Byatangaje benshi: Perezida wa Malawi n’umuryango we bagiye mu bwongereza kwitabira inama izaba hifashishijwe ikoranabuhanga rya Video Conference
Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera n’itsinda ry’abantu 10 rigizwe n’abarimo umuryango we tariki ya 25 Nyakanga 2021 bagiye mu Bwongereza, kugira ngo yitabire inama mpuzamahanga yerekeye uburezi igomba kwifashisha ikoranabuhanga mpuzashusho rya ‘video conference’. Abagize umuryango wa Perezida Chakwera bamuherekeje…
Micho wigeze gutoza Amavubi yasubiye gutoza Uganda ku nshuro ya kabiri
Milutin Sredojevic Micho watojeho ikipe y’igihugu Amavubi, yongeye guhabwa ikipe y’igihugu ya Uganda nyuma y’imyaka 4 ayivuyemo. Mu minsi ishize nibwo Micho yirukanwe n’ikipe ya Zambia kubera umumaro mucye, ariko ibyo FUFA iyobora umupira w’amaguru muri Uganda ntiyabyitayeho, ikaba…
Haruna Niyonzima na rutahizamu w’umugande, bayoboye urutonde rw’abakinnyi Rayon Sports ishaka
Nyuma y’aho perezida wa Rayon Sports agarukiye mu Rwanda, muri Rayon Sports byashyushye, isoko ryongeye gukomera cyane. Nyuma y’aho Rayon Sports isoreje ikiciro cya mbere cyo kugura abakinnyi aho yinjije Mico Justin, Muvandimwe Jean Marie Vienney, Mugisha Master na…
FERWAFA yaciwe akayabo ka miliyoni zisaga 120 FRW kubera kwirukana umukozi binyuranyije n’amategeko
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryishyuye Umufaransa witwa Jérôme Dufourg miliyoni zisaga 120 frw wari usinzwe itumanaho no gushaka amasoko kubera kumwirukana bidakurikije amategeko. Uyu mugabo wahoze akorera FERWAFA nk’ushinzwe kuyishakira amasoko yatsinze mu nkiko iri shyirahamwe ritegekwa…
Birababaje: Umugore yanize abana be 2 barapfa nyuma yo gushwana n’umugabo we
Umugore witwa Diana Nasimiyu Kibisi ukomoka mu gihugu cya Kenya yakoze amahano ubwo yashwanaga n’umugabo we bituma afata umwanzuro wo kuniga abana be babiri arabica. Uyu mugore utuye ahitwa Jérusalem-Waithaka, muri Dagorreti I Nairobi yatawe muri yombi nyuma yo…
Karasira Aimable yakatiwe gufungwa iminsi 30 mu gihe agitegereje kuburana. Impamvu zashingiweho
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi. Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha. Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi…
Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melody baciriye bugufi Meddy gusa hari ababinye nko kwiyerurutsa
Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melodie bagaragaje ukwicisha bugufi imbere ya Meddy, nyuma yo gushinjwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kumugirira ishyari kubera ibyo ari kugeraho. Bruce Melodie yashinjwe kugirira Meddy ishyari kubera amagambo yamuvuzeho mu minsi yashize avuga ko we na…
Abapolisi 2 bafunze bakekwaho gusambanyiriza abanyeshuri kuri site y’ibizamini bya Leta
Abapolisi babiri basanzwe bakorera akazi mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, batawe muri yombi bakekwaho gusambanyiriza abana b’abakobwa kuri site y’ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 25 Nyakanga ni bwo…
Mozambique: Ingabo za Leta zifatanyije n’iz’u Rwanda zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba bizwi nka Awasse
Ingabo za Mozambique zifatanyije n’iz’u Rwanda zavanye inyeshyamba ziyitirira idini ya Islam mu birindiro byazo bya Awasse nyuma y’imirwano ikomeye ku cyumweru no kuwa mbere. Awasse ni agace kafashaga izi nyeshyamba nk’urukuta rukingira umujyi zigaruriye wa Mocimboa da Praia,…
Umukobwa wafungishije Davis D yamusabye imbabazi. Icyo Davis D abivugaho – AMAFOTO
Umuhanzi Davis D bwa mbere yasubije umukobwa wamufungishije azira ubusa, uherutse kumusaba imbabazi ,avuga ko ibyabaye byari nk’impanuka. Uyu muhanzi yabisubije mu kiganiro yagiranye n’Igihe , Davis D ahamya ko n’ubwo ataravugana n’uyu mukobwa ngo amusabe imbabazi imbonankubone, bitewe…