Abakobwa n’abagore bakiri bato bamwe mu bagiriwe icyizere na Perezida Samia Suhulu abagira abayobozi – AMAFOTO
Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan mu ntangiriro z’uku ukwezi yakoze amavugurura mu nzego z’ubuyobozi bwa Leta kuva ku nzego zo hasi, aho bigaragara ko yagiriye icyizere abakobwa n’abagore bakiri bato. . Perezida Samia Suhulu…
Rwamagana: Umupolisi yarashe umusore wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda covid-19 arapfa
Umupolisi witwa Siboniyo Jean d’Amour ukorera mu Karere ka Rwamagana yishe arashe umusore witwa Iradukunda Elissa uzwi nka Ndimbati warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bivugwa ko yagerageje kumurwanya no kumwambura imbunda. . Umupolisi yishe umusore wari warenze ku…
Mozambique: Byabaye inshoberamahanga uko ingabo z’u Rwanda 1000 zahiduye ibintu mu byumweru 2 gusa. Uko abanyamahanga babona izi ngabo
Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho…
Lionel Messi yatambagijwe Paris mu cyubahiro cy’abaperezida. Amafoto
Rutahizamu ukomeye ku isi,Lionel Messi,yaraye ageze mu mujyi wa Paris aho yawuzengurutse arinzwe cyane n’abapolisi ndetse n’amamodoka menshi cyane nk’uko biba bimeze ku baperezida bakomeye. . Lionel Messi yatambagijwe Paris arinzwe cyane . Lionel Messi yamaze gusinyira Paris Saint…
Dore amagambo 3 wabwira umusore mukundana agatuma umubura burundu
Ubwonko bw’abagabo, ntabwo bugorana mu kumva ibintu nk’uko benshi babitekereza. Niba agukunda uzasanga ari wa muntu utuje kandi ugira gutekereza cyane. Nta n’ubwo uzamwumva ari kugusaba ibintu bitandukanye. Ntabwo azijandika mu bintu bishobora gutuma akubura. Gusa na none iki…
Abayisenga wishe Padiri mu Bufaransa yaba yarahoze muri polisi y’u Rwanda. Byinshi kuri we
Umwaka umwe nyuma yo kwemera ko yatwitse Katederali, nyuma y’uko kandi tariki 29 z’ukwezi gushize avuye mu bitaro by’indwara zo mu mutwe, ku wa mbere yishyikirije polisi yemera ko amaze kwica Padiri Olivier Maire. Ikinyamakuru La Croix cya Kiliziya…
Lionel Messi mu mwambaro wa PSG wanditseho Visit Rwanda. Numero azajya yambara nayo yamenyekanye – AMAFOTO
Ikipe ya Paris Saint-Germain ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje Umunya-Argentine Lionel Messi nk’umukinnyi wayo mushya. Messi ufatwa na benshi nk’umukinnyi wa mbere wa ruhago ku Isi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe isanzwe ari umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu…
Ubushinwa: Umunyakanada Yakatiwe gufungwa imyaka 15 ajuriye akatirwa urupfu
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubutabera bwo mu Bushinwa bwakatiye igihano cy’urupfu Umunyakanada, Robert Lloyd Schellenberg bwari bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Iyi akaba ari indi dosiye y’ubutabera yiyongera ku zindi zikomeje kuzana igitotsi mu mibanire hagati y’u…
Lionel Messi yamaze kwerekeza muri PSG aho Yakiriwe nk’umwami w’abami – AMAFOTO
Ntabwo bikiri inkuru,umunyabigwi,Lionel Messi,yamaze kugera mu mujyi wa Paris aho yagiye gusinya amasezerano y’imyaka 2 akinira ikipe ya Paris Saint Germain ikomeye kurusha izindi zose mu Bufaransa. . Lionel Messi yakiriwe nk’imwami w’abami i Paris . Messi n’umuryango we…
Ibifaru by’intambara bigezweho kandi biteye ubwoba ku rugamba bikoreshwa muri iki gihe – AMAFOTO
Hano hari ibimodoka byinshi by’intambara by’imitamenwa bizwi nk’ibifaru biri mu kazi muri iki gihe, ariko bigomba guhora bivugururwa kugirango bijyane n’igihe. T-14 Armata – U Burusiya T-14 Armata ni ubwoko bw’ibifaru bigezweho by’igisekuru cya kane, akaba ari ubwoko bikekwa ko…