Kicukiro: Ubukwe bwapfiriye mu rusengero nyuma y’uko umugore watanye abana 5 aje agafata mu mashati umukwe – AMAFOTO
Mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gikondo ubukwe bwasize umugani, ubwo umugore watanywe abana batanu yageraga mu rusengero aho umugabo we ari gushyingiranwa n’undi mugore, maze bakarwanira imbere ya Padiri bikarangira bupfuye. Hari mu kazuba ko mu museso,…
Ibihugu 10 bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2021 rutagaragaraho igihugu na kimwe cyo mu karere – AMAFOTO
Iyo tuvuze imbaraga za gisirikare ku rwego rw’isi, humvikana igihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Uburusiya ndetse n’Ubushinwa, uyu munsi twabatoranyirije ibihugu 10 bifite igisirikare gikomeye ku mugabane wa Afurika. Ikigo mpuzamahanga gishinzwe gushyiraho urutonde rw’uko ibihugu bikurikirana…
RDC: Leta iracyeka ko yaba iri kwibwa n’Abashinwa bacukura amabuye y’agaciro ndetse ishobora kubambura ikirombe yari yabahaye
Minisitiri w’imari, Nicolas Kazadi, yatangarije ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irimo gusubiramo amasezerano y’amadorari miliyari 6 z’amadorari “y’ibikorwaremezo n’amabuye y’agaciro” hagati yayo n’abashoramari b’Abashinwa. Ni amasezerano yemereraga u Bushinwa gucukura amabuye y’agaciro nabwo…
Lionel Messi agiye gukina umukino we wa mbere mu ikipe itari FC Barcelone. 22 PSG yitwaje kuri iki cyumweru igiye gusakirana na Reims
Kuri iki cyumweru,Lionel Messi, Neymar na Kylian Mbappé bose bashyizwe muri 22 ba Paris St-Germain (PSG) ku mukino wa shampiyona ya Ligue 1 uyihuza na Reims kuri iki cyumweru saa tatu na 45 z’ijoro (21h45). Messi ntabwo arakinira iyi…
Ni nde uza kubona itike yo kwinjira muri 1/4 hagati y’u Rwanda na Guinee? Dore uko imibare ihagaze
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball mu gikombe cya Africa ku wa mbere izakina n’iya Guinée kugira ngo zishakemo ikomeza muri kimwe cya kane cy’irangiza. Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa gatandatu ikipe y’u Rwanda itsinzwe na Cap-Vert…
U Rwanda rwinjije mu gisirikare abasirikare bashya bahawe imyitozo ihambaye(Special Forces) – AMAFOTO
Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse amaraso mashya y’abasore n’inkumi bahawe imyitozo ikomeye mu gihe cy’umwaka mu Kigo cy’imyitozo cya Gisirikare cya Nasho mu Karere ka Kirehe. Imyitozo yemerera aba basirikare kwinjira mu ngabo z’u Rwanda, bayisoje kuri uyu wa Gatandatu…
Tungurusumu umuti ukomeye kandi utangaje uvura indwara nyinshi. Uko ikoreshwa n’ibyo kwitondera
Tungurusumu ni umuti w’igitangaza, ni antibiyotike ikomeye cyane mu rwego rwo hejuru! Kurya tungurusumu buri munsi bifitiye akamaro umubiri wacu cyane. Tungurusumu zibarizwa mu muryango umwe n’ibitunguru witwa allium. Zikoreshwa mu guhumuza no kuryoshya ibiryo, si ugutanga uburyohe gusa…
Ntibisanzwe: Nyuma y’iminsi mike cyane avuye ku buminisitiri ubu ni umunyonzi ugeza ibiryo ku bakiriya
Ubuzima buhinduka nk’igicu kandi mu gihe gito cyane, abahanga bo baca umugani bati ‘Iminsi ni imitindi kandi iminsi ikona ingwe’, aha baba bashatse kuvuga ko ibintu bihinduka. Umugabo wari umunyacyubahiro muri Afuganisitani, Sayed Sadaat wari Minisitiri w’itumanaho ibintu byamuhindukiyeho aho…
Impaka zabaye nyinshi muri RDC, ngo Perezida wabo yifotoreje inyuma y’uw’u Rwanda
Impaka zabaye nyinshi muri bamwe bakoresha imbuga nkoranyambaga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nyuma yo kubona ifoto igaragaza Perezida wabo, Félix Tshisekedi ari inyuma y’uw’u Rwanda, Paul Kagame. Iyi foto igaragaza aba bakuru b’ibihugu, Shanseliyeri Angela Merkel, Perezida…
“Safari nyubaha” byabaye intero nyuma y’uko uwitwa Safari anize umu-Dasso wari ugiye kumukubita akenda guhera umwuka – VIDEO
‘Safari Nyubaha’ izina ryatangiye kwamamara mu gihe gito nyuma y’amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuturage w’i Nyagatare witwa Safari George aryamye hejuru y’ushinzwe umutekano (Dasso) yamunize undi ari gutabaza avuga ko Safari amwishe. Kuri ubu amakuru mashya ahari ni…