Umufana wa Rayon Sports yatabaje Perezida Kagame ngo abakize agahinda baterwa na Jean Fidèle uyiyobora
Umukunzi wa Rayon Sports yatuye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agahinda abafana b’iyi kipe baterwa na Perezida Uwayezu Jean Fidèle uyiyobora, maze asaba Umukuru w’Igihugu ko yakabakiza. Ni ibyo uwitwa “KJD TV Rwanda” ku rubuga rwa YouTube yanyujije…
Umugore yarashe umugabo wari usanzwe ari umusirikare ahita apfa
Umusirikare mu gisirikare cya Repubulka Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yishwe arashwe n’umugore we nyuma yo gushyamirana bagatongana hafi ku rwana. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri teritwari ya Kalehe mu ijoro rishyira ku Cyumweru taliki 16 Kamena…
Umugabo witwa Nzaramba David yaguwe gitumo yiha akabyizi ku mugore w’abandi muri Butike benshi batungurwa n’ibyo uyu mugore wari wizihiwe yahise akorera ubuyobozi
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko mu kagari ka Kabudundu, umugabo yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi muri butiki. Ahagana muma saa cyenda z’ijorozo ryo kuwa 13 Mata 2022 nibwo Uwitwa Nyirahabimana Leonille, yahurujwe abwirwa ko umugabo we Nzaramba David aryamanye…
Kimisagara: Umugabo yihaye akabyizi ku mwana yibyariye arangije akora ibyatumye benshi bamwita umukuru w’Ibigwari
Umugabo witwa Baranyeretse Theoneste uzwi ku izina rya Kavamahanga wo mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye ni nyuma y’uko umwana we yibyariye avuye guhuruza abaturage abamenyesha ko se amaze kumusambanya noneho yagaruka…
Musanze: Umusore wari wagiye gusenga arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa amusanze mu bwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri….
Dore impamvu zishobora gutera abantu kumatana igihe batera akabariro n’icyo bakora igihe bibaye
Rimwe na rimwe hakunze kumvikana inkuru ko hari abantu bamatanye, igitsina cy’umugabo cyafatiwe mu cy’umugore mu gihe bari mubgikorwa cyo gutera akabariro. Mu basoma iyi inkuru birashoboka ko hari abo byabayeho, bakaba batanga ubuhamya. Hari abafite inshuti byabayeho. Hari n’abandi…
Impamvu Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite
Mu gikorwa cyo kwakira indahiro z’Abayobozi bashya baheruka guhabwa inshingano muri Guverinoma no mu zindi nzego nkuru z’igihugu Perezida Paul Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite mu gihe habura igihe gito Abanyarwanda bakongera gutora Abadepite. Kuri uyu wa 12…
Umugabo yishe umugore we wamusabaga kujya mu banyamasengesho kubera ibyo yabonye mu nzu yabo
Umugabo witwa Solomon Kapanga w’imyaka 29, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore w’imyaka 22 nyuma y’uko amukubise ishoka mu mutwe bapfa ko yamusabaga ngo bajyane kureba umunyamasengesho, ni nyuma y’uko bari bamaze kubyemeranya umugabo akaza kubyanga umugore akamuhatiriza. Ibinyamakuru byo muri…
Hamenyekanye ibyo Amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu marembo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gukora
Kuri uyu wa Gatatu ushize amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu gice cy’inyanja kigenzurwa na Cuba mbere y’imyitozo ihuriyemo ingabo z’ibihugu byombi iteganyijwe muri Karayibe. Iyi myitozo bamwe barayibona nk’uburyo bw’u Burusiya bwo kwerekana ingufu zabwo mu gihe hakomeje…
Hatangiye gukoreshwa Uburyo bushya bwo kugendana amafaranga mu mubiri wa muntu
Ubu iyo uzengurutse mu masoko hirya no hino kw’Isi kuva muri Afurika, Aziya, Amerika n’u Burayi usanga abishyura ibicurunzwa na Serivise bahawe, akenshi bakoresha amakarita y’ama banki babitsemo amafaranga yabo. gusa ubu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hari gukoresha ikiganza…