Ibi ni byo bintu 6 byakugaragariza ko uzasazana n’umukunzi wawe
Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima. . Ibimenyetso byakwereka ko uzasazana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba uzarambana…
Hari gukorwa indege z’indwanyi z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto
Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. . Indege z’indwanyi ziteye imbere kurusha izinda ku isi . Indege z’igisekuru cya 6 . Indege z’indwanyi…
Rusizi: Umubyeyi yagiye gutabara umwana we wari urohamye mu mugezi nawe agwamo arapfa
Mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Nyamasheke haravugwa inkuru ibabaje cyane y’urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 14 y’amavuko witwaga Niyogushimwa Jean Claude wigaga mu wa 5 w’amashuri abanza ku ishuri ribanza rya Karangiro mu…
Kumenya ibi ni ingenzi: Ibintu 8 abasore n’abagabo b’iki gihe bakunda ku bakobwa n’abagore
Muri kamere yabo burya, ngo abagabo bakunda kureba no kwitegereza abagore. Igituma umugore cyangwa se umukobwa akurura umugabo ngo biterwa ahanini n’ibyo uwo mugabo akunda. Muri rusange, ngo n’ubwo abagabo bakunda ibintu bitandukanye ariko burya ngo hari ibintu by’umwihariko ku…
Rutahizamu Babuwa Samson yamaze kwerekeza muri Angola mu ikipe izakina CAF confederation Cup
Rutahizamu w’umunya-Nigeria Babuwa Samson, yamaze kwerekeza mu kipe ya Bravos do Maquis yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Angola. Babuwa yabwiye BWIZA dukesha iyi nkuru ko yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iriya kipe ibarizwa mu gace ka Luena…
Vestine yahishuye uko umuvugabutumwa yamufashe ku ngufu akamugira umugore wa 4, akajya amusambanya ku gahato… UBUHAMYA
Mu buhamya bukomeye Cyakwera Vestine yatanze, yahishuye uko yafashwe ku ngufu n’umuvugabutumwa akamugira umugore wa 4 akajya amukingirana akamusambya ku gahato buri gihe bakabyarana abana 4. Ubu baratandukanye. Atangira ubuhamya bwe mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV yavuze ko…
Abasore: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe niba wifuza urugo rwiza
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1. Umukobwa…
Wigeze urota kubona Lionel Messi na Ronaldo mu ikipe imwe? Magingo aya birashoboka. Dore ibitangaza 8 byaba mu gihe Messi yasanga Cristiano Ronaldo muri Juventus
Ubu tuvugana Messi ari mu mubare w’abantu ku Isi badafite akazi nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka 18. Kuri iy’Isi nta muntu n’umwe wakwiyumvisha ko hari igihe Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bashobora…
Menya byinshi ku ndwara y’ibiheri byo mu maso cg se ibishishi
Ibiheri byo mu maso, indwara benshi bakunda kwita ibishishi (acne vulgaris) ni indwara ikunze kwibasira uruhu, aho itera gufungana k’utwenge duto tw’uruhu (tumwe ubona tuba turimo ubwoya) ndetse n’imvubura zisohora amavuta yo ku ruhu. Akenshi utu twenge twifunga bitewe n’uturemangingo…
Padiri Buhanga Jean Claude yaguye mu mpanuka y’imodoka
Padiri Jean-Claude Buhanga wayoboraga Paruwasi ya Cyahinda muri Diyoseze ya Butare yaguye mu mpanuka y’imodoka uyu munsi, hafi y’ibiro by’Akarere ka Nyaruguru. . Padiri Jean-Claude Buhanga yagonzwe n’ikamyo . Ikamyo y’abashinwa yagonze imodoka ya Padiri Jean-Claude Buhanga . Impanuka ikomeye…