Latest post

Hamenyekanye akayabo Rayon Sports yahaye Ombolenga na Muhadjrii kugirango bayisinyire

Kuri uyu wa Kane,tariki ya 13 Kamena nibwo Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Ombolenga Fitina ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri iri imbere. Ombolenga yishyuwe miliyoni 25 FRW ndetse yemererwa umushahara wa miliyoni buri kwezi. Uyu mukinnyi w’umuhanga kuri…

Posted on

Umupolisi ukomeye yarasiye umucamanza mu rukiko nawe ahita araswa

Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ’Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucamanza mukuru Monica Kivuti wo mu rukiko rwa Makadara,…

Posted on

Amavubi yaruhutse gucuragizwa kubera sitade

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryemeje ko Amahoro Stadium yujuje ibyangombwa bikenerwa mu kwakira imikino mpuzamahanga ya CAF/FIFA. Mu butumwa bageneye u Rwanda biciye muri Minisiteri ya Siporo na Ferwafa, abayobozi bo muri CAF bavuze ko basanze Stade Amahoro yujuje…

Posted on

Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma, Amb. Nduhungirehe agirwa Minisitiri

Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze…

Posted on

Byinshi kuri kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga . Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango…

Posted on

Robinho wakiniye Real Madrid na Man City ari kwiga gukanika radio na TV muri gerezaword

Uwahoze ari umukinnyi ukomeye,Robinho ari kwiga umwuga mushya wo gukanika TV na radio muri gereza nyuma yo gufungwa ashinjwa gusambanya ku ngufu umukobwa mu Butaliyani. Uyu wahoze akinira Real Madrid,Man City na AC Milan,yakatiwe igifungo cy’imyaka icyenda muri gereza ya…

Posted on

X-Dealer waregwaga kwiba telefoni ya The Ben yagizwe umwere n’urukiko

Ndagijimana Eric wamamaye nka X-Dealer, wari umaze igihe akurikiranweho kwiba telefone ya The Ben, yagizwe umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu isomwa ry’urubanza ryabaye ku wa 12 Kamena 2024. Ni nyuma y’uko ku wa 3 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa…

Posted on

Perezida Tshisekedi yubuye gahunda ye yo gutera u Rwanda

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho. Nkuko byashyizwe ku rubuga rwa X na…

Posted on

Nyanza: Umusore yasabye mudugudu kumwishyuriza nyuma yo kwamburwa n’uwamuhaye ikiraka cyo kwica umuntu

Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42…

Posted on

Menya byinshi kuri Kanseri y’umwijima, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

Umwijima ni rumwe mu ngingo mbumbatira buzima ruherereye mu nda ahagana iburyo ,rukaba ari urugingo rufite akamaro karenga 500 mu mubiri wacu,harimo gusohora imyanda mu mubiri ,gukora indurwe ,kuringaniza ikigero cy’isukari mu maraso ,nibindi byinshi. Tukaba tugiye kuvuga ku ndwara…

Posted on