Latest post

Nta kabura imvano: Amateka ya Sankara wamye afite imyitwarire iteye inkeke. Byinshi utamenye

Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, “kwizeza Kizito Mihigo ko…

Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique ziragera amajanja umukuru w’inyeshyamba Bonomar Machude Omar

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Général-Major, Cristóvão Chume, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zifatanyije n’iza RDF ziteguye gukora ibishoboka byose zigafata Bonomar Machude Omar, umunya-Mozambique ukuriye umutwe wa Islamic State umaze igihe warayogoje intara ya Cabo Delgado.   . Ingabo…

Posted on

Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro arapfa

Nyabugogo ku isoko ry’inkundamahoro,umugabo witwa Twibanire Emmanuel wo mu Kagari ka Munanira II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, yavuye muri etaje ya 6 agwa hasi ahita apfa. Biravugwa ko yaba yiyahuye.   Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu…

Posted on

RDF yatangaje icyo yiteguye gukora mu gihe ibyihebe byo muri Mozambique byahitamo kugaba ibitero ku Rwanda

Umuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda “byumvikana ko ziteguye guhashya” umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda.   . IS yo muri Mozambique yibasiye u Rwanda kubera ibitero rumaze iminsi ruwugabaho . Ingabo z’u…

Posted on

Bijoux muri Bamenya ari gukinisha umutima w’umuhanzi Sentore niba atari uyu musore wibeshya ku marangamutima ye. Urujijo mu rukundo rwabo – AMAFOTO

Urukundo, burya ni ink’inyanja wagwamo ukarohama, biba byiza mwese iyo murohamye mu nyanja y’urukundo, umwe ntiyisangemo undi akabifata nk’imikino. Byagutera gukeka ko hari utabirimo neza, nk’uko ubu Munezero Aline (Bijoux) bivugwa ko akundana n’umusore Lionel Sentore ariko yabibazwa bikaba nk’ikinamico…

Posted on

Mozambique: Umutwe w’intagondwa wa IS n’abawushyigikiye bibasiye u Rwanda kuri Interinet

Abashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Kiyisilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo uyu mutwe uherutse kuvuga wamagana iki gihugu.   . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zigaruriye ibirindiro…

Posted on

Umugeni yasebeje umugabo we yanga ko amusoma mu bukwe bwabo – IMPAMVU

Ibirori by’ubukwe ni kimwe mu minsi buri muntu wese aba ategereje kuzabona cyangwa kuzakora. Mu bukwe abageni barasomana bagaterurana n’ibindi mu kwerekana urukundo bakundana. Gusa umugeni yanze ko umukunzi we amusoma abari mu bukwe bagwa mu kantu n’ubwo byarangiye asomwe…

Posted on

Ibyobo 5 ukwiye kwirinda kugwamo niba utarafata icyemezo mu rukundo

Mugihe utarafata icyemezo cyo kujya mu rukundo hari ibintu 5 ugomba kwirinda kuko uramutse wibeshye ukabikora usanga bikugizeho ingaruka zikomeye cyane cyane iyo wageze mu rukundo, ni ngombwa ko ubyirinda mugiye utariyemeza gukunda.   . Amakosa ugomba kwirinda gukora mu…

Posted on
Uncategorized

Ukuri ku ikinamico iri gukinwa na Kwizera Olivier, Nishimwe Blaise na Rugwiro Herve bagifitiye amasezerano Rayon Sports

Nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2020/21 urangiye APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yinjiye mu bibazo by’urusobe bijyanye n’abakinnyi bashakaga kuyisohokamo ndetse n’abayisohotsemo kandi bakiyifitiye amasezerano, bamwe banayijyana mu manza, abandi basezera imburagihe nk’iturufu yo kuyisohokamo….

Posted on

Amakosa 5 akomeye ugomba kwirinda gukora igihe utandukanye n’umukunzi wawe kuko yagukururira ibyago bikomeye

Gutandukana bishobora kuba byiza cyangwa bibi bitewe n’impamvu yatumye mutandukana. Abantu babiri bafite imibanire myiza bemerenyijeho mbere yo gukundana bashobora gutandukana igihe babona ibyo bari bateze kubona cyangwa kugeraho ataribyo bari kubona.   . Ibintu ugomba kwirinda gukora iyo ushwanye…

Posted on