Latest post

Musanze: Mutwarasibo yakase ikiganza cya SEDO, akoresheje urukero

Umuyobozi w’isibo (Mutwarasibo) mu Kagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yakase ikiganza cy’umuyobozi ushinzwe iterambere n’imibereho y’abaturage (SEDO) Twagirayezu Olivier, akoresheje urukero rukoreshwa mu bwubatsi.   . SEDO w’akagari yagiye kubuza umuturage kubaka nta byangombwa amukata…

Posted on

Ku iherezo wa mukobwa wakunze cyane Bruce Melody bavuganye kuri telefoni si ukumutomora yivayo

Umukobwa witwa Gihozo wakunze cyane Umuhanzi Munyakazi Bruce Melodie yavuganye nawe kuri telephone mu kiganiro yagiranye na YagoTv Show akanyamuneza karamusaga maze amusakazaho imitoma myinshi , anamuhishurira ko ari mu rukundo n’umusaza w’imyaka 98 bitewe nuko yamwanze.   . Gihozo…

Posted on

Se wabo wa Abayisenga uherutse kwica padiri mu Bufaransa yanyomoje yavuzwe ku muryango wabo

Joseph Murasampongo, sewabo wa Emmanuel Abayisenga ushinjwa kwica umupadiri mu Bufaransa, yabwiye BBC ko bimwe mu byavuzwe kuri Abayisenga n’umuryango wabo nta kuri kubirimo.   Ku wa mbere, Abayisenga yishyikirije polisi mu burengerazuba bw’Ubufaransa avuga ko yishe umupadiri witwa Olivier…

Posted on

Yvan Buravan yiswe umupfumu kubera ifoto ye yashyize hanze acigatiye inzoka n’ubwe abihuza na Bibiriya

Umuhanzi Yvan Buravan yakoresheje ubuhanuzi buboneka muri Mariko 16:17-19 nyuma yo gufata inzoka nini mu ntoki ze ikomeje kuvugisha abatari bacye ndetse bamwe bakaba banatangiye kumwita umupfumu bitewe n’uko ibyo yakoze atari ibintu bimenyerewe.   . Yvan Buravan yashyize hanze…

Posted on
Uncategorized

Ba Kapiteni 4 bahuriye mu ikipe imwe, hazakina nde hazasibe nde? Hazayobora nde? Dore 11 ba PSG harimo 2 bakuze bazirana

Nyuma yo gusinyisha Lionel Messi, ubu isi y’umupira w’amaguru amaso yayerekeje mu gihugu cy’Ubufaransa habarizwa ikipe ya Paris Saint Germain, igiye gutangira umwaka w’imikino ariyo kipe ihemba amafaranga menshi ku isi.   . Ninde uzaba Kapiteni wa PSG? . Abakinnyi…

Posted on

Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo gushyira ifumbire mu biryo bayitiranyije n’umunyu

Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byarozwe mu majyaruguru ashyira uburengarazuba bwa Nigeria.   Byabaye mu gace k’icyaro kitwa Danzanke muri leta ya Sokoto. Ali Inname ushinzwe ubuzima muri iyi leta, yabwiye abanyamakuru…

Posted on

Reba ikintu kibi kurusha ibindi umuntu ashobora guhurira nacyo mu rukundo

Urukundo ruraryoha, benshi bifuza kurubona no kuruhabwa kandi umuntu wese ashobora gukunda, gusa n’ubwo rugira ibyiza byinshi rushobora no kugira ibibi nyamara abantu benshi usanga batabyibazaho mbere yo kurwinjiramo cyangwa ugasanga batanabizi.   Umuntu wese iyo ava akagera yaba umukobwa…

Posted on

Reba ikintu gikomeye cyabaye ku ikipe ya PSG nyuma gato yo gusinyisha rutahizamu Lionel Messi

Igihangange, Lionel Messi cyatangiye gusubiza PSG amafaranga yagitanzeho kitarayikinira n’umukino wa mbere aho amakuru arimo kuvugwa ubu avuga ko nyuma y’umunsi umwe asinyiye iyi kipe abafana bayo bakoze igisa nko kugaba igitero ku iduka ryayo bashaka kwibikaho umwambaro wa numero…

Posted on

Uganda: Abegukanye imidari ya Zahabu mu mikino Olympic bagabiwe imodoka nziza buri umwe mu rwego rwo kubashimira

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni kuri uyu wa 11 Kanama 2021 yahaye imodoka nziza abakinnyi bahagarariye igihugu mu mikino ya Olempike, bakegukana imidari ya zahabu, anabasezeranya ko bazajya bahembwa amashilingi ya Uganda miliyoni 5 ku kwezi.   Nk’uko…

Posted on

Min. W’ingabo muri Afurika y’Epfo avuga ko ingabo z’u Rwanda ntacyo zakoze muri Mozambique

Minisitiri w’Ingabo n’ibikorwa by’abahoze ari abasirikare muri Afurika y’Epfo, Thandi Modise, avuga ko Ingabo z’ u Rwanda ziri muri Mozambique nta kazi zakoze kugeza ubu ngo ahubwo nibwo urugamba rugiye gutangira.   . Min. w’ingabo muri Afurika y’Epfo yavuze ko…

Posted on