Habonetse ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 bwandura vuba cyane muri Afurika y’Epfo
Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bari gukurikiranira hafi ubundi bwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa C.1.2 bugenda buhindagurika kenshi. Ubu bushakashatsi ntiburemeza niba koko ari ubundi bwoko (variant) buteye ubwoba. Ubu bwoko bumaze kuboneka mu ntara zose za Afurika y’Epfo…
Burundi: Uhagarariye u Rwanda yagaragaye atunguranye mu munsi mukuru w’imbonerakure, Perezida Ndayishimiye amuha ubutumwa bukomeye
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yijeje Abarundi ko iby’umubano w’igihugu cye n’u Rwanda bikomeje gushakirwa umuti anagira ubutumwa aha Abanyarwanda yanyujije ku muntu wari uhagarariye u Rwanda wari witabiriye imihango yo kwizihiza Umunsi w’Imbonerakure wabaye kuwa gatandatu ushize, itariki 28…
Amagambo y’incyuro ubwo Uganda yakiraga umurambo w’umucuruzi wiciwe mu Rwanda arashwe
Kuri uyu wa 29 Kanama 2021, Leta ya Uganda ihagarariwe na Nelson Nshangabasheija yakiriye umurambo wa Justus Kabagambe warasiwe n’abashinzwe umutekano b’u Rwanda mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, ku wa 18. Nshangabasheija usanzwe ari umwe mu bayobozi…
Umuhungu wa Joe Habineza yahishuye ikintu yakundaga gukora cyatumye bagira impungenge zikomeye ubwo yagirwaga Minisitiri ku ncuro ya mbere bibaza uko bizagenda nabikora ari kumwe na Perezida Kagame
Umwe mu bahungu ba nyakwigendera Amb. Joseph Habineza (Joe) witwa Jean Michel Habineza, avuga ko se yari wishimaga cyane ku buryo yakoraga ku wo bicaranye cyangwa akazamura amaguru mu kirere, ku buryo byabateye kwibaza ikizaba ubwo yari amaze kugirwa Minisitiri…
Umugore yatunguranye ahishura ukuntu yabyaranye abana 3 bose n’uwo bahoze bakundana kandi afite umugabo – Reba impamvu itangaje yabimuteye
Umugore wubatse wo muri Ghana yahishuye ko abana batatu bose afitanye n’umugabo we, atari we wababyaye, ko ahubwo babyaranye n’uwo bahoze bakundana kuko umugabo we ari mubi ku isura bikabije. Uyu mugore w’imyaka 34 avuga ku bubi bw’umugabo we babana…
Umuganga avuga ko yicuza kuba yarafashe urukingo rwa Covid-19. Iyumvire ibyamubayeho
Hasanzwe habaho impaka ku bijyanye n’inkingo za Covid-19 aho abazihabwa bemera ko zibongerera amahirwe yo kutazahazwa n’iyi virus igihe bayanduye naho abazirwanya bakemeza ko zizagira ingaruka zikomeye ku bazihawe ndetse ko nta n’ubushobozi bwo kurinda zifiite. Abakoze inkingo ndetse na…
Ukuri kose: Umwarimu byakekwaga ko yiyahuye kubera umukobwa bakundana yabonetse ari muzima mu rugo rwa Uwamahoro Sara usanzwe ari incuti ye
Nyuma y’inkuru imaze iminsi y’uko umwarimu witwa kwihangana Eric w’imyaka 29, wigisha muri GS Saint Dominique Savio de Nyanza mu murenge wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke yaketsweho kwiyahura kubera kubengwa n’umwarimukazi Mukabugingo Naome wigisha muri GS Mukoma mu murenge…
RDC: Colonel Kasongo yishwe n’umurinzi we warashe ahubutse
Colonel Polydor Kasongo Nzozi wari mu bayobozi bakuru babiri b’ishami rya Polisi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryitwa LENI, yishwe n’umupolisi wamurindaga warashe ahubutse. Col. Kasongo kuri uyu wa 29 Kanama 2021 yari kumwe n’umugore n’abana n’uyu murinzi mu…
Rwamagana: Gitifu w’akagari yise umuryango ibicengezi anawirukana mu kagari ke. Uyu muturage aratabaza
Umuturage witwa Dusabimana Claude utuye mu mudugudu w’Agatare mu kagari ka Karitutu, umurenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana, arashinja Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari kwita umuryango we ibicengezi ndetse no kuwirukana mu kagari ayobora yitwaje ko atarishyura ubwisungane mu kwivuza. Yankurije…
PSG: Kylan Mbappe yatsinze Lionel Messi aba ari we wiharira page ya mbere mu binyamakuru
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru ni bwo Lionel Messi yakinaga umukino we wa mbere muri PSG ikipe iheruka kumugura ubwo yahuraga na Reims. Lionel Messi, Umunyarigentine w’imyaka 34, yabanje ku ntebe y’abasimbura yamazeho iminota 66 yose mbere y’uko yinjira…