Latest post

Euro2024: Croatie yasezerewe ku munota wa nyuma n’Ubutariyani

Ikipe ya Croatia yatsinzwe igitego ku munota wa nyuma w’inyongera n’Ubutaliyani, isezererwa mu marira mu gikombe cy’uburayi cya 2024 kiri kubera mu Budage. Croatia yamaze iminota 90 kongeraho irindwi mu munani bari bongereyeho inanirwa kurinda igitego yari yatsinze baracyishyura. Luka…

Posted on

Ibyo wamenya ku modoka y’agatangaza Perezida Kagame arimo gukoresha mu kwiyamamaza – AMAFOTO

Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi…

Posted on

Shakib asanga mu bagabo bose biruka kuri Zari nta wamugira umugore ndetse avuga ko ari we wenyine umukwiriye

Zari The Boss Lady uheruka kubwira Shakib ko niyibeshya akamuca inyuma na we azahita amushakiraho undi mugabo dore ko amategeko y’Afurika y’Epfo abyemera, yibukijwe ko abagabo birirwana nta kindi babamwifuzaho kitari ukumusambanya. Mu kiganiro bagiranye, Shakib mu buryo bweruye yavuze…

Posted on

Ese bizagenda gute Rayon Sports nibura miliyoni 40RWF yaciwe na Muhire Kevin? Icyo Kevin abivugaho

Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin, yavuze ko miliyoni 40 Frw yasabye Rayon Sports zitabura kuko ifite abafana benshi ndetse ko hakiri igihe kinini ngo shampiyona itangire bityo azashakwa gake gake. Mu kiganiro na Rwandamagazine, Muhire Kevin yavuze ko nubwo nta…

Posted on

Abasaga 1000 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i mecca

Amakuru yatanzwe na bamwe mu bayobozi mu Gihugu cya Misiri avuga ko abantu 1300 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i Mecca biganjemo abagiyeyo batiyandikishije bityo babura uburyo bwo kwikinga ubushyuhe. Abo bayobozi babiri bavuga ko Abanyamisiri bagera kuri 630 bapfiriye mu…

Posted on

Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa

Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu….

Posted on

Zari yatunguranye avuga ko azashaka umugabo wa 2 wiyongera kuri Shakib bakabana bose icyarimwe

Zari Hassan yumvikanye abwira Shakib Lutaaya beheruka gusezerana ariko umwe akaba aba muri Uganda undi muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi, ko yemerewe gushaka umugabo wa Kabiri akabagira bombi. Zari yumvikanya abaza umugabo we niba yaba afite abagore bandi akibonana…

Posted on

Nyagatare: Umusore utajya amara kabiri muri gereza yazengereje umudugudu wose awiba, akanabasambanyiriza abana adasize naba Nyina

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare, mu Murenge wa Musheri, Akagari ka Rugarama ya I, mu Mudugudu wa Murambi, bahangayikishijwe n’umusore witwa Duse ukomeje kubiba no kubasambanyiriza abana. Abaganiriye na BTN TV dukesha iyi nkuru, bavuze ko uyu…

Posted on

Guverineri akurikiranyweho icyaha cyo kwiha akabyizi ku munyeshuri wiga muri Kaminuza amufashe ku ngufu

Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko Guverineri Dr Yahya Nawanda w’imyaka 46 y’amavuko, wayoboraga Intara ya Samiyu yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umunyeshuri wiga muri Kaminuza yo mu Mujyi wa Mwanza. Iyi…

Posted on

Ruhango: Umunyeshuri yitabye Imana nyuma yo kwimwa uruhushya rwo kujya kwivuza

Mu mpera z’icyumweru gishize mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bweramana mu ishuri rya Gitisi TSS humvikanye urupfu rutunguranye rw’umunyeshuri w’umukobwa wapfuye nyuma yo kwimwa uruhushya n’ubuyobozi bw’ishuri.   Ibereho Hosiana w’imyaka 18 niwe witabye Imana mu mpera z’icyumweru…

Posted on