Byinshi ku Batalibani bongeye kwigarurira Afghanistan nyuma y’imyaka 20 barwanda n’ingabo za Amerika ari nayo yabatoje
Ubusanzwe, ijambo “talibani” risobanuye ngo “umunyeshuri”, cyangwa se umuntu ushakisha ubumenyi. Abatalibani bategetse Afuganisitani kuva muw’1996 kugeza muw’2001 aho bashyizeho ubutegetsi bugendera ku mahame akarishye y’idini ya kiyisilamu azwi nka shariya. . Abatariban baremwe na Leta zunze ubumwe za…
Aba-taliban batangiye guhiga bukware umuntu wese wagize aho ahuririra n’ingabo z’amahanga zari ziyobowe na USA – Rappor ya UN
Inyandiko y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko aba Taliban bakajije ibikorwa byo gushakisha abakoreye ingabo z’umuryango w’ubwirinzi bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) cyangwa abakoreye leta ya Afghanistan yari iriho mbere. . Abakoranye n’ingabo za Amerika n’incuti zazo bakomeje guhungishwa . Abatalibani batangiye…
Ibimenyetso byakwereka ko amazi unywa buri munsi adahagije ibintu bishobora kugukururira ibyago bikomeye
Mu bigize umuntu, amazi yihariye 60%. Twavuga ko ariyo ya mbere mu bifitiye umuntu akamaro. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu byuya no kunyara, akaba ariyo mpamvu ugomba guhora usimbuza amazi watakaje, kugira ngo wirinde umwuma. . Ibintu…
Nubwo abasore benshi baba bifuza ko bakundana, uyu mukobwa w’uburanga ahamya ko nta myanya y’ibanga agira ndetse ngo ntashobora kubyara – AMAFOTO
Abahanga bati ‘burya umuntu wese agira inenge kuri we’, yaba igaragarira buri wese cyangwa se iyo utamenya usibye nyirayo gusa. Umukobwa mwiza w’uburanga Julian Peter wo muri Kenya abasore benshi baramurwanira nyamara we azi neza ko nta myanya y’ibanga agira…
Umugore yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse
Umugore witwa Kathleen Roberts yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa nyakwigendera Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse akaba atazibagirana nk’umwami w’injyana ya Pop kuri uyu mubumbe dutuye. . Yashimangiye ko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson. Iyi nkuru yagarutsweho na…
Ababyeyi bagaragaye bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’amashanyarazi babahungisha Abatalibani [AMAFOTO]
Ubuzima bukomeje kuba bubi ku baturage batifuza kuyoborwa n’Abatalibani baherutse gufata igihugu cya Afghanistan kuko hari amashusho yagaragaye ababyeyi bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’ikibuga cy’indege cya Kabul kugira ngo babahungishe. Abagore bari bafite ubwoba bwinshi,bagaragaye bari kujugunya…
Ikigo Radio na TV1 cyongeye gusezerera abandi banyamakuru 3 bakomeye
Radiyo na Televiziyo 1 biravugwa ko yasezereye abandi banyamakuru batatu b’imena bitewe n’ikibazo cy’amikoro make cyatewe ingaruka z’icyorezo cya Covid-19. Igitangazamakuru Ukwezi dukesha aya makuru kuri uyu wa 19 Kanama 2021 cyatangaje ko abasezerewe ari: Callixte Ndagijimana, Gakayire Raymond na…
Weasel uhigwa bukware na Polisi arazira umugore Sandra Teta
Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke Owoyesigire, avuga ko babonye amakuru ko Douglas Mayanja (Weasel Manizo) yakubise umukozi we wo mu rugo amuziza ibibazo yari afitaanye n’umugore we w’Umunyarwandakazi, Teta Sandra. Afande Owoyesigire avuga ko ”…
Ni iki gitera kubyara impanga? Ese hari icyo wakora ngo uzibyare? Dore ibisubizo kuri ibi bibazo
Ubusanzwe bizwi ko buri kwezi hakura intanga imwe y’umugore, iyo ihuye n’iy’umugabo, havuka umwana umwe. . Icyo wakora ukabyara impanga . Sobanukirwa uko bigenda ngo umuntu abyare impanga . Aho impanga zitandukanira n’uko bigenda ngo umuntu azibyare . Wabigenza…
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zagabye igitero gikomeye ku nyeshyamba mu gace ka Mbau
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique bagabye igitero gikomeye ku barwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba ugendera ku matwara y’Idini ya Islam bo mu Ntara ya Cabo Delgado, bahungiye mu mashyamba y’ahitwa Mbau nyuma yo kwamburwa ibirindiro byabo bikuru. Ibyumweru…