Biratangaje: Indirimbo My Vow ya Meddy ikomeje guca ibintu yatangiye gukorwa mu myaka 4 ishize
’My Vow’ ya Meddy iri kuvugisha benshi nyuma yo kwesa agahigo mu Rwanda ko kurebwa n’abantu benshi kandi mu gihe gito kuri YouTube. Hatangajwe ibitari bizwi kuri iyi ndirimbo, ari nabyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru maze tukakumara amatsiko. …
Umuherwe Bill Gates wahanuye Covid-19 muri 2015 yateguje ikindi cyorezo kigiye kwaduka ku isi. Ese isi ntiyaba iri mu kagambane?
Mu gihe icyorezon cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira mu Isi yose ari nako kigenda kihinduranya gihitana abatari bacye, abanyapolitiki n’abatuye Isi bakomeje gutangazwa n’ukuntu gikomeje guhagarika ubukungu bw’Isi cyuzuza ibitaro kugeza ubwo bimwe birengerwa ari ko gihindura ubuzima bwa buri munsi…
Juno Kizigenza yahawe urw’amenyo azira kwishongora kuri Meddy
Umuhanzi ukizamuka mu muziki, Juno Kizigenza, yahawe urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwifatira ku gahanga Meddy akavuga ko atamubona nk’umwami wa muzika Nyarwanda mu gihe yaheze ishyanga. Meddy Juno yashatse kwibasira mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo yasohoye indirimbo…
Miss Uwase Clementine yahawe n’umukunzi we Imodoka yagataraboneka k’umunsi w’isabukuru ye yamavuko [AMAFOTO]
Miss Uwase Clementine uzwi cyane ku izina rya Tina wahagariye u Rwanda muri Miss supranational mu mwaka 2018 ndetse no muri Miss Elite muri 2020 ,yatuguwe bikomeye n’umukunzi we Lukasz Przeniewski amuha impano y’imodoka yakataraboneka kw’isabukuru ye yamavuko. Umwe…
Ibibazo 5 by’ingutu harimo n’icya Messi FC Barcelone igomba gukemura mu minsi 20 gusa
Harabura iminsi 20 gusa kugira ngo shampiyona ya Espagne itangire ariko mu bigaragara ni uko Barcelona ititeguye tugendeye ku byo isabwa. Tariki 15 Kanama 2021 ni bwo Barcelona izakina umukino wa mbere wa shampiyona aho izaba yakiriye Real Sociedad…
Umukobwa uzwi cyane mu biganiro bya television yigambye uko yakenesheje abagabo benshi bajyanye mu buriri na we
Iyi nkuru uyisomye yagufasha ukamenya ko imico y’ubusambanyi nta keza kayo ahubwo isubiza inyuma abagabo batanga amafaranga mu kuryamana n’abakobwa kuko hari umukobwa uba ufite gahunda yo gukenesha uwari umukire nk’uko umukobwa witwa Angel Smith wo muri Nigeria hari abo…
Tanzania: Umukuru w’ishyaka CHADEMA yarezwe iterabwoba amahanga arahaguruka
Freeman Mbowe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania ufunze, yarezwe ibyaha bijyanye n’iterabwoba, nkuko amakuru abivuga. Mu butumwa bwo kuri Twitter, ishyaka akuriye rya CHADEMA na ryo ryatangaje ko yarezwe ibyaha by’iterabwoba. Umukuru wa polisi ikorera i Dar es…
Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini kubera gukora imirimo y’ingufu
John Simbaburanga wahoze muri Polisi y’u Rwanda ku ipeti rya Liyetona, hari amakuru ko asigaye aba mu nkambi yo mu Bubiligi aho akora imirimo y’ingufu ituma bamwita Ikimashini. Mu gihe we avuga ko aba muri Afurika y’Epfo, KT Press…
Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa
Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora n’ibibazo birimo n’icyorezo cya COVID19 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo. Biteganyijwe ko…
Akamaro ko koga amazi ashyushye ku mubiri w’umuntu
Koga amazi ashyushye, ushobora kuyoga wiyuhagira ariko ushobora no kuyajyamo ukayamaramo iminota hagati ya 5 na 10. Ubwo ni ukuyasuka mu kintu ubasha kujyamo ugakwirwamo. Hahora ikibazo ku bantu ku kumenya niba koga amazi akonje ari byo byiza cyangwa…