Siberia: Umwobo uzwi nk’irembo ry’ikuzimu ukomeje kwaguka. Ibiteye inkeke n’icyo abahanga babivugaho
Uyu mwobo wiswe Batagaika cyangwa Megaslump uzwi mu gace uherereyemo nk’irembo ry’ikuzimu giherereye mu ishyamba rya Siberia ishyamba kimeza rimaze imyaka n’imyaka ryo mu gihugu cy’Uburusiya. Icyi cyobo bivugwa ko kimaze kugira ubugari bungana na Km 1 kandi ko…
Uganda igiye kwakira impunzi 2000 z’abanya-Afghanistani
Igihugu cya Uganda kigiye kwakira impunzi z-abanya-Afghanistan zigera ku 2000 nyuma y’uko Abataribani bisubije ubutegetsi nyuma y’imyaka 20 babwirukanweho n’abanyamerika. Kwakira izi mpunzi biturutse mu mwumvikano hagati y’igihugu ya Uganda na Leta zunze Ubumwe za Amerika nk’uko Minisitiri ushinzwe impunzi…
Inzira z’Imana ntizigira umubare: Yabaye umushumba w’inka, yize kaminuza yishyuriwe n’abagiraneza ubu ni Perezida wa Zambia. Byinshi kuri Hakainde Hichilema
Umuntu wese ukuranye umugambi burya abigeraho iyo adacitse intege, intsinzi ya Hakainde Hichilema yerekana isomo rikomeye mu bantu ririmo kudacika intege no kutiheba mu gihe ugihumeka kuko yabaye umushumba w’inka, avukira mu muryango ukennye ariko amateka arahindutse abaye Perezida nyuma…
Bavumbuye ko bavukana nyuma y’imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore
Umugabo n’umugore bo muri USA baciye ibintu hirya no hino ku isi kubera uburyo bari bamaze imyaka 10 babana batazi ko bavukana bakaba baje kubivumbura nyuma yo kubyarana abana 2. Mu mashusho yakwirakwijwe ku rubuga rwa Tik Tok, aba…
Afghanistan: Icyafashije Abatalibani kwigarurira igihugu mu kanya nk’ako guhumbya kandi bakosheje intwro ziciriritse cyamenyekanye
Mu byumweru bicye bishize, abarwanyi b’aba Taliban, ahanini bitwaje imbunda ziciriritse za AK-47, banyanyagiye muri Afghanistan urebye nta kibazo gikomeye bahuye na cyo. Ikiganiro Newsnight cya BBC cyabwiwe ko imwe mu mpamvu z’ingenzi zatumye igisirikare cya Afghanistan kirindimuka ari…
Umusore yajyanye umukobwa iwe bageze mu buriri ahinduka ihene we arasara
Umusore witwa Namasaka, wo mu cyaro cyitwa Mayuge, mu gace ka Navakholo i Kakamega muri Kenya yatangaje ko yumvise ashaka umukobwa baryamana, akanyura ku isoko, akamutahana gusa yagera mu buriri, umukobwa agahinduka ihene. Namasaka usanzwe akora akazi ko mu…
Perezida wa Afganistani yatunguye isi ubwo yahunganaga imodoka 4 na kajugujugu byuzuye amafaranga
Ambasade ya Amerika i Kabul, yatangaje ko Ashraf Ghani wari Perezida wa Afghanistan ahunga igihugu cye yajyanye imodoka enye na kajugujugu byose byuzuye amafaranga, gusa biba ngombwa ko amwe ayasiga kuko yabuze uko yayatwara yose. . Perezida wa Afganistan…
Mbappe uheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG noneho ngo hari ikintu gikomeye ashaka kubwira Perezida w’iyi kipe
Rutahizamu Kylian Mbappe utishimiwe n’abafana ba PSG muri iyi minsi kubera ko yanze kongera amasezerano kandi ikipe imukeneye,yamaze gusaba Perezida w’ikipe, Nasser Al-Khelaifi,ko bahura bakaganira ku bijyanye no kumurekura akigendera. Real Madrid imaze icyumweru cyose iganira na PSG kuri…
Agakiriro ka Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, inkongi yibasiye agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi. Ababonye iyi nkongi bavuga ko yatangiye saa 8h50 za mu gitondo, itewe n’umuriro w’amashanyarazi,…
Mozambique: Ingabo z’ Rwanda n’iza Mozambique zakomwe mu nkokora n’ibyihebe byahinduye amayeri
Umuvugizi w’Igisirikare cya Mozambique, Brig Chongo Vidgal, yatangaje ko ibitero Ingabo z’u Rwanda zikomeje kugaba mu ntara ya Cabo Delgado ku bufatanye n’iza Mozambique byakomwe gato mu nkokora n’ibyihebe bisa n’ibyarambitse intwaro bikiyoberanya nk’abaturage. . Ibyihebe byatangiye kwiyoberanya mu…