Rayon Sports: Sadate Munyakazi yongeye kunga ubumwe n’itsinda ryamuhagurukije ku ntebe y’ubuyobozi nyuma y’imyaka barebana ay’ingwe
Nyuma y’igihe gisaga umwaka, uwahoze ayobora Rayon Sports, Bwana Sadate Munyakazi adacana uwaka n’itsinda ry’abahoze bamurwanya ari ku ntebe y’ubuyobozi ndetse banasize bayimukuyeho, bashyize ku ruhande ibyabatanyaga bunga ubumwe, biyemeza gusenyera umugozi umwe bubaka Rayon Sports itajegajega. . Abahoze…
Ibyihariye ku modoka Armored Range Rover Sentinel igendwamo na Perezida Kagame – AMAFOTO + VIDEO
Armored Range Rover Sentinel Ni imodoka yakorewe abanyacyubahiro ndetse n’undi muntu wese ukeneye umutekano wo mu rwego rwo hejuru. Ni imwe mu modoka umukuru w’igihugu cy’u Rwanda agendamo. . Imodoka itwara Perezida Kagame . Armored Range Rover Sentinel ya Perezida…
Omar Machude wajujubije Mozambique ubu akaba ari gushushubikanywa n’ingabo z’u Rwanda ni muntu ki?
Ku itariki 06/08/2021 ku nshuro ya mbere leta zunze ubumwe za America yashyize ahagaragara urutonde rw’abantu babiri mu bayoboye umutwe w’ibyihebe wa leta ya kislam ukorera muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado. Abo bantu babiri barimo uwitwa Bonomade…
Abakuru b’ibihugu 5 bakize kurusha abandi muri Afurika n’ingano y’umutungo wabo
Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. . Abakuru b’ibihugu bya Afurika batunze agatubutse kurusha abandi . Abaperezida bo muri Afurika bakize kurusha abandi 1….
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro, ariko ntiyapfa
Umugabo wari usanzwe akora umwuga w’ubukarani, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu yiyahuriye ku nyubako y’Inkundamahoro y’i Nyabugogo mu murenge wa Kimisagara, gusa ntiyitaba Imana. Amakuru avuga ko uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 y’amavuko yasimbutse hasi aturutse…
Abajyanama 8 ba Perezida Evariste Ndayishimiye bahagaritswe ku kazi
Abajyanama umunani b’umukuru w’igihugu cy’u Burundi barimo Willy Nyamitwe, Jean-Claude Karerwa Ndanzako n’abandi, guhera kuwa Mbere bari mu bihano byo kuba bahagaritswe ku mirimo yabo kubera imyitwarire irimo gusiba akazi nta ruhushya basabye. Byagaragaye kuwa gatanu ushize ubwo ushinzwe gutunganya…
Yahagaritse kunywa amazi no kurya inyama nyuma yo gufungwa arengana mu myaka 20 ishize nk’uko abivuga
Umugabo wo mu Burundi uzwi ku kazina ka Karitoni avuga ko kuva yafungwa mubyo we yitwa akarengane, ntaranywa amazi kandi yumva ameze neza. Uyu mugabo kuri ubu wahindutse umurasita nyuma yo gufungurwa, avuga ko yarenganyijwe ndetse n’igihe bigaragariye ko…
Umwarimu yateye inda abana 3 yigishaga mu ishuri rimwe
Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru y’umwarimu wakoze amahano atera inda abakobwa 3 yigisha mu ishuri rimwe ndetse ngo uyu mwarimu yamaze kugezwa mu butabera kugira ngo aryozwe ibyo yakoreye aba bakobwa bakiri bato. Dr Kyeremeh yahishuriye ibi mu…
Afghanistan: Bemeye guparamira indege nka Comando muri Filimi kugirango bahunge Abatalibani gusa yageze mu kirere barahanuka – AMAFOTO
Abanya Afghanistan bakomeje gushaka uburyo bwose butuma bahunga igihugu nyuma y’aho Abatalibani bagifashe mu minsi ishize bikavugwa ko banatangiye kwica abantu bamwe na bamwe. Mu mashusho ateye ubwoba yakwirakwijwe hose,yagaragagaje abantu benshi cyane bari ku kibuga cy’I Kabul hanyuma…
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
Nyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali. Abashinzwe ubuzima mu Rwanda batangaje ko impano ya Amerika byitezwe ko…