Latest post

Byinshi ku Batalibani bongeye kwigarurira Afghanistan nyuma y’imyaka 20 barwanda n’ingabo za Amerika ari nayo yabatoje

Share this:

Ubusanzwe, ijambo “talibani” risobanuye ngo “umunyeshuri”, cyangwa se umuntu ushakisha ubumenyi. Abatalibani bategetse Afuganisitani kuva muw’1996 kugeza muw’2001 aho bashyizeho ubutegetsi bugendera ku mahame akarishye y’idini ya kiyisilamu azwi nka shariya.   . Abatariban baremwe na Leta zunze ubumwe za…

Share this:
Posted on

Aba-taliban batangiye guhiga bukware umuntu wese wagize aho ahuririra n’ingabo z’amahanga zari ziyobowe na USA – Rappor ya UN

Share this:

Inyandiko y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko aba Taliban bakajije ibikorwa byo gushakisha abakoreye ingabo z’umuryango w’ubwirinzi bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) cyangwa abakoreye leta ya Afghanistan yari iriho mbere.   . Abakoranye n’ingabo za Amerika n’incuti zazo bakomeje guhungishwa . Abatalibani batangiye…

Share this:
Posted on

Ibimenyetso byakwereka ko amazi unywa buri munsi adahagije ibintu bishobora kugukururira ibyago bikomeye

Share this:

Mu bigize umuntu, amazi yihariye 60%. Twavuga ko ariyo ya mbere mu bifitiye umuntu akamaro. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu byuya no kunyara, akaba ariyo mpamvu ugomba guhora usimbuza amazi watakaje, kugira ngo wirinde umwuma.   . Ibintu…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Nubwo abasore benshi baba bifuza ko bakundana, uyu mukobwa w’uburanga ahamya ko nta myanya y’ibanga agira ndetse ngo ntashobora kubyara – AMAFOTO

Share this:

Abahanga bati ‘burya umuntu wese agira inenge kuri we’, yaba igaragarira buri wese cyangwa se iyo utamenya usibye nyirayo gusa. Umukobwa mwiza w’uburanga Julian Peter wo muri Kenya abasore benshi baramurwanira nyamara we azi neza ko nta myanya y’ibanga agira…

Share this:
Posted on

Umugore yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse

Share this:

Umugore witwa Kathleen Roberts yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa nyakwigendera Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse akaba atazibagirana nk’umwami w’injyana ya Pop kuri uyu mubumbe dutuye.   . Yashimangiye ko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson.   Iyi nkuru yagarutsweho na…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Ababyeyi bagaragaye bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’amashanyarazi babahungisha Abatalibani [AMAFOTO]

Share this:

Ubuzima bukomeje kuba bubi ku baturage batifuza kuyoborwa n’Abatalibani baherutse gufata igihugu cya Afghanistan kuko hari amashusho yagaragaye ababyeyi bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’ikibuga cy’indege cya Kabul kugira ngo babahungishe.   Abagore bari bafite ubwoba bwinshi,bagaragaye bari kujugunya…

Share this:
Posted on

Ikigo Radio na TV1 cyongeye gusezerera abandi banyamakuru 3 bakomeye

Share this:

Radiyo na Televiziyo 1 biravugwa ko yasezereye abandi banyamakuru batatu b’imena bitewe n’ikibazo cy’amikoro make cyatewe ingaruka z’icyorezo cya Covid-19. Igitangazamakuru Ukwezi dukesha aya makuru kuri uyu wa 19 Kanama 2021 cyatangaje ko abasezerewe ari: Callixte Ndagijimana, Gakayire Raymond na…

Share this:
Posted on

Weasel uhigwa bukware na Polisi arazira umugore Sandra Teta

Share this:

Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke Owoyesigire, avuga ko babonye amakuru ko Douglas Mayanja (Weasel Manizo) yakubise umukozi we wo mu rugo amuziza ibibazo yari afitaanye n’umugore we w’Umunyarwandakazi, Teta Sandra.   Afande Owoyesigire avuga ko ”…

Share this:
Posted on

Ni iki gitera kubyara impanga? Ese hari icyo wakora ngo uzibyare? Dore ibisubizo kuri ibi bibazo

Share this:

Ubusanzwe bizwi ko buri kwezi hakura intanga imwe y’umugore, iyo ihuye n’iy’umugabo, havuka umwana umwe.   . Icyo wakora ukabyara impanga . Sobanukirwa uko bigenda ngo umuntu abyare impanga . Aho impanga zitandukanira n’uko bigenda ngo umuntu azibyare . Wabigenza…

Share this:
Posted on

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zagabye igitero gikomeye ku nyeshyamba mu gace ka Mbau

Share this:

Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique bagabye igitero gikomeye ku barwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba ugendera ku matwara y’Idini ya Islam bo mu Ntara ya Cabo Delgado, bahungiye mu mashyamba y’ahitwa Mbau nyuma yo kwamburwa ibirindiro byabo bikuru.   Ibyumweru…

Share this:
Posted on