Latest post

Igitera uburyaryate no kwishimagura igihe umuntu amaze koga n’uko yabyivura

Share this:

Bishobora kuba byarakubayeho cyangwa nubu bikajya bkubaho. Wamara kwiyuhagira ukumva utuntu tukurya umubiri wose ndetse ukanishimagura.cyangwa waba uri kugenda mu mbeho, ukumva ku maguru umeze nk’aho hari utuntu turi kugutondagira.   . Igitera umuntu kwishimagura igihe amaze koga . Uko…

Share this:
Posted on

Miss Pamella uri mu rukundo na The Ben yahishuye icyatumye avuga ko atazashaka umugabo ahubwo azabyara abana

Share this:

Miss Uwicyeza Pamella yavuze byinshi byibazwaga ku kiganiro giherutse gusohoka avuga ku kuba ngo ‘atazashaka umugabo ahubwo ko azashaka umugabo uzamubyarira abana gusa ariko ngo batabana mu nzu’.   . Miss Pamella Uwicyeza yavuze ko kuvuga ko atazashaka yabitewe n’ubwana…

Share this:
Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zamaze kugota ibirindiro bya nyuma by’inyeshyamba

Share this:

Amakuru aturuka muri Mozambique aravuga ko Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza kiriya gihugu, zamaze kugota uduce twa Siri I na Siri II inyeshyamba zo mu mutwe wa Islamic State zari zisigaranye.   . Ingabo za RDF zagose ibirindiro bya Siri I…

Share this:
Posted on

Rubavu: Umugabo akurikiranweho kwica umukobwa we amuziza ko yatinze gutaha

Share this:

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 amuhoye ko yatinze gutaha.   . Umugabo ushinjwa gukubita umukobwa we agapfa yavuze ko yamukubise urushyi . Abaturanyi be bavuga ko ashobora kuba yaramunize kuko…

Share this:
Posted on

Me Lurquin yashinje u Rwanda kumuhohotera ndetse ntiyemera yafatiwe cyo kutagaruka mu Rwanda

Share this:

Umunyamategeko Vincent Lurquin yatangaje ko mbere y’uko yirukanwa ku butaka bw’u Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize, yamaze amasaha 12 yatawe muri yombi harimo atandatu yahaswe ibibazo, gusa akavuga ko yazize ubusa kuko ngo nta tegeko na rimwe yishe.   ….

Share this:
Posted on
Uncategorized

Bibiteye agahinda! Umugore yapfushije abana 5 mu mpanuka y’inkongi y’umuriro ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko [AMAFOTO]

Share this:

Umubyeyi ufite imyaka 34 y’amavuko ufite abana batanu uzwi ku izina rya Sabrina Dunigan ukomoka mu gihugu cya Ghana yabuze abana be bose uko ari batanu mu mpanuka y’inkongi y’umuriro ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko.   . Umubyeyi yapfushije abana…

Share this:
Posted on

Mozambique: Rwandan Army Carries modern Military Vehicles – PHOTOS

Share this:

Rwandan troops in Mozambique to restore security in Cabo Delgado Province carrying a variety of equipment to assist in this work including unarmed war vehicles including those of the Isotrex Phantom II surprised many as it was not known that…

Share this:
Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zitwaje ibifaro bikomeye bitari bizwi ko rutunze – AMAFOTO

Share this:

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado zitwaje ibikoresho bitandukanye bizifasha muri aka kazi harimo imodoka z’intambara z’umutamenwa harimo izo mu bwoko bwa Isotrex Phantom II zatunguye benshi kuko bitari bizwi ko u Rwanda…

Share this:
Posted on
Uncategorized

What you can drink that helps you cleanse the liver and make it work better

Share this:

The liver is an important organ in the body. Its main function is to cleanse the blood from the cord to different parts of the body. The liver also helps in the release of chemicals and residues from the drugs…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Ibyo kunywa wafata bikagufasha gusukura umwijima no gutuma ukora neza

Share this:

Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi.   . Umutobe…

Share this:
Posted on