite ari ay’uko mbere y’uko Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yitaba Imana yari yabanje kunywa Alcohol yifashishwa n’imfungwa ziyogoshesha ivanze n’amazi n’isukari. . Umuraperi Jay Polly yitabye…
Mozambique: Ingabo za Botswana zoherejwe muri iki gihugu zibereye mu biruhuko mu gihe RDF irimo gukora akazi kose
Nyuma y’ukwezi kumwe ingabo za SADC zoherejwe muri Mozambique gufasha iz’iki gihugu gukubita incuro intagondwa za IS, Ingabo zavuye muri Botswana ngo zaba ziri kwiryohereza mu gisa n’ikiruhuko cyazitunguye. . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba ….
Amafoto y’urwibutso ya Joe Habineza na Jay Polly bagendeye rimwe
Tariki ya 20 Nyakanga 2021 ni bwo humvikanye inkuru y’incamugongo y’uko uwabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo w’u Rwanda kuva mu 2004 kugeza mu 2011 no kuva muri Nyakanga 2014 kugeza muri Gashyantare 2015, Ambasaderi Joseph Habineza (Joe) yapfuye, azize uburwayi….