Latest post

APR FC yatangaje abakinnyi bashya yasinyishije

Ikipe ya APR FC yerekanye abakinnyi bane b’Abanyarwanda yasinyishije, barimo Tuyisenge Arsene yakuye muri Rayon Sports, Mugiraneza Frodouard wahoze muri Kiyovu Sports, Dushimimana Olivier wavuye muri Bugesera FC na Byiringiro Gilbert wakiniraga Marines FC. TUYISENGE ARSENE usanzwe akina aca ku…

Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Ariel ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, iwacumarket igiye kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Izina Ariel rifite inkomoko mu rurimi rw’Igiheburayo risobanura ‘Intare y’Imana.’ Bigendanye n’inkomoko yaryo, izina Ariel rihabwa…

Posted on

Safi Madiba yamaze kuba umunya-Canada nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga 4

Umuhanzi w’umunyarwanda, Niyibikora Safi wamenye nka Safi Madiba yatangaje ko ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko ahawe ubwenegihugu bwa Canada. Yifashishije konti ye ya Instagram, yasohoye urupapuro rugaragaza ko yabaye umwenegihugu wa Canada, guhera kuri uyu wa Mbere tariki 17…

Posted on

Dore ibyo ugomba kwitondera igihe utera akabariro ukababara. Iki ni ikimenyetso kikuburira

Niba ukunze kubabara mu gihe cyangwa nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, umubiri wawe uba uri kugerageza kukuburira ko hari ikitagenda neza, ntugomba kubyirengagiza, ahubwo ugomba kwihutira kugana kwa muganga, ukamenya neza ikibitera. Akenshi kubabara nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, biterwa…

Posted on

Harimo n’urupfu: Dore ingaruka zikomeye umuntu wica ikinyenzi agikandagiye cyangwa agikubise urukweto ashobora guhura nazo abantu batazi

Nta muntu n’umwe wishimira kubona ibinyenzi mu nzu ye, Iyi niyo mpamvu bamwe muri twe iyo babibonye babikandagira mu buryo bwo kubyica nyamara ubushakashatsi bugaragaza ko ibi byashyira ubuzima bwacu mu kaga. Nubona ikinyenzi aho ari ho hose kugikandagira hejuru…

Posted on

Agakono k’abapapa gakomeje kurikoroza mu karere ka Burera. Abagabo n’abagore ntibibivugaho rumwe gusa abana nib birengera ingaruka

Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika ,bamwe mu babyeyi baratabaza aho bavuga ko agakono k’ abapapa kagiye gutuma abana babo bajya mu mutuku. Ibi aba babyeyi babivuze nyuma y’ uko abagabo babo bishyiriyeho gahunda idahwitse bise agakono k’abapapa…

Posted on

Impanuka Kylian Mbappe yaraye agiriye mu kibuga yatumwe azagaragara mu isura nshya mu kibuga

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bufaransa, FFF ryatangaje ko nyuma y’isuzuma ry’ibanze byagaragaye ko Kapiteni Kylian Mbappé yavunitse izuru mu mukino wa mbere w’Abafaransa bakinagamo na Autriche mu ijoro ryakeye, icyakora ntabwo azabagwa. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ubwo…

Posted on

Umufana wa Rayon Sports yatabaje Perezida Kagame ngo abakize agahinda baterwa na Jean Fidèle uyiyobora

Umukunzi wa  Rayon Sports yatuye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agahinda abafana b’iyi kipe baterwa na Perezida Uwayezu Jean Fidèle uyiyobora, maze asaba Umukuru w’Igihugu ko yakabakiza. Ni ibyo uwitwa “KJD TV Rwanda” ku rubuga rwa YouTube yanyujije…

Posted on

Umugore yarashe umugabo wari usanzwe ari umusirikare ahita apfa

Umusirikare mu gisirikare cya Repubulka Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yishwe arashwe n’umugore we nyuma yo gushyamirana bagatongana hafi ku rwana. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri teritwari ya Kalehe mu ijoro rishyira ku Cyumweru taliki 16 Kamena…

Posted on

Umugabo witwa Nzaramba David yaguwe gitumo yiha akabyizi ku mugore w’abandi muri Butike benshi batungurwa n’ibyo uyu mugore wari wizihiwe yahise akorera ubuyobozi

Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko mu kagari ka Kabudundu, umugabo yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi muri butiki. Ahagana muma saa cyenda z’ijorozo ryo kuwa 13 Mata 2022 nibwo Uwitwa Nyirahabimana Leonille,  yahurujwe abwirwa ko umugabo we Nzaramba  David aryamanye…

Posted on