Dore bimwe mu biranga telefoni yinjiriwe n’ibisambo n’icyo wakora ngo ubihagarike
Abantu bakoresha telefoni zigezweho bakomeje guhura n’ibibazo bitandukanye by’umwihariko bituruka kuri iyi si yabaye nk’umudugudu. Hanze aha hari abantu babigize umwuga rwose bakomeje kwinjirira telefoni z’abantu bakabiba. Aba ba ‘Hackers’ bakora ibi kubera ko bazi neza ko abantu basigaye bakoresha…
Umukobwa ufite amabere 4, 2 imbere na 2 inyuma yakoze ubukwe butangaje – AMAFOTO
Umukobwa umeze nk’utangaje kubera uburyo afite amabere 4, imbere mu gatuza abiri nk’ibisanzwe n’inyuma mu mugongo abiri, yakoze ubukwe maze amafoto ye yamamara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga. Mu bitangazamakuru bitandukanye, inkuru ivuga ko umugore wo muri Ghana…
Dore icyatumye Lionel Messi yanga nimero 10 yari yemerewe na Neymar agahitamo nimero 30
Ubwo Messi yari mu biganiro na PSG, Neymar yemeye ko naza azamuha nimero asanzwe yambara ari 10 kuko ari yo yari asanzwe akoresha muri FC Barcelone ndetse ikaba yanditse no ku ndege ye. Gusa byatunguye abantu kuko Messi yayanze yifatira…
Nta kabura imvano: Amateka ya Sankara wamye afite imyitwarire iteye inkeke. Byinshi utamenye
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, “kwizeza Kizito Mihigo ko…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique ziragera amajanja umukuru w’inyeshyamba Bonomar Machude Omar
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Général-Major, Cristóvão Chume, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zifatanyije n’iza RDF ziteguye gukora ibishoboka byose zigafata Bonomar Machude Omar, umunya-Mozambique ukuriye umutwe wa Islamic State umaze igihe warayogoje intara ya Cabo Delgado. . Ingabo…
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro arapfa
Nyabugogo ku isoko ry’inkundamahoro,umugabo witwa Twibanire Emmanuel wo mu Kagari ka Munanira II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, yavuye muri etaje ya 6 agwa hasi ahita apfa. Biravugwa ko yaba yiyahuye. Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu…
RDF yatangaje icyo yiteguye gukora mu gihe ibyihebe byo muri Mozambique byahitamo kugaba ibitero ku Rwanda
Umuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda “byumvikana ko ziteguye guhashya” umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda. . IS yo muri Mozambique yibasiye u Rwanda kubera ibitero rumaze iminsi ruwugabaho . Ingabo z’u…
Bijoux muri Bamenya ari gukinisha umutima w’umuhanzi Sentore niba atari uyu musore wibeshya ku marangamutima ye. Urujijo mu rukundo rwabo – AMAFOTO
Urukundo, burya ni ink’inyanja wagwamo ukarohama, biba byiza mwese iyo murohamye mu nyanja y’urukundo, umwe ntiyisangemo undi akabifata nk’imikino. Byagutera gukeka ko hari utabirimo neza, nk’uko ubu Munezero Aline (Bijoux) bivugwa ko akundana n’umusore Lionel Sentore ariko yabibazwa bikaba nk’ikinamico…
Mozambique: Umutwe w’intagondwa wa IS n’abawushyigikiye bibasiye u Rwanda kuri Interinet
Abashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Kiyisilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo uyu mutwe uherutse kuvuga wamagana iki gihugu. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zigaruriye ibirindiro…
Umugeni yasebeje umugabo we yanga ko amusoma mu bukwe bwabo – IMPAMVU
Ibirori by’ubukwe ni kimwe mu minsi buri muntu wese aba ategereje kuzabona cyangwa kuzakora. Mu bukwe abageni barasomana bagaterurana n’ibindi mu kwerekana urukundo bakundana. Gusa umugeni yanze ko umukunzi we amusoma abari mu bukwe bagwa mu kantu n’ubwo byarangiye asomwe…