Umutoza mushya wa APR FC yamaze kumenyekana
Umunya Serbia, Darko Novic yemejwe nk’umutoza mushya wa APR FC mu myaka itatu iri imbere. Novic yari umutoza wa US Monastir ubwo yasezereraga APR FC muri CAF Champions League ya 2022. Ibinyujije kuri X,APR FC yagize iti:”APR FC Inejejwe no…
Uretse na Kongo U Rwanda rwiteguye kurwana n’uwo ari we wese uzarushozaho intambara – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudatinya ibihano bivugwa ko rushobora guhabwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birubeshyera gutera inkunga umutwe wa M23 wayogoje Uburasirazuba bwa Kongo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na France24, kigasohoka kuri uyu wa Kane….
Putin avuga ko ashobora gukora ikintu kidasanzwe mu gihe Koreya y’epfo yaha intwaro Ukraine
Vladimir Putin yaburiye Korea y’Epfo ko yaba ikoze “ikosa rikomeye” iramutse ihaye intwaro Ukraine mu ntambara irimo n’Uburusiya. Avuze ibi nyuma y’uko Seoul ivuze ko irimo kureba niba ibyo bishoboka, mu gusubiza ku masezerano mashya ya Korea ya Ruguru n’Uburusiya…
APR FC yatangaje abakinnyi bashya yasinyishije
Ikipe ya APR FC yerekanye abakinnyi bane b’Abanyarwanda yasinyishije, barimo Tuyisenge Arsene yakuye muri Rayon Sports, Mugiraneza Frodouard wahoze muri Kiyovu Sports, Dushimimana Olivier wavuye muri Bugesera FC na Byiringiro Gilbert wakiniraga Marines FC. TUYISENGE ARSENE usanzwe akina aca ku…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Ariel ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, iwacumarket igiye kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Izina Ariel rifite inkomoko mu rurimi rw’Igiheburayo risobanura ‘Intare y’Imana.’ Bigendanye n’inkomoko yaryo, izina Ariel rihabwa…
Safi Madiba yamaze kuba umunya-Canada nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga 4
Umuhanzi w’umunyarwanda, Niyibikora Safi wamenye nka Safi Madiba yatangaje ko ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko ahawe ubwenegihugu bwa Canada. Yifashishije konti ye ya Instagram, yasohoye urupapuro rugaragaza ko yabaye umwenegihugu wa Canada, guhera kuri uyu wa Mbere tariki 17…
Dore ibyo ugomba kwitondera igihe utera akabariro ukababara. Iki ni ikimenyetso kikuburira
Niba ukunze kubabara mu gihe cyangwa nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, umubiri wawe uba uri kugerageza kukuburira ko hari ikitagenda neza, ntugomba kubyirengagiza, ahubwo ugomba kwihutira kugana kwa muganga, ukamenya neza ikibitera. Akenshi kubabara nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, biterwa…
Harimo n’urupfu: Dore ingaruka zikomeye umuntu wica ikinyenzi agikandagiye cyangwa agikubise urukweto ashobora guhura nazo abantu batazi
Nta muntu n’umwe wishimira kubona ibinyenzi mu nzu ye, Iyi niyo mpamvu bamwe muri twe iyo babibonye babikandagira mu buryo bwo kubyica nyamara ubushakashatsi bugaragaza ko ibi byashyira ubuzima bwacu mu kaga. Nubona ikinyenzi aho ari ho hose kugikandagira hejuru…
Agakono k’abapapa gakomeje kurikoroza mu karere ka Burera. Abagabo n’abagore ntibibivugaho rumwe gusa abana nib birengera ingaruka
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika ,bamwe mu babyeyi baratabaza aho bavuga ko agakono k’ abapapa kagiye gutuma abana babo bajya mu mutuku. Ibi aba babyeyi babivuze nyuma y’ uko abagabo babo bishyiriyeho gahunda idahwitse bise agakono k’abapapa…
Impanuka Kylian Mbappe yaraye agiriye mu kibuga yatumwe azagaragara mu isura nshya mu kibuga
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bufaransa, FFF ryatangaje ko nyuma y’isuzuma ry’ibanze byagaragaye ko Kapiteni Kylian Mbappé yavunitse izuru mu mukino wa mbere w’Abafaransa bakinagamo na Autriche mu ijoro ryakeye, icyakora ntabwo azabagwa. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ubwo…