Latest post

Teyi Ikirungo Kivura Indwara Nyinshi Kikanarinda Ubusaza

Share this:

Akamaro ka teyi ku buzima Ifasha mu kwibuka cyane no kongera ubwenge: Akamaro kayo; ifasha ubwonko kwibuka cyane ibyo wabonye, ndetse no gufata mu mutwe. Ni umuti mwiza no kubageze mu izabukuru kuko ubarinda gutakaza ubushobozi bwo kwibuka, n’indwara zibiturukaho…

Share this:
Posted on

Perezida mushya wa Zambia yanze kujya kuba muri perezidansi

Share this:

Perezida mushya wa Zambia, Hakainde Hichilema, ntazimuka ngo ajye kuba ahasanzwe hari perezidansi, ahubwo azakomeza kuba mu nzu asanzwe abamo yise ” Community House”, asanzwe akodesha.   Ikinyamakuru cya Leta ya Zambia Daily Mail, gitangaza ko Hichilema uheruka kurahira atazajya…

Share this:
Posted on

Inzoga: ibyiza, ibibi, igipimo ntarengwa

Share this:

Iyo tuvuga inzoga, tuba tuvuga ibinyobwa byose bisembuye, cyaba ikigage, urwagwa, primus, amstel, waragi, whisky,  ikibuti, kanyanga, yewemuntu, umurahanyoni, umumanurajipo n’izindi. Izi zose zihurira ku kuba zirimo alukolo, zigatandukanira ku gipimo cya alukolo irimo uko ingana. . Igipimo cy’inzoga umuntu…

Share this:
Posted on

Umuhanzi Nsengiyumva wamamaye nk’igisupusupu yarekuwe

Share this:

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwafashe icyemezo cyo kurekura Nsengiyumva Francois uzwi nka Gisupusupu, nyuma y’igihe yari amaze afungiye muri Gereza ya Rwamagana.   Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 26 Kanama, nibwo urukiko rwafashe iki cyemezo rutegeka ko Nsengiyumva ahita…

Share this:
Posted on

Afghanistan: Ku kibuga cy’indege cya Kabul hagabwe igitero gikomeye cyahitanye benshi abandi barakomereka

Share this:

Abantu bataramenyekana umubare birakekwa ko bitabye Imana abandi barakomereka, nyuma ‘iturika ryabereye hanze ‘ikibuga c’indege c’i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistan. Ni amakuru yemejwe na Minisiteri ‘Ingabo za Amerika (Pentagon) nyuma ‘iminsi mike iki gihugu kiburiye abantu ko hanze…

Share this:
Posted on

Paul Rusesabagina yarimo akorwaho iperereza n’Ububirigi ryari ritararangira ubwo yisangaga i Kigali mu butabera bw’u Rwanda

Share this:

Umunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina wo mu Bubiligi uherutse kwirukanwa mu Rwanda aravuga ko umukiriya we yaje mu Rwanda mu gihe hari iperereza ryari riri kumukorwaho muri iki gihugu ryari ritararangira kubw’ibyo agasaba ko yakoherezwa rigakomeza akaba ariho aburanira. Rusesabagina ufite…

Share this:
Posted on

Afganistan: Abatalibani barashinja abanyamerika gusahura ubwenge bwa Afghanistan babujyana mu mahanga

Share this:

Umutwe witwaje intwaro w’Abatalibani umaze iminsi 9 ufashe ubutegetsi bwa Afghanistan urashinja ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) guhungisha abahanga. Zabihullah Mujahid uvugira Abatalibani mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 24 Kanama 2021 yavuze ko iri guhungisha…

Share this:
Posted on

PSG igiye gusohoza ibyo yasezeranyije Kylian Mbappe usa n’uwari yariteganyirije

Share this:

Isi y’umupira w’amaguru, yiteguye kumva inkuru ya Mpappe ava muri PSG yerekeza muri Real Madrid dore ko Real Madrid yanashyizeho igiciro ishaka kugura uyu Rutahizamu.   . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza muri Real Madrid . Amasezerano ya Mbappe muri PSG…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Ba bana Dorcas na Vestina bashyize hanze indirimbo ikomeye ivuga ku byo banyuzemo mu minsi ishize – VIDEO

Share this:

Nyuma y’imvururu nyinshi zagaragaye mu mikoranire ya Vestine na Dorcas na MIE basohoye indirimbo nshya nziza cyane bise ’Ibuye’ isubizamo abantu ukwizera, ikaba ishingiye ku nkuru yo muri Bibiliya ya Dawidi uburyo yishe Goliyati kandi yari umugabo usuzuguritse imbere y’uyu…

Share this:
Posted on

Leta zunze ubumwe za Amerika zirimo gutegura igitero gikomeye kuri Afghanistan nyuma y’iminsi mike cyane zihakuye ingabo zayo – IMPAMVU

Share this:

USA irimo kwitegura kugaba ibitero kuri Afghanistan mu rwego rwo gusenya ibitwaro byayo n’ahahoze ari ibirindiro by’ingabo zayo nyuma y’uko byigaruriwe n’intagontwa z’Abatalibani.   . USA irimo gutegura ibitero by’indege kuri Afganistan . Intwaro za USA zafashwe n’abatalibani   Fox…

Share this:
Posted on