Latest post

Lionel Messi agiye gukina umukino we wa mbere mu ikipe itari FC Barcelone. 22 PSG yitwaje kuri iki cyumweru igiye gusakirana na Reims

Kuri iki cyumweru,Lionel Messi, Neymar na Kylian Mbappé bose bashyizwe muri 22 ba Paris St-Germain (PSG) ku mukino wa shampiyona ya Ligue 1 uyihuza na Reims kuri iki cyumweru saa tatu na 45 z’ijoro (21h45).   Messi ntabwo arakinira iyi…

Posted on

Ni nde uza kubona itike yo kwinjira muri 1/4 hagati y’u Rwanda na Guinee? Dore uko imibare ihagaze

Ikipe y’u Rwanda ya Basketball mu gikombe cya Africa ku wa mbere izakina n’iya Guinée kugira ngo zishakemo ikomeza muri kimwe cya kane cy’irangiza.   Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa gatandatu ikipe y’u Rwanda itsinzwe na Cap-Vert…

Posted on
Uncategorized

U Rwanda rwinjije mu gisirikare abasirikare bashya bahawe imyitozo ihambaye(Special Forces) – AMAFOTO

Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse amaraso mashya y’abasore n’inkumi bahawe imyitozo ikomeye mu gihe cy’umwaka mu Kigo cy’imyitozo cya Gisirikare cya Nasho mu Karere ka Kirehe.   Imyitozo yemerera aba basirikare kwinjira mu ngabo z’u Rwanda, bayisoje kuri uyu wa Gatandatu…

Posted on

Tungurusumu umuti ukomeye kandi utangaje uvura indwara nyinshi. Uko ikoreshwa n’ibyo kwitondera

Tungurusumu ni umuti w’igitangaza, ni antibiyotike ikomeye cyane mu rwego rwo hejuru! Kurya tungurusumu buri munsi bifitiye akamaro umubiri wacu cyane.   Tungurusumu zibarizwa mu muryango umwe n’ibitunguru witwa allium. Zikoreshwa mu guhumuza no kuryoshya ibiryo, si ugutanga uburyohe gusa…

Posted on
Uncategorized

Ntibisanzwe: Nyuma y’iminsi mike cyane avuye ku buminisitiri ubu ni umunyonzi ugeza ibiryo ku bakiriya

Ubuzima buhinduka nk’igicu kandi mu gihe gito cyane, abahanga bo baca umugani bati ‘Iminsi ni imitindi kandi iminsi ikona ingwe’, aha baba bashatse kuvuga ko ibintu bihinduka. Umugabo wari umunyacyubahiro muri Afuganisitani, Sayed Sadaat wari Minisitiri w’itumanaho ibintu byamuhindukiyeho aho…

Posted on

Impaka zabaye nyinshi muri RDC, ngo Perezida wabo yifotoreje inyuma y’uw’u Rwanda

Impaka zabaye nyinshi muri bamwe bakoresha imbuga nkoranyambaga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nyuma yo kubona ifoto igaragaza Perezida wabo, Félix Tshisekedi ari inyuma y’uw’u Rwanda, Paul Kagame. Iyi foto igaragaza aba bakuru b’ibihugu, Shanseliyeri Angela Merkel, Perezida…

Posted on

“Safari nyubaha” byabaye intero nyuma y’uko uwitwa Safari anize umu-Dasso wari ugiye kumukubita akenda guhera umwuka – VIDEO

‘Safari Nyubaha’ izina ryatangiye kwamamara mu gihe gito nyuma y’amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuturage w’i Nyagatare witwa Safari George aryamye hejuru y’ushinzwe umutekano (Dasso) yamunize undi ari gutabaza avuga ko Safari amwishe. Kuri ubu amakuru mashya ahari ni…

Posted on

Umugore n’umugabo basohokanye bakora ikirori cyo kwishimira gatanya bahanye

Umugabo n’umugore bo mu gihugu cya Uganda baciye ibintu hirya no hino nyuma yo gusohokana mu birori byo kwishimira ko bahanye gatanya batazongera kubangamira ukundi ndetse banakatanye umutsima wo kwishimira iyi gatanya bahanye.   Madamu Immaculate Nantango niwe washyize hanze…

Posted on

Dore ikintu gitangaje wakora ukongera gukundwa n’uwari umukunzi wawe nyuma yo gushwana

Urukundo rwawe rwaba rurimo ikibazo kuburyo ufite impungenge zo kurangira kwarwo, ese rwararangiye, Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? Hano urahabona bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe.   Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare bwo kuva murukundo n’uwo…

Posted on

Kera kabaye Vestine & Dorcas bahishuye icyari kigiye kubatandukanya na Murindahabi Irene

Ku wa 7 Nyakanga 2021, wari umunsi mubi ku bantu benshi bakunda Vestine na Dorcas ndetse na M.Irene, kuko niwo munsi byatangajwe ko M.Irene Entertainment ibaye ihagaritse ibikorwa byose yakoranaga n’abahanzi Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas.   . Vestine &…

Posted on