Aba ni bo basirikare 5 bahawe ipeti rya General Full(ipeti riruta ayandi) kuva u Rwanda rwabona ubwigenge kugeza ubu
Iteka rya Perezida Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020 rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rishyira ipeti rya General (Full) mu kiciro cy’amapeti y’Abofisiye Jenerali (General Officers), rikaruta ayandi yose aba mu ngabo z’u Rwanda. . Aba…
Perezida Kagame yababajwe cyane no gutsindwa uruhenu kwa Arsenal mu mukino wa mbere wa Shampiyona ayigenera ubutumwa bukomeye
Mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona wabimburiye iyindi,ikipe ya Arsenal iri ku rwego rwo hasi cyane yatsinzwe na Brentford ibitego 2-0 imbere y’abafana bari bagarutse kuri Stade nyuma y’igihe Covid-19 yaratumye stade zifungwa. . Perezida Kagame yageneye ubutumwa…
Ubuki buvura indwara nyinshi kandi zitandukanye bukanongera akanyabugabo ku bubaka urugo. Dore uko bukoreshwa n’ibyo ugomba kwitondera
Ubuki kuva kera bwagiye bukoreshwa mu kuvura indwara zitandukanye. Hano tugiye kureba zimwe mu ndwara zivurwa na bwo cg zirindwa na bwo. . Akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara . Ubuki buvura indwara nk’inkorora, ikirungurira, ibikomere byo mu…
Dore bimwe mu biranga telefoni yinjiriwe n’ibisambo n’icyo wakora ngo ubihagarike
Abantu bakoresha telefoni zigezweho bakomeje guhura n’ibibazo bitandukanye by’umwihariko bituruka kuri iyi si yabaye nk’umudugudu. Hanze aha hari abantu babigize umwuga rwose bakomeje kwinjirira telefoni z’abantu bakabiba. Aba ba ‘Hackers’ bakora ibi kubera ko bazi neza ko abantu basigaye bakoresha…
Umukobwa ufite amabere 4, 2 imbere na 2 inyuma yakoze ubukwe butangaje – AMAFOTO
Umukobwa umeze nk’utangaje kubera uburyo afite amabere 4, imbere mu gatuza abiri nk’ibisanzwe n’inyuma mu mugongo abiri, yakoze ubukwe maze amafoto ye yamamara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga. Mu bitangazamakuru bitandukanye, inkuru ivuga ko umugore wo muri Ghana…
Dore icyatumye Lionel Messi yanga nimero 10 yari yemerewe na Neymar agahitamo nimero 30
Ubwo Messi yari mu biganiro na PSG, Neymar yemeye ko naza azamuha nimero asanzwe yambara ari 10 kuko ari yo yari asanzwe akoresha muri FC Barcelone ndetse ikaba yanditse no ku ndege ye. Gusa byatunguye abantu kuko Messi yayanze yifatira…
Nta kabura imvano: Amateka ya Sankara wamye afite imyitwarire iteye inkeke. Byinshi utamenye
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, “kwizeza Kizito Mihigo ko…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique ziragera amajanja umukuru w’inyeshyamba Bonomar Machude Omar
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Général-Major, Cristóvão Chume, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zifatanyije n’iza RDF ziteguye gukora ibishoboka byose zigafata Bonomar Machude Omar, umunya-Mozambique ukuriye umutwe wa Islamic State umaze igihe warayogoje intara ya Cabo Delgado. . Ingabo…
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro arapfa
Nyabugogo ku isoko ry’inkundamahoro,umugabo witwa Twibanire Emmanuel wo mu Kagari ka Munanira II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, yavuye muri etaje ya 6 agwa hasi ahita apfa. Biravugwa ko yaba yiyahuye. Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu…
RDF yatangaje icyo yiteguye gukora mu gihe ibyihebe byo muri Mozambique byahitamo kugaba ibitero ku Rwanda
Umuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda “byumvikana ko ziteguye guhashya” umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda. . IS yo muri Mozambique yibasiye u Rwanda kubera ibitero rumaze iminsi ruwugabaho . Ingabo z’u…