Kimisagara: Umugabo yihaye akabyizi ku mwana yibyariye arangije akora ibyatumye benshi bamwita umukuru w’Ibigwari
Umugabo witwa Baranyeretse Theoneste uzwi ku izina rya Kavamahanga wo mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye ni nyuma y’uko umwana we yibyariye avuye guhuruza abaturage abamenyesha ko se amaze kumusambanya noneho yagaruka…
Musanze: Umusore wari wagiye gusenga arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa amusanze mu bwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri….
Dore impamvu zishobora gutera abantu kumatana igihe batera akabariro n’icyo bakora igihe bibaye
Rimwe na rimwe hakunze kumvikana inkuru ko hari abantu bamatanye, igitsina cy’umugabo cyafatiwe mu cy’umugore mu gihe bari mubgikorwa cyo gutera akabariro. Mu basoma iyi inkuru birashoboka ko hari abo byabayeho, bakaba batanga ubuhamya. Hari abafite inshuti byabayeho. Hari n’abandi…
Impamvu Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite
Mu gikorwa cyo kwakira indahiro z’Abayobozi bashya baheruka guhabwa inshingano muri Guverinoma no mu zindi nzego nkuru z’igihugu Perezida Paul Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite mu gihe habura igihe gito Abanyarwanda bakongera gutora Abadepite. Kuri uyu wa 12…
Umugabo yishe umugore we wamusabaga kujya mu banyamasengesho kubera ibyo yabonye mu nzu yabo
Umugabo witwa Solomon Kapanga w’imyaka 29, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore w’imyaka 22 nyuma y’uko amukubise ishoka mu mutwe bapfa ko yamusabaga ngo bajyane kureba umunyamasengesho, ni nyuma y’uko bari bamaze kubyemeranya umugabo akaza kubyanga umugore akamuhatiriza. Ibinyamakuru byo muri…
Hamenyekanye ibyo Amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu marembo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gukora
Kuri uyu wa Gatatu ushize amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu gice cy’inyanja kigenzurwa na Cuba mbere y’imyitozo ihuriyemo ingabo z’ibihugu byombi iteganyijwe muri Karayibe. Iyi myitozo bamwe barayibona nk’uburyo bw’u Burusiya bwo kwerekana ingufu zabwo mu gihe hakomeje…
Hatangiye gukoreshwa Uburyo bushya bwo kugendana amafaranga mu mubiri wa muntu
Ubu iyo uzengurutse mu masoko hirya no hino kw’Isi kuva muri Afurika, Aziya, Amerika n’u Burayi usanga abishyura ibicurunzwa na Serivise bahawe, akenshi bakoresha amakarita y’ama banki babitsemo amafaranga yabo. gusa ubu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hari gukoresha ikiganza…
Hamenyekanye akayabo Rayon Sports yahaye Ombolenga na Muhadjrii kugirango bayisinyire
Kuri uyu wa Kane,tariki ya 13 Kamena nibwo Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Ombolenga Fitina ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri iri imbere. Ombolenga yishyuwe miliyoni 25 FRW ndetse yemererwa umushahara wa miliyoni buri kwezi. Uyu mukinnyi w’umuhanga kuri…
Umupolisi ukomeye yarasiye umucamanza mu rukiko nawe ahita araswa
Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ’Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucamanza mukuru Monica Kivuti wo mu rukiko rwa Makadara,…
Amavubi yaruhutse gucuragizwa kubera sitade
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryemeje ko Amahoro Stadium yujuje ibyangombwa bikenerwa mu kwakira imikino mpuzamahanga ya CAF/FIFA. Mu butumwa bageneye u Rwanda biciye muri Minisiteri ya Siporo na Ferwafa, abayobozi bo muri CAF bavuze ko basanze Stade Amahoro yujuje…