Latest post

Tanzania: Umuyobozi ukomeye yananiwe kuvuga mu nama nyuma yo gukingirwa Covid-19

Komiseri w’Ubuzima n’Ibidukikije mu Kigo cy’Uburezi muri Tanzania (TAHLISO), Sospeter Mosewe Bulugu, yageze mu nama mu ntangiriro z’iki cyumweru ananirwa kuvuga nyuma yo guterwa urukiko rwa Covid-19.   Kuwa 12 Kanama, Bulugu yari yabay iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, bamwe…

Posted on

Abataribani binjiye Kabul umurwa mukuru wa Afganistani

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Afghanistan imaze gutangaza ko abarwanyi b’Abatalibani batangiye kwinjira mu murwa mukuru, Kabul, baturutse impande zose. Ni nyuma yo gufata indi mijyi yose y’iki gihugu mu gihe gitoya, urugamba rweruye rwatangiye ubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika…

Posted on

DRC: Indege yagonze umumotari

Indege yo mu bwoko bwa Bombardier Q400 yagwaga ku kibuga cy’indege cya Luano mu mujyi wa Lubumbashi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yaraye ikoze impanuka, ubwo yagongaga umumotari.   Minisiteri ishinzwe ubwikorezi mu itangazo yasohoye kuri uyu wa…

Posted on

Ibitangaje ku kiraro(bridge) cya mbere kirekire kurusha ibindi ku isi ku burebure bwa Km 165 zose ni ukuvuga kuva i Kigali ukarenga i Huye

Ku isi hari byinshi bitangaje umuntu ashobora kureba akibaza niba byarakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi Iwacumarket yagutoranyirije ikiraro kirekire kurusha ibindi ku isi cyiswe Danyang–Kunshan Grand Bridge kikaba giherereye mu Bushinwa.   . Ikiraro cya mbere kirekire ku isi giherereye…

Posted on
Uncategorized

Doreen wakize agakoko gatera SIDA nyuma y’imyaka 29 akagendana yagiriye inama abandi baba bafite ubu bwandu

SIDA, uyanduye biba ngombwa ko agomba gukoresha imiti igabanya ubukana kugira ngo abashe kuramba ntapfe imburagihe, gusa mu bihugu bitandukanye hari abantu cyane abakobwa baretse imiti ibyo ari naho Doreen Moraa yahereye abagira inama kuko we yerekana ibyiza byo kwemera…

Posted on

Leta y’u Rwanda yongeye kwigomwa amahooro y’ibikomoka kuri peterori kugirango ibiciro bitongera gutumbagira

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), rwatangaje ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kwiyongera ku isoko mpuzamahanga, Leta yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Kanama na Nzeri 2021 biguma uko byari bisanzwe.   ….

Posted on

Perezida Kagame ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 bafite uburinzi buhambaye muri Afurika – AMAFOTO

Mu bihugu byinshi ku isi, abaperezida batorwa n’abaturage kandi kugira ngo aba Perezida basohoze inshingano zabo neza, bahabwa uburinzi buhambaye. Ku mugabane wa Afurika, abaperezida b’ibihugu byose bya Afurika nabo bahabwa uburinzi buhambaye kugira ngo imirimo ikorwe neza. Nubwo bimeze…

Posted on

Aba ni bo basirikare 5 bahawe ipeti rya General Full(ipeti riruta ayandi) kuva u Rwanda rwabona ubwigenge kugeza ubu

Iteka rya Perezida Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020 rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rishyira ipeti rya General (Full) mu kiciro cy’amapeti y’Abofisiye Jenerali (General Officers), rikaruta ayandi yose aba mu ngabo z’u Rwanda.   . Aba…

Posted on

Perezida Kagame yababajwe cyane no gutsindwa uruhenu kwa Arsenal mu mukino wa mbere wa Shampiyona ayigenera ubutumwa bukomeye

Mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona wabimburiye iyindi,ikipe ya Arsenal iri ku rwego rwo hasi cyane yatsinzwe na Brentford ibitego 2-0 imbere y’abafana bari bagarutse kuri Stade nyuma y’igihe Covid-19 yaratumye stade zifungwa.   . Perezida Kagame yageneye ubutumwa…

Posted on

Ubuki buvura indwara nyinshi kandi zitandukanye bukanongera akanyabugabo ku bubaka urugo. Dore uko bukoreshwa n’ibyo ugomba kwitondera

Ubuki kuva kera bwagiye bukoreshwa mu kuvura indwara zitandukanye. Hano tugiye kureba zimwe mu ndwara zivurwa na bwo cg zirindwa na bwo.   . Akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara . Ubuki buvura indwara nk’inkorora, ikirungurira, ibikomere byo mu…

Posted on