Bijoux muri Bamenya ari gukinisha umutima w’umuhanzi Sentore niba atari uyu musore wibeshya ku marangamutima ye. Urujijo mu rukundo rwabo – AMAFOTO
Urukundo, burya ni ink’inyanja wagwamo ukarohama, biba byiza mwese iyo murohamye mu nyanja y’urukundo, umwe ntiyisangemo undi akabifata nk’imikino. Byagutera gukeka ko hari utabirimo neza, nk’uko ubu Munezero Aline (Bijoux) bivugwa ko akundana n’umusore Lionel Sentore ariko yabibazwa bikaba nk’ikinamico…
Mozambique: Umutwe w’intagondwa wa IS n’abawushyigikiye bibasiye u Rwanda kuri Interinet
Abashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Kiyisilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo uyu mutwe uherutse kuvuga wamagana iki gihugu. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zigaruriye ibirindiro…
Umugeni yasebeje umugabo we yanga ko amusoma mu bukwe bwabo – IMPAMVU
Ibirori by’ubukwe ni kimwe mu minsi buri muntu wese aba ategereje kuzabona cyangwa kuzakora. Mu bukwe abageni barasomana bagaterurana n’ibindi mu kwerekana urukundo bakundana. Gusa umugeni yanze ko umukunzi we amusoma abari mu bukwe bagwa mu kantu n’ubwo byarangiye asomwe…
Ibyobo 5 ukwiye kwirinda kugwamo niba utarafata icyemezo mu rukundo
Mugihe utarafata icyemezo cyo kujya mu rukundo hari ibintu 5 ugomba kwirinda kuko uramutse wibeshye ukabikora usanga bikugizeho ingaruka zikomeye cyane cyane iyo wageze mu rukundo, ni ngombwa ko ubyirinda mugiye utariyemeza gukunda. . Amakosa ugomba kwirinda gukora mu…
Ukuri ku ikinamico iri gukinwa na Kwizera Olivier, Nishimwe Blaise na Rugwiro Herve bagifitiye amasezerano Rayon Sports
Nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2020/21 urangiye APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yinjiye mu bibazo by’urusobe bijyanye n’abakinnyi bashakaga kuyisohokamo ndetse n’abayisohotsemo kandi bakiyifitiye amasezerano, bamwe banayijyana mu manza, abandi basezera imburagihe nk’iturufu yo kuyisohokamo….
Amakosa 5 akomeye ugomba kwirinda gukora igihe utandukanye n’umukunzi wawe kuko yagukururira ibyago bikomeye
Gutandukana bishobora kuba byiza cyangwa bibi bitewe n’impamvu yatumye mutandukana. Abantu babiri bafite imibanire myiza bemerenyijeho mbere yo gukundana bashobora gutandukana igihe babona ibyo bari bateze kubona cyangwa kugeraho ataribyo bari kubona. . Ibintu ugomba kwirinda gukora iyo ushwanye…
Musanze: Mutwarasibo yakase ikiganza cya SEDO, akoresheje urukero
Umuyobozi w’isibo (Mutwarasibo) mu Kagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yakase ikiganza cy’umuyobozi ushinzwe iterambere n’imibereho y’abaturage (SEDO) Twagirayezu Olivier, akoresheje urukero rukoreshwa mu bwubatsi. . SEDO w’akagari yagiye kubuza umuturage kubaka nta byangombwa amukata…
Ku iherezo wa mukobwa wakunze cyane Bruce Melody bavuganye kuri telefoni si ukumutomora yivayo
Umukobwa witwa Gihozo wakunze cyane Umuhanzi Munyakazi Bruce Melodie yavuganye nawe kuri telephone mu kiganiro yagiranye na YagoTv Show akanyamuneza karamusaga maze amusakazaho imitoma myinshi , anamuhishurira ko ari mu rukundo n’umusaza w’imyaka 98 bitewe nuko yamwanze. . Gihozo…
Se wabo wa Abayisenga uherutse kwica padiri mu Bufaransa yanyomoje yavuzwe ku muryango wabo
Joseph Murasampongo, sewabo wa Emmanuel Abayisenga ushinjwa kwica umupadiri mu Bufaransa, yabwiye BBC ko bimwe mu byavuzwe kuri Abayisenga n’umuryango wabo nta kuri kubirimo. Ku wa mbere, Abayisenga yishyikirije polisi mu burengerazuba bw’Ubufaransa avuga ko yishe umupadiri witwa Olivier…
Yvan Buravan yiswe umupfumu kubera ifoto ye yashyize hanze acigatiye inzoka n’ubwe abihuza na Bibiriya
Umuhanzi Yvan Buravan yakoresheje ubuhanuzi buboneka muri Mariko 16:17-19 nyuma yo gufata inzoka nini mu ntoki ze ikomeje kuvugisha abatari bacye ndetse bamwe bakaba banatangiye kumwita umupfumu bitewe n’uko ibyo yakoze atari ibintu bimenyerewe. . Yvan Buravan yashyize hanze…